REBERO

Advertise Here!

Uburezi

Nyamasheke: Abarerera muri ES Rangiro barishimira uko ryita ku bana babo.

Ababyeyi barerera mu ishuri ryisumbuye rya Rangiro,riri mu murenge wa Rangiro,akarere ka Nyamasheke, bavuga ko bashimira byimazeyo ubuyobozi bwaryo n’abarezi ,imbaraga bashyira mu kwita ku bana babo,haba mu mitsndire y’ibizamini, imikino,imyitwarire n’imirire. Abana bahize abandi mu mitsindire bari kumwe n’ababyeyi babo n’abayobozi b’ishuri Babigaragarije mu nama baherutse kugirana n’iri shuri, aho nyuma yo kugaragarizwa uburyo […]

Nyamasheke: Abarerera muri ES Rangiro barishimira uko ryita ku bana babo. Read More »

Rusizi: Kubabazwa n’abana bari mu mibereho mibi byamuhaye igitekerezo cyo gushinga umuryango ubitaho

Niyomugisha Gatera Josué w’imyaka 27,wo mu mudugudu wa Kadasomwa,akagari ka Kamashangi,umurenge wa Kamembe,akarere ka Rusizi, avuga ko gukura abona ubuzima bushaririye bwa bamwe mu bana bo muri uyu mujyi wa Rusizi,babura ibikoresho by’ishuri n’ibindi bakenera bigatera bamwe kurivamo no kuba inzererezi, yagize igitekerezo cyo gushinga umuryango witwa  Mugisha Immanuel Foundation ( MIF),ubitaho azafatanya n’urundi rubyiruko

Rusizi: Kubabazwa n’abana bari mu mibereho mibi byamuhaye igitekerezo cyo gushinga umuryango ubitaho Read More »

Umuntu witwaje imbunda muri kaminuza ya Prague yishe 14 muri Repubulika ya Czech yarashe abantu benshi

Kuri uyu wa kane, umwirondoro w’umuntu witwaje imbunda warashe muri kaminuza ya Prague yahitanye abantu 14. Umunyeshuri David Kozák yarashe ku igorofa rya kane rya kaminuza ya Charles muri Jan Palach Square nyuma gato ya saa tatu z’ijoro, amashusho akonje agaragara nk’uwarashe yambaye umukara, afata intego kuri bikoni afite imbunda nini. Abanyeshuri umunani babonye bihishe

Umuntu witwaje imbunda muri kaminuza ya Prague yishe 14 muri Repubulika ya Czech yarashe abantu benshi Read More »

Karidinali Ambongo arasaba ibihugu by’Afurika gushora imari mu burezi.

Yayoboye ibirori byo gusoza Ukaristiya kwizihiza Kongere ku bijyanye no gusubiza “amasezerano y’uburezi nyafurika mu mwuka wa Papa Fransisko,” Karidinali Fridolin Ambongo yasabye abagize uruhare mu nzego z’uburezi muri Afurika gukorera hamwe kandi bagashakisha inzira y’uburyo bushya. ku burezi bwa Afurika. Misa yo gusoza yabereye kuri Paruwasi ya Sainte-Famille i Abidjan, Cote d’Ivoire. Nyuma y’iminsi

Karidinali Ambongo arasaba ibihugu by’Afurika gushora imari mu burezi. Read More »

Rusizi: Abasore n’inkumi 99 barangije imyuga bashyikirijwe ibikoresho

Abasore n’inkumi  99 b’imirenge ya Nkungu na Nyakarenzo bigishijwe imyuga yo gusudira,amashanyarazi no gutunganya imisatsi n’inzara, n’umuryango nyafurika w’ivugabutumwa ( AEE Rwanda), ku nkunga ya Help a child Rwanda, kuri uyu wa 14 Ukuboza bashyikirijwe ibikoresho bibafasha ku isoko ry’umurimo, basabwa kubyaza umusaruro ufatika amahirwe bahawe. Abasore n’inkumi 99 barangije imyuga bari kumwe n’abayobozi babo

Rusizi: Abasore n’inkumi 99 barangije imyuga bashyikirijwe ibikoresho Read More »

Rusizi: Ishuri ryashimiye umwarimu ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Bahati Charlotte wari umaze imyaka 16 yigisha icyongereza mu mashuri abanza muri GS Bugarama Cité, mu karere ka Rusizi,akaba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru ku myaka 65,yishimiye guherekezwa neza na bagenzi be, abanyeshuri yigishije,ubuyobozi bw’ishuri n’umurenge wa Bugarama, asaba ko guherekeza neza umurezi ugiye mu ki ruhuko nk’iki n’akarere kajya kabigiramo uruhare. Abayobozi banyuranye baha Bahati

Rusizi: Ishuri ryashimiye umwarimu ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru Read More »

Rusizi: Abarerera muri ES Gishoma bemeza ko ari ishuri ry’icyizere

Abarerera mu ishuri ryisumbuye rya Gishoma ( ES Gishoma) ,mu murenge wa Rwimbogo,akarere ka Rusizi, rimwe mu mashuri 2 gusa y’amasiyanse mu karere kose ka Rusizi,bavuga ko bakurikije uburyo ristindisha mu bizamini bya Leta, n’imyitwarire y’abahize iyo bageze ahandi, barifata nk’ishuri ry’icyizere cy’ejo hazaza heza  h’abana babo. Ababyeyi baganiriza abana, babaha impanuro Mu kiganiro na

Rusizi: Abarerera muri ES Gishoma bemeza ko ari ishuri ry’icyizere Read More »

Nyamasheke: Abarerera muri GSFAK biyemeje gukomeza kuyigira indashyikirwa

Nyuma y’uko ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke bushimiye  GSFAK nk’indashyikirwa mu mitsindire y’umwaka w’amashuri 2021-2022,umwaka ushize rikarushaho mu barangije icyiciro rusange cy’ayisumbuye,ubuyobozi bwaryo bukanavuga ko bufite icyizere ko n’amanota y’abarangiza uwa 6 nasohoka bazaba bahagaze neza,ababyeyi barirereramo biyemeje gukomeza kurigira indashyikirwa. Umuyobozi w’iri shuri, Rév. Past Ukizebaraza Léon Emmanuel asezeranya ababyeyi ko ibishoboka byose bizakomeza gukorwa

Nyamasheke: Abarerera muri GSFAK biyemeje gukomeza kuyigira indashyikirwa Read More »

Nyamasheke: Ishuri ryisumbuye rya Gafunzo ( ESGA) ryizihije Yubile y’imyaka 25

Abayobozi  b’ishuri ryisumbuye rya Gafunzo ( ESGA) riri mu murenge wa Shangi,akarere ka Nyamasheke, abaritangije,abarirereramo n’abaryizemo rigitangira bari mu mirimo itandukanye , n’abaryigamo ubu, baravuga ko ryabaye igisubizo ku mpinduka z’ubuzima bwa benshi,bagashimira Leta yaryemereye gukora ku wa 9 Ugushyingo 1998, rikaba ribaye ubukombe. Abaryigamo Ubu biyemeje kugera ikirenge mu cya bakuru babo Byagarutsweho ku

Nyamasheke: Ishuri ryisumbuye rya Gafunzo ( ESGA) ryizihije Yubile y’imyaka 25 Read More »

Nyamasheke: Ku nshuro ya 9 Kibogora polytechinic yashyize 1975 bayirangijemo ku isoko ry’umurimo

Ku nshuro ya 9 abayeshuri  1975 barangije mu mashami anyuranye muri kaminuza ya Kibogora polytechnic ,mu karere ka Nyamasheke, bahawe impamyabumenyi, basabwa  byinshi birimo kuba igisubizo cy’impinduka mu mibereho myiza y’abaturage b’aho bazakora bose no gukomeza guhesha ishema ishuri barangijemo. Bishimiye intambwe bateye mu bumenyi Ni ubwa mbere muri izi nshuro 9 rirangijemo abangana batya,

Nyamasheke: Ku nshuro ya 9 Kibogora polytechinic yashyize 1975 bayirangijemo ku isoko ry’umurimo Read More »

Scroll to Top