Ubufatanye bw’umuryango nibwo buwuteza imbere muri Mudende
Ubwo twasauraga Akarere ka Rubavu mu murenge wa Mudende abagore baho badutangarije ko ubufatanye bagira mu muryango aribwo butuma bubaka, aho twasanze abagore bikorera imyaka mu gihe abagabo nabo baba bagiye guhinga. Ubu ni ubuzima tumenyereye kuko natwe nubwo twafasha abagabo guhinga ariko gutwara imyaka ni ibyacu Ubundi umuryango ugizwe n’umugore hamwe n’umugabo ndetse n’abana […]
Ubufatanye bw’umuryango nibwo buwuteza imbere muri Mudende Read More »