REBERO

Advertise Here!

Ubukungu

Polisi yafashe amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu buryo bwa magendu

Inkuru dukesha Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU), Ku cyumweru tariki ya 15 Mata, yafatiye mu bikorwa bitandukanye mu turere twa Nyabihu na Gicumbi, amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu. Mu Karere ka Nyabihu hafatiwe imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari ipakiye amabalo 52 y’imyenda […]

Polisi yafashe amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu buryo bwa magendu Read More »

Rusizi: Serivisi nziza mu nyubako icyeye,ishema rya SACCO Tea Shagasha

Kimwe mu bikomeye abanyamuryango ba SACCO Tea Shagasha,mu karere ka Rusizi bavuga ko batojwe na perezida Kagame ni umuco wo kwigira no kwihesha agaciro,bagaragaje umwaka ushize ubwo biyuzurizaga inyubako yabo bavuga ko ibahesha ishema,yabatweye arenga 76.000.000,basezerera guhererwa serivisi mu mfunganwa. Bavuga ko iyi nyubako yabarinze kongera kunyagirirwa hanze baje gushaka serivisi Ni igikorwa buri munyamuryango

Rusizi: Serivisi nziza mu nyubako icyeye,ishema rya SACCO Tea Shagasha Read More »

Nyamasheke: COOPTHE Mwaga-Gisakura barashimira perezida Kagame imigabane yabahaye mu ruganda rw’icyayi

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura bahawe na perezida Kagame mu ruganda rw’icyayi rwa Gisakura imigabane ya 15% ni yo yatumye binjira mu banyamigabane ba Gisakura Tea Company, indi 10% ihabwa COOPTHEVIGI. Bakavuga ko kuba biyumva muri iyi kampani babishimira perezida Kagame wita kuri buri munyarwanda wese aho ava akagera. Bavuga ko izamuka ry’igiciro cy’icyayi ribaha

Nyamasheke: COOPTHE Mwaga-Gisakura barashimira perezida Kagame imigabane yabahaye mu ruganda rw’icyayi Read More »

Rusizi: Imyaka 30 y’imiyoborere myiza mu mboni za COOPTHE Shagasha

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha bagihinga mu mirenge ya kungu,Giheke,Kamembe,Mururu na Nyakarenzo mu karere ka Rusizi na Ruharambuga muri Nyamasheke, baravuga ko muri iyi myaka 30 y’imiyoborere myiza y’igihugu, ari bwo basubijwe icyayi cyabo,kuko mbere batakibonaga nk’icyabo, ntacyo cyari kibamariye. Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha basanga mu miyoborere myiza bazarushaho gutumbagira mu iterambere Mu kiganiro

Rusizi: Imyaka 30 y’imiyoborere myiza mu mboni za COOPTHE Shagasha Read More »

Nyamasheke: Amizero SACCO imbarutso y’iterambere rirambye ry’abahinzi b’icyayi

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura na COOPTHEVIGI mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko aho baboneye SACCO yabo’ Amizero SACCO’ baciye ukubiri no kubunza imitima y’aho bakura amafaranga bikenuza,bagashimira perezida Kagame wabateje iyi ntambwe idasubira inyuma. Iyi nyubako bishatsemo iri mu byo bishimira cyane Babitangarije Rebero.co.rw,mu kiganiro bagiranye,aho nk’abatangiye kugihinga mu myaka ya kera, bagaragaza ko

Nyamasheke: Amizero SACCO imbarutso y’iterambere rirambye ry’abahinzi b’icyayi Read More »

Nyamasheke: Abarobyi barashimira perezida Kagame ibyo amaze kubagezaho

Abarobyi bo mu karere ka Nyamasheke  baravuga ko kwitabwaho  byihariye,bagaterwa inkunga na Leta ku buryo bufatika,byanogeje umwuga wabo,amafi n’isambaza birushaho kuboneka ku bwinshi, impinduka mu iterambere zirigaragaza, byose bakavuga ko babikesha perezida Kagame. Kareremba batewemo inkunga na Leta zatumye amafi muri aka karere abonekera igihe cyose akenerewe. Mbere ngo ntibyabagaho Mu kiganiro Rebero.co.rw yagiranye n’umuyobozi

Nyamasheke: Abarobyi barashimira perezida Kagame ibyo amaze kubagezaho Read More »

NYARUGENGE: Babiri bafatanywe amacupa arenga 900 y’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Nyarugenge, abantu babiri bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yo kwisiga yangiza uruhu azwi nka ‘mukologo’ ubwo bari batwaye mu modoka amacupa y’ayo mavuta 924. Abafashwe ni umugabo w’imyaka 41 y’amavuko, wari utwaye imodoka irimo amavuta na mugenzi we w’imyaka

NYARUGENGE: Babiri bafatanywe amacupa arenga 900 y’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu Read More »

Nyamasheke/ COTHEGA: Impinduka mu iterambere ry’abahinzi b’icyayi zigeze ahashimishije

Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri COTHEGA,bagihinga mu mirenge ya  Karambi na Cyato,akarere ka Nyamasheke,baravuga ko impinduka mu iterambere ryabo zigeze ahashimishije, kuko bahereye aho igiciro cyacyo kivuye n’aho kigeze, impinduka uruganda rwacyo rwazanye mu bukungu n’imibereho myiza yabo, imirimo iboneka mu buhinzi n’ubusoromyi,n’ibindi,bitera buri wese ukirimo kwishima. Umuyobozi w’uruganda rw’icyayi rwa Gatare Gasarabwe Jean Damascène yabasabye

Nyamasheke/ COTHEGA: Impinduka mu iterambere ry’abahinzi b’icyayi zigeze ahashimishije Read More »

Umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Senegali Faye yatsinze 54% mu majwi ya perezida

Ibisubizo by’agateganyo byuzuye biteganijwe ko byemezwa n’Inama ishinzwe Itegeko Nshinga mu minsi iri imbere. Urukiko rw’ubujurire rwa Dakar ruvuga ko umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi Bassirou Diomaye Faye yatsinze amajwi arenga 54 ku ijana mu matora ya perezida wa Senegal. Urukiko rwavuze ko ku wa gatatu ibisubizo by’agateganyo bishingiye ku burebure bw’amajwi kuva ku ijana ku

Umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Senegali Faye yatsinze 54% mu majwi ya perezida Read More »

Ni iki gikurikira kuri Senegali iyobowe na Perezida Bassirou Diomaye Faye?

Faye asezeranya gusubiramo amasezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’igihugu cya Afurika y’iburengerazuba n’umubano n’ibihugu by’ingenzi. Noneho, azageragezwa. Bassirou Diomaye Faye, umugenzuzi w’imisoro wari uzwi cyane kuva mu buroko mu byumweru bibiri bishize, asa nkaho ashobora kuzaba perezida wa Senegali nyuma y’amajwi ababikurikiranira hafi bavuga ko ari gihamya ko igihugu gihanganye na demokarasi. Abashyigikiye umukandida ku mwanya wa

Ni iki gikurikira kuri Senegali iyobowe na Perezida Bassirou Diomaye Faye? Read More »

Scroll to Top