UBUZIMA

Inama 6 zagufasha kubona ibitotsi mu gihe wabibuze

Inama 6 zagufasha kubona ibitotsi mu gihe wabibuze

Amakuru, UBUZIMA
Bizwi ko iyo umubiri wananiwe ukenera ikiruhuko kandi gusinzira ni kimwe mu biruhuko umubiri wacu ukenera kugira ngo uruhuke bihagije, ugubwe neza. Igihe wabuze ibitotsi ushobora gukurikiza zimwe mu nama tugiye kukugezaho zagufasha kubona ibitotsi. Bamwe usanga babibura atari uko babishatse, abandi ugasanga ari ikibazo cyabagwiririye maze mu buryo bwo gushakira umuti icyo kibazo cy’ingutu bagashaka ibibarangaza kugira ngo amasaha yicume baze kubona ibitotsi. Nubwo tubikora ngo ntabwo ari byiza kuko ngo aho kugira ngo bituzanire ibitotsi, biradutwara bikatubuza kubona ibitosi twashakaga. Tugiye kurebera hamwe ibyo wakora kugira ngo ibitotsi bigaruke mu gihe ubikeneye: Irende kureba kuri televiziyo, mudasobwa, telephone… igihe wabuze ibitotsi Kureba kimwe mu bikoresho by’ikora
Hari gupimwa Ebola abanye Congo ( DRC ) binjira mu   Rwanda

Hari gupimwa Ebola abanye Congo ( DRC ) binjira mu   Rwanda

Amakuru, UBUZIMA
Mu gihe muri Kivu y’Amajyaruguru mu gace ka Beni na Lubero havugwa Ebola imaze guhitana ababarirwa muri makumyabiri, u Rwanda rukomeje gukaza ubwirinzi mu gukumira iyi ndwara. Ni muri urwo rwego ku mipaka ihuza u Rwanda na Congo Kinshasa hari abakozi b’ inzego z’ubuzima bapima buri muntu winjira mu Rwanda avuye muri Congo ( Goma ). Ku mipaka ya Croniche na Petite Barriere hari urujya n’uruza rusanzwe kuri iyi mipaka rukomeje, gusa abakozi b’ ibitaro bya Rubavu barapima umuntu wese winjiye mu Rwanda avuye Congo ( Goma ). Aba baganga bitwaje ibikoresho bipima umuriro umuntu afite abarengeje igipimo cya 38 cy’umuriro, ntibemerwa kwinjira mu Rwanda ahubwo basabwa gusubirayo bakabanza kwivuza. Imipaka ihuza Goma na Gisenyi ikoreshwa n’abantu babarirwa mu bihumbi 45 ku munsi bako
Zimwe Mu Mbuto Zagufasha Kugabanya Ibiro Mu Buryo Bworoshye

Zimwe Mu Mbuto Zagufasha Kugabanya Ibiro Mu Buryo Bworoshye

Amakuru, UBUZIMA
Nubwo rimwe na rimwe kubera isukari iboneka mu mbuto ishobora kubangamira urugendo rwawe mu gihe wifuza kugabanya ibiro, hari zimwe na zimwe zibonekamo intungamubiri nziza ku buzima bwawe ndetse na calories nke cyane zagufasha kugabanya ibiro mu buryo bworoshye.  Zigufasha kumva uhaze igihe kirekire, bityo bikakurinda kurya cyane no kwiyongera ibiro utifuza.Ese waba uzi imbuto zingenzi zishobora kugufasha gutakaza ibiro mu buryo bworoshye utarinze kwiyicisha inzara? Izi mbuto nizo zagufasha kugabanya ibiro k’uburyo bugaragara, utiriwe wiyicisha inzara: Pome/Apple: Niba wifuza kugabanya ibiro, pome ishobora kugufasha kubigabanya mu buryo bwihuse.Pome ibonekamo calorie nke (iringaniye ibonekamo nka calories 50) kandi nta binure cg umunyu ubonekamo.Pome zibamo amazi menshi
Menya ibintu wagize akamenyero kandi bishobora kwangiza umutima wawe

