UMUTEKANO

DRC:Abantu 10 bahitannywe n’igisasu mu rusengero rwa Kasindi

DRC:Abantu 10 bahitannywe n’igisasu mu rusengero rwa Kasindi

Amakuru, MU MAHANGA, UMUTEKANO
Igisasu cy’igicurano cyishe abantu barenga 10 gikomeretsa benshi mu bari mu rusengero kuri iki cyumweru mu mujyi wa Kasindi mu ntara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo, nk’uko abategetsi babitangaza.  Leta ya RDC yamaganye iki gitero yise icya kinyamaswa ivuga ko biboneka ko cyakozwe n’abaterabwoba ba ADF ku bantu bari gusenga bo muri Communauté des Églises Pentecôtistes du Congo.  Radio Okapi, iterwa inkunga na ONU, ivuga ko abantu bagera kuri 17 aribo bapfuye abandi barenga 20 bagakomereka.  Amashusho ababaje agaragaza abapfuye n’inkomere bacitse ingingo z'umubiri barimo abagore n'abana barambaraye hasi, hagati mu ntebe z’imbaho z’uru rusengero, yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga.  Abakomeretse nabo bariho bakurwa aho ngo bajye kuvuzwa mu gihe benshi bari aho bari mu m
Nyabugogo Polisi yakoze akazi katoroshye ubwo imodoka itwara abagenzi yafatwaga n’inkong

Nyabugogo Polisi yakoze akazi katoroshye ubwo imodoka itwara abagenzi yafatwaga n’inkong

Amakuru, RWANDA, UMUTEKANO
Imodoka itwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, yafatiwe n’inkongi y’umuriro i Nyabugogo, ariko Polisi itabara bwangu itarakongoka irayizimya. Iyi modoka ya bisi ya kompanyi itwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali ya Jali, yafashwe n’inkongi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Ukuboza 2022. Iyi modoka yafashwe n’inkongi ihereye mu gice cy’inyuma ku mapine y’inyuma, bamwe mu bamenyereye iby’imodoka bakavuga ko bishobora kuba byatewe n’ubushyuhe bw’imodoka. Uwari ahabereye iyi mpanuka, yabwiye RADIOTV10 ko nta mugenzi wahiriye muri iyi modoka cyangwa ngo agirire ikibazo kuko Polisi yatabaye bwangu ikazimya iyi modoka itarafatwa n’umuriro ibice byinshi byayo. @REBERO.CO.RW
Minisitiri Gasana yasabye abarangije amasomo yo kujya muri RCS kwirinda ibyaha birimo ruswa

Minisitiri Gasana yasabye abarangije amasomo yo kujya muri RCS kwirinda ibyaha birimo ruswa

Amakuru, RWANDA, UMUTEKANO
Minisitiri w’Umutekano mu gihugu, Gasana Alfred yasabye abarangije amasomo abategurira kuba abakozi b’umwuga b’Urwego Rushinzwe Imfungwa n'Abagororwa, kwirinda imyifatire igayitse n’ibyaha birimo ruswa, ahubwo bagaharanira ibiteza imbere igihugu n’abagituye muri rusange. Kuri uyu wa Kabiri, mu gihe cy’amezi 10 abagera kuri 444 bari bamaze bahugurirwa mu karere ka Rwamagana, amahugurwa y’ibanze aho bigishijwe gucunga umutekano w’imfungwa n’abagororwa, amasomo abatoza imyitwarire ndetse n’ayandi. Umuyobozi w’ishuri bahugurirwagamo, CP John Bosco Kabanda yemeza ko yizeye imikorere myiza ndetse n’indangagaciro bizaranga abarangije amasomo y’ibanze, ubwo bazaba bageze mu kazi. Abagera kuri 500 nibo bari bitabiriye aya mahugurwa yatangiye ku taliki ya 07 Gashyantare muri uyu mwaka,
Umusirikare mukuru muri FARDC wafashwe na M23 yayivuzeho ubutumwa butangaje

Umusirikare mukuru muri FARDC wafashwe na M23 yayivuzeho ubutumwa butangaje

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UMUTEKANO
Umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel uri mu buyobozi bw’ibikorwa bya Gisirikare bya FARDC mu guhangana na M23, wafashwe n’uyu mutwe, avuga ko yatangariye uburyo wubahiriza uburenganzira, ndetse anemeza ko igisirikare cya Congo gikorana n’imitwe irimo FDLR. Umutwe wa M23 werekanye abantu umunani (8) bo mu nzego z’umutekano za Congo barimo abasirikare 7 n’umupolisi umwe bafatiwe ku rugamba barimo Lt Col Assani Kimonkola Adrien wari umwe mu bayoboye abasirikare ba FARDC bari guhangana n’uyu mutwe aho yari umuyobozi wungirije w’ibikorwa bya 213. Muri iki gikorwa cyo kwerekana aba basirikare cyakozwe n’abarwanyi bakuru muri M23 barimo umuvugizi wayo, Maj Willy Ngoma, uyu musirikare wa FARDC yatangiyemo ubutumwa. Yavuze ko na we ubwe yatanguwe n’uburyo yabonye uyu mutwe w
Hoteli ikomeye i Mogadishu yagabweho igitero na al-Shabab

Hoteli ikomeye i Mogadishu yagabweho igitero na al-Shabab

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UMUTEKANO
Hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu, aho abategetsi bo muri leta ya Somalia bazwiho kuba bari, yagabweho igitero. Ifoto rusange igaragaza umuhanda w'imbere y'ibiro bya Perezida wa Somalia i Mogadishu Nyuma gato yuko icyo gitero kigabwe kuri hoteli Villa Rose gitangiye ku cyumweru, Minisitiri w'ibidukikije wa Somalia Adam Aw Hirsi yavuze ko yarokotse igitero. Hari n'amakuru atemejwe yuko Mohamed Ahmed, Minisitiri w'umutekano wa Somalia, yakomeretse. Intagondwa zo mu mutwe wa al-Shabab zavuze ko ziraye muri iyo hoteli. Uyu mutwe wiyitirira idini ya Islam umaze imyaka irenga 15 urwanya leta ya Somalia. Hoteli Villa Rose, aho icyo gitero cyabereye, iri mu ntambwe nkeya uvuye ku biro bya Perezida wa Somalia, rwagati muri Mogadishu. Umubare utamenyekanye w'abateye, bit
Leta ya Ethiopia na TPLF bageze ku masezerano y’amahoro

Leta ya Ethiopia na TPLF bageze ku masezerano y’amahoro

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UMUTEKANO
Leta ya Addis Ababa n’abarwanyi ba TPLF bo muri Tigray bari bamaze imyaka 2 barwana bageze ku masezerano yo guhagarika imirwano mu ntambara imaze imyaka ibiri mu majyaruguru y’iki gihugu.  Nibwo bwa mbere impande zombi ziri kurwana zicaranye mu biganiro byeruye, byaberaga i Pretoria muri Africa y’Epfo.  Olusegun Obasanjo wahoze ari perezida wa Nigeria wari ukuriye ibiganiro hagati y’impande zombi, niwe watangaje ko zageze ku kumvikana.  Umuryango w’Ubumwe bwa Africa wise ibi intangiriro, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru AFP.  Umuhango wo gutangaza ko uko kumvikana guhagarika imirwano wari urimo Ambassador Redwan Hussain nk’intumwa ya minisitiri w’intebe Abiy Ahmed hamwe na Ato Getachew Reda intumwa ya TPLF.  Intumwa za TPLF muri ibi biganiro zavuze
Kenya yohereje abasirikare muri DRC bo kurwanya imitweyitwaje intwaro

