
Icyangombwa cy’ubutaka mu karere ka Gicumbi gikomeje kuvugisha abaturage
Akarere ka Gicumbi mu murenge wa Nyankenke muri Yaramba abaturage bahatuye bakomeje guhura n’ikibazo cy’icyangombwa cy’ubutaka aho icyo cyangombwa kukibona bibasaba gukora urugendo rw’iminsi myinshi ngo babashe kukibona.
Ngayayabo Emmanuel umuturage utuye Yaramba yatangarije rebero.co.rw ko icyo cyangombwa kugira ngo bakibone bibasaba kujya Musanze agira ati “Bidusaba kunyura Kigali tugakomeza twerekeza Musanze naho bidusaba gutegereza ko tubihabwa tukaba dusaba ko bibaye byiza icyo cyangombwa twajya tugihabwa mu murenge dutuyemo”.
Akarere ka Gicumbi ni akarere kagizwe n’imisozi bityo rero abahatuye usanga aho bashyize ibibanza by’ubucuruzi nubundi hahanamye ariko bajya kubasoresha bagasora nkabafite ibibanza biri ahantu Atari mu manegeka, Mvejuru Gahungu Alfred nawe ati: