Abanyamujyi basobanuriwe akamaro k’inkoni yera n’imbogamizi bahura nazo mu muhanda
Kuri uyu wa kabiri
tariki ya 13 nibwo umuryango nyarwanda w’abafite ubumuga bwo kutabona (RUB),
basobanuriye abatuye umujyi ubwo bakoraga urugendo mu mujyi wa Kigali ubwo bari
ku giti cy’inyoni.