Kenya yohereje abasirikare muri DRC bo kurwanya imitweyitwaje intwaro

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UMUTEKANO
Perezida wa Kenya William Ruto kuri uyu wa gatatu yohereje batayo y'abasirikare ba Kenya (KDF) mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho imirwano ikaze ikomeje hagati y'ingabo za leta (FARDC) n'inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Perezida wa Kenya William Ruto ashyikiriza ibendera abasirikare yohereje muri DRC FARDC iri no mu zindi ngamba zirimo nko kurwanya umutwe wa ADF, wayobotse umutwe wiyita leta ya kisilamu (IS), n'indi mitwe yitwaje intwaro. Abasirikare ba Kenya bagiye kuba mu mutwe w'ingabo z'akarere zizafasha mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Igitekerezo cyo kohereza umutwe w'ingabo z'akarere cyatanzwe kinemezwa mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka. Icyo gihe, Uhuru Kenyatta wari Perezida wa Kenya ubu ni intumwa ya Kenya ku mahoro mu karere yari yatumi
Imirwano irimo imbunda ziremereye hagati ya FARDC na M23 yateye benshi ubwoba bukomeye

Imirwano irimo imbunda ziremereye hagati ya FARDC na M23 yateye benshi ubwoba bukomeye

Amakuru, MU MAHANGA, UMUTEKANO
Guhera saa 6:00AM z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zazindutse ziriha ibisasu biremeteye mu duce twigaruriwe n’inyeshyamba za M23 ari two Ntamugenga, Chanzu, Runyoni na Kabindi.  Amakuru aturuka muri Rutshuru ashimangira ko imirwano ikaze yasubikuwe, Abanyekongo bamwe bakaba bashyigikiye ingabo zabo aho badashaka kumva zivuga ko zatakaje utundi duce mu kurinda abasivili. Bifuza ko FARDC yasunika M23 ikayitsimbura i Rutshuru, nubwo izo nyeshyamba zidafite gahunda yo kurekura aho zageze mu gihe Leta ya RDC itaremera ibiganiro bihesha Abanye-kongo bavuga ururimi i Kinyarwanda uburenganzira busesuye mu gihugu cyabo. Ingabo za FARDC zikomeje kwifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ndetse na Maïmaï muri iyo mirwano ir
RD Congo: Agace ka Ntamugenga kafashwe na M23

RD Congo: Agace ka Ntamugenga kafashwe na M23

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UMUTEKANO
Imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta ya DR Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 muri teritwari ya Rutshuru yakomeje kuwa mbere ku munsi wa gatanu aho byemejwe ko agace ka Ntamugenga kafashwe na M23. Ku cyumweru imirwano yabereye muri centre ya Ntamugenga iri ku ntera iri munsi ya 15 km uvuye ku mujyi wa Rutshuru ari nawo chef-lieu y’iyi teritwari.  Kuwa mbere, ibinyamakuru byo muri Congo byasubiyemo umuvigizi w'ingabo Lieutenant Colonel Guillaume Njike Kaiko yemeza ko ako gace kafashwe na M23. Ikinyamakuru Actualite gisubiramo Njike Kaiko avuga ko FARDC yavuye muri Ntamugenga yirinda ko imirwano n'inyeshyamba yatuma hapfira abasivile benshi. Itangazo rya FARDC ryo ku cyumweru nijoro rivuga ko muri ako gace ka Ntamugenga imirwano ikomeje kandi ko ibintu birimo kugenzurwa
Muri gereza ya Nyarugenge hatangirijwe igikorwa cy’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha

Muri gereza ya Nyarugenge hatangirijwe igikorwa cy’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha

Amakuru, RWANDA, UMUTEKANO
Muri gereza ya Nyarugenge iherereye i Mageragere mu karere ka Nyarugenge, hatangirijwe gushyira mu bikorwa igikorwa cy’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha aho bamwe mu bari bafungiwe ibyaha by’ubujura no gukubita no gukomeretsa byoroheje bamwe barekuwe barataha. Iki gikorwa cy’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha  kirareba abafungiwe ibyaha byo gukubita no gukomeretsa ariko byoroshye, bajyaga imbere y’ubushinjacyaha bari kumwe n’ababunganira bakaganira ku byaha byakozwe hakabamo kwemera icyaha no kugisabira imbabazi.  Nyuma izi mpande zombi zikumvikana ku gihano gito cyahabwa uwahamwe n’icyaha, hari abakatirwaga igifungo gisubitse cyangwa bakagabanyirizwa igihe bari barasabiwe, hagakurwamo igihe amaze afunzwe, kigakurwa muri icyo gihano gito yahawe. Has