REBERO

Advertise Here!

Ubukungu

Uruganda rwa Apple rwahagaritse umushinga wo gukora imodoka bitunguranye

Uruganda rwa Apple rusanzwe ruzwiho gukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo Telefone na mudasobwa, rwahagaritse umushinga w’imyaka icumi wo gukora imodoka zikoresha amashanyarazi. Ni umushinga w’ibanga wiswe Titan wakorwagamo n’abagera ku bihumbi bibiri wari ugamije gukora imodoka zitwara. Ikinyamakuru France 24, kiratangaza ko bivugwa ko uru ruganda rwa Apple rwahuye n’inzitizi zirimo izijyanye n’ubuyobozi ndetse n’ihangana ku […]

Uruganda rwa Apple rwahagaritse umushinga wo gukora imodoka bitunguranye Read More »

SANGIRA Friend of Rwanda yatwubakiye ubuzima binyuze muri Hotel Talents Pool

Inkuru dukesha TV 10 ivuga ko abanyeshuri barangije muri SANGIRA Friend of Rwanda barashima uburyo yabubakiye ubuzima mu karere ka Nyamasheke kuko nyuma yo kwiga umwuga amezi 9 ubu abenshi bamaze kubona akazi abandi nabo bafite icyizere ndetse hari n’abateganya kwishingira akazi ubwabo. Babito Masanga wabaye iburayi igihe kinini ntabwo yigeze yibagirwa aho avuka akaba

SANGIRA Friend of Rwanda yatwubakiye ubuzima binyuze muri Hotel Talents Pool Read More »

Ubufatanye bw’umuryango nibwo buwuteza imbere muri Mudende

Ubwo twasauraga Akarere ka Rubavu mu murenge wa Mudende abagore baho badutangarije ko ubufatanye bagira mu muryango aribwo butuma bubaka, aho twasanze abagore bikorera imyaka mu gihe abagabo nabo baba bagiye guhinga. Ubu ni ubuzima tumenyereye kuko natwe nubwo twafasha abagabo guhinga ariko gutwara imyaka ni ibyacu Ubundi umuryango ugizwe n’umugore hamwe n’umugabo ndetse n’abana

Ubufatanye bw’umuryango nibwo buwuteza imbere muri Mudende Read More »

Rusizi: Abahinzi b’umuceri  mu mpungenge  z’isenyuka ry’ikigega cyabagobokaga

Abahinzi b’umuceri ba koperative  Ejo heza muhinzi w’umuceri( KEHMU) ikorera mu kibaya cya Bugarama,mu karere ka Rusizi baravuga ko bafite impungenge z’uko ikigega cyabagobokaga bise ‘Ngoboka muhinzi w’umuceri’ gishobora gusenyuka,kuko ikitwa’ Komisiyo’ ya 1,7% umuhinzi ufashemi inguzanyo yongeragaho igihe ayishyuye,ikigo cy’igihugu cy’amakoperative( RCA) kiyita inyungu , badacuruza amafaranga,ikaba igomba kuvaho. Abahinzi basaba ko hakorwa ibishoboka

Rusizi: Abahinzi b’umuceri  mu mpungenge  z’isenyuka ry’ikigega cyabagobokaga Read More »

Rusizi: Kubabazwa n’abana bari mu mibereho mibi byamuhaye igitekerezo cyo gushinga umuryango ubitaho

Niyomugisha Gatera Josué w’imyaka 27,wo mu mudugudu wa Kadasomwa,akagari ka Kamashangi,umurenge wa Kamembe,akarere ka Rusizi, avuga ko gukura abona ubuzima bushaririye bwa bamwe mu bana bo muri uyu mujyi wa Rusizi,babura ibikoresho by’ishuri n’ibindi bakenera bigatera bamwe kurivamo no kuba inzererezi, yagize igitekerezo cyo gushinga umuryango witwa  Mugisha Immanuel Foundation ( MIF),ubitaho azafatanya n’urundi rubyiruko

Rusizi: Kubabazwa n’abana bari mu mibereho mibi byamuhaye igitekerezo cyo gushinga umuryango ubitaho Read More »

Rusizi: No kwita ku batishoboye ni ubutwari: Visi Meya Dukuzumuremyi Anne-Marie

Umuyobozi w’akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Dukuzumuremyi Anne-Marie,ashimira abaturage b’umurenge wa Kamembe uburyo baremeye bagenzi babo batishoboye ku munsi  w’intwari tariki ya 1 Gashyantare,2024, akavuga ko no kwigomwa ku byo ufite ukita ku batishoboye ari ubutwari kuko bidakorwa na buri wese. Visi Meya Dukuzumuremyi Anne- Marie asanga kwita ku batishoboye na bwo

Rusizi: No kwita ku batishoboye ni ubutwari: Visi Meya Dukuzumuremyi Anne-Marie Read More »

Rusizi:  Abaturage baremeye bagenzi babo batishoboye ibifite agaciro karenga 5.500.000

Mu giterane cy’amasengesho cya Rwanda shima Imana, abaturage b’umurenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi bagikoreyemo igikorwa cy’indashyikirwa cyo kuremera bagenzi babo batishoboye, cyane cyane abatagira aho baba,ababa mu nzu mbi cyane n’abatari boroye, byose hamwe by’agaciro k’amanyarwanda 5.538.580. Bifuje ko,kubera umusaruro ibi bikorwa bitanga, byajya biba kabiri mu mwaka Ni igiterane ngarukamwaka,aho abaturage basengera

Rusizi:  Abaturage baremeye bagenzi babo batishoboye ibifite agaciro karenga 5.500.000 Read More »

Kugabanya ifumbire yo mu musarane ntacyo bihindura ku musaruro

Mu bushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) muri 2020 bwagaragaje ko Uturere dukoresha ifumbire yo mu musarane aritwo turwaje inzoka zo munda kurusha utundi, kuko mu karere ka burera ubu ari 14% kafashe iya mbere mu kureka gukoresha iyo fumbire yo mu musarane. Mu bukangurambaga bwakoze binyuze mu madini, abafatanyabikorwa, uturere  ndetse

Kugabanya ifumbire yo mu musarane ntacyo bihindura ku musaruro Read More »

Umurenge wa Ndora mu karere ka Gisagara umwe mu mirenge ufite amazi meza yageze ku baturage bawo

Indwara zititaweho ( NTD ) zikunze kugaragara mu Rwanda ni indwara z’inzoka zo munda ziterwa n’umwanda ni 41% by’Abana , hamwe na 48% byiganje mu bantu bakuru, ariko umurenge wa Ndora ukaba warafashe ingamba zo kuzihashya ugeza amazi meza mu baturage bawutuye ku kigero cya 100% Nyuma yo kubona umufatanyabikorwa wabahaye ayo mazi ubu nta

Umurenge wa Ndora mu karere ka Gisagara umwe mu mirenge ufite amazi meza yageze ku baturage bawo Read More »

Abahinzi b’umuceli mu Karere ka Gisagara baragirwa inama yo guhingana inkweto mu bishanga

Muri gahunda y’ubukangurambaga mu kurwanya indwara zititaweho burimo gukorwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) gifatanije n’Akarere ka Gisagara hamwe n’abafatanyabikorwa mu kurwanya izo ndwara baremeza ko hari intambwe bimaze gutera. Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buremeza ko abahinzi bahinga umuceli mu gishanga ubu bagirwa inama yo kwambara inkweto mu rwego rwo kwirinda kujya mu

Abahinzi b’umuceli mu Karere ka Gisagara baragirwa inama yo guhingana inkweto mu bishanga Read More »

Scroll to Top