UBUREZI

Perezida Paul Kagame yateye inkunga yo kubaka ishuri ryisumbuye riherereye i Kimironko

Perezida Paul Kagame yateye inkunga yo kubaka ishuri ryisumbuye riherereye i Kimironko

Amakuru, UBUREZI
Perezida Paul Kagame yateye inkunga ya miliyoni 5 z'amafaranga y'u Rwanda  yo kubaka ishuri ryisumbuye riherereye i Kimironko mu Karere ka Gasabo. Ibiro bya Perezidansi byatangaje ko iyo nkunga yayitanze mu gikorwa cy’umuganda wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Kanama 2018. N’ubwo atitabiriye uwo muganda, ngo ayo mafaranga azakoreshwa mu kubaka ibyumba by’amashuri by’Urwunge rw’Amashuri rwa Kimironko. Biteganyijwe ko ibyo bikorwa byatangijwe mu umuganda usoza ukwezi kandi bizaba birangiye mu mezi atandatu. Iri shuri rifite abanyeshuri barenga igihumbi. Yanditswe na schadrack