Menya ibintu wagize akamenyero kandi bishobora kwangiza umutima wawe

Amakuru, UBUZIMA
Burya kubungabunga umutima ni kimwe mu bintu by’ingenzi bifasha kugira ubuzima bwiza kubera ko hagize ikintu kiba ku mutima ubuzima bwose burahungabana bityo umuntu akaba yanapfa bitewe n’uko zimwe mu ndwara zibasira umutima ziri ku isonga mu zica abantu ku bwinshi. Zimwe muri izo ndwara zifata umutima rero ahanini ziterwa na bimwe mu byo abantu bakunda kugira akamenyero. Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu mwaka wa 2010 mu Bwongereza bwagaragaje ko kunywa itabi, kurya imbuto n’imboga nke, kudakora imyitozo, gufata ibiyobyabwenge biri mu bishobora gutuma umutima ugubwa nabi. Bimwe mu bindi bishobora gutuma umutima ugira ibibazo bikomeye abahanga bakomeza bagaragaza birimo: Kurya ibiryo byo mu nganda: biscuits, za saucisses (sosiso), amafiriti yo mu nganda, imigati, ibinyobwa b
Ubumuga butumye agira imyaka hafi 20 nta ndangamuntu agira.

Ubumuga butumye agira imyaka hafi 20 nta ndangamuntu agira.

Amakuru, UBUZIMA
Mu gihe gutunga indangamuntu ari uburenganzira bw’ibanze buri muntu wese akenera iyo agwije imyaka, umwana w’umukobwa witwa Bamporiki Jeannette agize imyaka  ikabakaba  20 nta ndangamuntu arafata kubera ikibazo cy’ubumuga bw’ingingo yavukanye butuma agendera mu kagare. Mama w’uyu mwana Mukamazimpaka Silivaniya utuye mu mudugudu wa Kunini, akagari ka Cyarusera, umurenge wa Mushubati , akarere ka Rutsiro ho mu ntara y’uburengerazuba avuga ko kuba Bamporiki Jeannette agejeje iki gihe cyose atarafata indangamuntu ari uko ngo rimwe ubwo yatekereje kujya kumufotoza ngo uwari kumusunika mu kagare yarwaye ubundi akarekera iyo. Yongeraho ko uretse kubaho atagira indangamuntu ataritabira amatora na rimwe mu gihe afite imyaka yo gutora. Umukozi ushinzwe guhuza ibikorwa by’abafite ubumuga mu karere
Urubuto rwa Kokombure ku ubuzima bwacu na kamaro karwo.

Urubuto rwa Kokombure ku ubuzima bwacu na kamaro karwo.

Amakuru, UBUZIMA
Bimwe mubyo Imana yaremye ntabwo tujya dusobanukirwa nuko twabyivurisha kandi yarabiduhaye ahubwo tukabifata uko bitari bigatuma duhura n’uburwayi twiteye bamwe bayita urubuto abandi bakayita imboga biterwa nuko ushaka kuyirya ,Cocombre (soma kokombure) cg cucumber mu cyongereza, ni rumwe mu mbuto zifatiye runini ubuzima bwacu bwa buri munsi. Ni mu gihe kuko ikize ku ntungamubiri, imyunyungugu na vitamini zitandukanye zifasha umubiri mu mikorere myiza buri munsi. Nubwo kokombure ikunda kenshi kubarwa mu cyiciro cy’imboga, siko biri kuko ari imbuto. Kokombure zibarizwa mu muryango umwe na watermelon kimwe n’ibihaza, witwa cucurbitacease.Hari impamvu nyinshi ugomba kurya kokombure kenshi (ubishoboye buri munsi)kuko ikize kuri vitamini K, za B zitandukanye, C n’imyunyu ngugu itandukanye, b
Isoni ntizatuma urimbura ubuzima bwawe – igice cya kabiri.

Isoni ntizatuma urimbura ubuzima bwawe – igice cya kabiri.

Amakuru, UBUZIMA
Nkuko twabasezeranije ko ikiganira twagiranye n’umwe mu bakozi batanga udukingirizo kuri Kiyosike ikorera mu marembo ya Stade amahoro  tuzagikomeza kandi bakaba bafitiye akamaro kanini cyane abahafatira agacupa yewe n’abandi bahatemberera kugira ngo babashe kwirinda kuko ntawe uterwa yiteguye aho ufatiwe ukibuka ko aho hari icyagukingira uyu munsi turagaruka dukomereza aho twari tugeze. Rebero:  Ese umunsi umwe mushobora gutanga utungana gute udukingirizo?  Gakwavu:  Ubundi mu gakarito kamwe habamo udukingirizo 144, cyane cyane nko muri week end cyangwa se mu gihe cy’imipira yabereye hano kuri stade cyangwa habaye ibirori dushobora gukoresha udukarito nka dutatu cyangwa se burenga. Rebero: Ni bande biganje mu bakiriya mugira hano ? Gakwavu : hahahah abiganje mu bakiriya tugira
Isoni ntizatuma urimbura ubuzima bwawe – Gakwavu

Isoni ntizatuma urimbura ubuzima bwawe – Gakwavu

Amakuru, UBUZIMA
Nyuma yo kubona icyorezo cya Sida cyugarije abantu kandi barushaho kwiyongera leta y’u Rwanda yafashe ingamba zo kuyihashya ibinyujije mu kigo cy’igihugu RBC ubwo twasuraga akazu gatangirwamo udukingirizo twaganiriye n’abakozi badukoramo batubwira uko bakira abakiriya babo nuko bitabira kuko hari icyo bimaze kumarira ababagana. Ubwo twasuraga umukozi ukorera mu ga kiyosike kari Mu marembo ya stade amahoro aho bita mu migina ( abandi bakahita mu migisha bitewe nibyo bahabonera ) umwe muri abo bakozi dore ko bagakoramo barenze umwe kuko gakora amasaha 24 bivuze ko basimburana, nabaye nkimusuhuza anyakiriza ugukingirizo 4 mubwira ko ataribyo bingenza nawe ambwira ko ugiye kwa muganga, muganga amwakira amubaza uko yafashwe. Uyu musore twaganiriye namwise Gakwavu kwanga ko izina rye rimenyek
Ibintu 4  byiza mu buzima byo kurya Inyanya

Ibintu 4  byiza mu buzima byo kurya Inyanya

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Inyanya ni nziza mu buzima bwacu cyane cyane kuko zifite Vitamine zitandukanye  cyane Vitanine C hamwe ni myunyu ngugu, ni byiza ku mirire yacu bimwe by’ingenzi urunyanya rubonekamo 28% mubyo dukenera bya buri munsi. Imyunyu ngugu ikaba ikize mu kurwanya umuvuduko w’amaraso no kurinda no gutunganya imikorere y’umutima, Ariko nibura ubaye ufashe rumwe ku ifunguro ryawe rya buri munsi bigira icyo bikwongerera mu buzima bwawe  bigabanya kurwara umutima, ariko bigabanya nanone kuba wakwanduzwa nibyo wariye mu ifunguro rya buri munsi, iyi akaba ari imbuto utabura gufata ku biryo. Bimwe mu bintu byagufashe kwirinda mu buzima mu kurya urunyanya; Ni byiza mu igogora Kurya urunyanya buri munsi uburyo bwigogora ndetse no kwirinda bikorerwa icyarimwe, gukomera mu nda no kugira diy
Abafite ubumuga bw’uruhu bariyamamariza kuyobora Malawi

Abafite ubumuga bw’uruhu bariyamamariza kuyobora Malawi

Amakuru, MU MAHANGA, UBUZIMA
Batandatu mu bafite ubumuga bw’uruhu bariyamamariza kuyobora umwaka utaha mu matora rusange. “ Turashaka kwerekana ko turi benshi kuruta uruhu rwacu” nkuko bitangazwa n’uhagarariye abafite ubumuga bw’uruhu muri Malawi Overstone Kondowe. Bwana Kondowe ubahagarariye asezeranya ko batandatu bazavamo abakandinda ku mwanya w’umukuru w’igihugu hamwe n’abashingamateka mu matora ibyo bigatuma abafite ubumuga bw’uruhu bagira impinduka mu gihugu cyabo. Muri Malawi ndetse no mu bindi bihugu byo mu karere abafite ubumuga bw’uruhu ntibifitiye icyizere kubera ibice by’umubiri wabo bitanga amahirwe bikanavura , muri 2016 impuguke z’umuryango wabibumbye zavuze ko mu gihugu cya Malawi habarirwa abagera ku bihumbi 10,000 bafite ubumuga bw’uruhu ariko bashobora gushiraho kubera kwicwa bashaka ibice