Uncategorized

Abashoramari barasaba ko ku biyaga hashyirwa amashanyarazi

Uncategorized
Abafite ibikorwa ku nkengero z’ibiyaga byo mu karere ka Ngoma ndetse n’abifuza kuhashora imari barasaba ko hashyirwa ibikorwaremezo nk’amashanyarazi kugira ngo n’abandi bahayoboke baze kuhashora imari. Iyo urebye ahazengurutse ikiyaga cya Sake, ubona nta mashanyarazi arahagera. Ni kimwe no ku kiyaga cya Mugesera usibye ahahoze hitwa kuri papeteri mu murenge wa Zaza niho hari amashanyarazi. Kuba nta mashanyarazi ahari bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngoma by’umwihariko abegereye ibyo biyaga bemeza ko bishobora kuba aribyo bituma abashoramari batayihashora nk’uko uyu muturage akomeza abisobanura. Yagize ati "abashohoramari bakagombye kuza gukorera ahangaha batugaragariza imbogazi zuko nta muriro uhari bataza kuhakorera, natwe ubwacu nka koperative amafi akunda kudupfana kuber
Paul Biya stadium iri mu murwa mukuru Yaoundé yaguyeho abantu

Paul Biya stadium iri mu murwa mukuru Yaoundé yaguyeho abantu

Uncategorized
Abantu umunani biravugwa ko bapfuye naho ababarirwa muri mirongo bagakomereka mu mubyigano hanze ya stade mu gikombe cya Africa cy'ibihugu muri Cameroun. Bageragejwe kwongererwa umwuka biranga René Emmanuel Sadi umuvugizi wa leta ya Cameroun yasohoye itangazo rivuga ko hapfuye abantu umunani naho abakomeretse ari 37, muri bo barindwi bakomeretse bikomeye. Amashusho yerekana abafana b'umupira babyigana cyane mu kwinjira kuri Paul Biya stadium iri mu murwa mukuru Yaoundé ahari hagiye kubera umukino wa 1/8. Umwana umwe ari mu bapfuye, nk'uko byatangajwe na raporo ya minisiteri y'ubuzima yabonywe n'ibiro ntaramakuru AFP. Undi muntu avuga ko hari umubare utari muto w'abana batakaje ubwenge. Iyi stade ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 60,000 ariko kubera amabwiriza yo kwirinda
Ishyirahamwe ry’umukino wo koga mu Rwanda bari guhugura abatoza 25 b’umukino wo koga

Ishyirahamwe ry’umukino wo koga mu Rwanda bari guhugura abatoza 25 b’umukino wo koga

Amakuru, IMIKINO, RWANDA, Uncategorized
Abatoza 25 b’umukino wo koga baturuka mu makipe 15 yo mu Rwanda bongerewe ubumenyi, akaba ari amahugurwa bakora hifashishijwe ikoranabuhanga mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus (COVID-19). Kuva kuri uyu wambere mu ishyirahamwe ry'umukino wo koga batangiye amahugurwa azamara igihe kigera ku minsi 4 aho bari guhugura abatoza buyu mukino wo koga. Aya mahugurwa akaba ari mu rwego rwokuzamura no gukarishya abatoza baturuka mu makipe atandukanye yabakina umukino wo koga hirya no hino mu gihugu. Abatoza 25 b’umukino wo koga baturuka mu makipe 15 yo mu Rwanda nibo bitabiriye aya mahugurwa abongerewe ubumenyi, bakaba bari guhurwa hifashishijwe ikoranabuhanga mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus (COVID-19). Girimbabazi Pamela, Perezida w’Ishyirahamwe ry’