RWANDA

Special Olympics yasojwe no gutombora abazajya Abu Dhabi

Special Olympics yasojwe no gutombora abazajya Abu Dhabi

IMIKINO, RWANDA
Imikino ya Special Olympics yari imaze iminsi itatu ibera ku mahoro yasojwe kuri iki cyumweru aho hatomboye abana bazajya mu mikino izabera Abu dhabi mu mwaka utaha hakaba hatomboye abana 26 bazaherekezwa n’abatoza 9 hamwe n’abayobozi 5, ubwo mu Rwanda hakaba hazaturuka abantu 40 bazitabira iyo mikino.            Uwari uhagarariye ababyeyi muri Special Olympics nawe yatanze ibihembo Uku gutoranya nuko abajya muri iyi mikino bose barahembwa kuko niko Special Olympics ikora nubwo haboneka aba mbere ariko abitabiriye bose barahembwa, imikino izakinwa yo harimo imikino ngorora mubiri, Boccia, umupira w’amaguru hamwe no kwoga ikaba ari imikino y’abafite ubumuga bwo mu mutwe ariko ituma nabo babasha kwishimana n’abandi. Uwavuze mw’izina ry’abakinnyi Fabrice yasabye ko bashima Sp
CECAFA Uganda Cranes mu bagore ikomeje gutsinda

CECAFA Uganda Cranes mu bagore ikomeje gutsinda

IMIKINO, RWANDA
Imikino ya CECAFA mu bagore yahuje amakipe atanu yo muri aka karere irakomeje ku munsi wayo wa kabiri aho ikipe ya Uganda ikomeje kwerekana ko yiteguye kuko imaze gutsinda umukino wayo wa kabiri, umukino wayo wa mbere yafunguye iri rushanwa itsinda ikipe ya Kenya 1-0, none umukino wabo bakinnye na Ethiopia umaze kurangira iyitsinze 2-1 kugeza ubu iyi kipe ya Uganda ikaba imaze kwibikaho amanota 6. Uyu wari umukino wa gatatu ariko wagaragayemo guhanahana neza hagati yaya makipe yombi dore ko Ethiopia yaburaga rutahizamu wayo wagiye kugerageza amahirwe muri Sweden, iyi kipe ya Ethiopia niyo yafunguye amazamu ku munota wa 39’ aho cyatsinzwe na Ware Birtukan maze Uganda ikomeza gusatira kuko cyaje kwishyurwa na Aluka Grace ku munota wa 69’ maze Nakayenze Judaya ashyiramo icyo gutsinda k
Special Olympics imaze imyaka 50 ishinzwe –Pr Sangwa Deus

Special Olympics imaze imyaka 50 ishinzwe –Pr Sangwa Deus

IMIKINO, RWANDA
Ku munsi wayo wa kabiri wo kwizihiza imyaka 50 ishize hashinzwe Special Olympics habaye imikino itandukanye aho uyu munsi hasiganywe abana batandukanye bafite ubumuga bwo mu mutwe kuko nabo baba bagomba kwishima. Nkuko byatangajwe n’umuyobozi wa Special Olympics Pasteur Deus Sangwa. Umukino wahuje abakobwaba Gisagara na Rulindo ( Buyoga ) w’amaguru waje kurangira nta kipe n’imwe itsinze indi ariko byagaragaye ko bari bahuje umukino nubwo byabonekaga ko bananirwaga cyane, naho akarere ka Ngororero hamwe na Himure ya Gasabo mu bahungu nibo bakinnye umukino ukaba warangiye banganya 1-1 bitabaze Penaliti hatsinda Ngororero 3-1 Gasabo, iyi mikino itandukanye ikaba ari igomba gutanga abakinnyi bazajya muri Leta yunze ubumwe y’abarabu ( Abu dhabi ) muri 2019 mu kwezi kwa Werurwe.
Ikipe y’igihugu y’abakobwa yisubije icyubahiro itsinda Tanzaniya

Ikipe y’igihugu y’abakobwa yisubije icyubahiro itsinda Tanzaniya

IMIKINO, RWANDA
Imikino ya CECAFA y’abagore irimo kubera mu Rwanda yatangiye uyu munsi Ikipe y’igihugu y’abakobwa yatangiye yerekana ko imyitozo yakoze itayibereye ubusa umukino wabo wa mbere bakaba batsinze Tanzaniya ari nayo ifite iki gikombe 1-0 umukino waje ukurikira uwa Kenya na Uganda nawo warangiye ari 1-0 bwa Uganda.   Minisitiri w’umuco na Sport niwe wari umushyitsi mu mukuru kuri uyu mukino wabanje kubwira ikipe y’u Rwanda ko icyo abasaba ari itsinzi nawe ibindi bazabimubaze, burya iyo ushyigikiwe ntacyo utageraho nkuko Kapiteni Nibagwire nawe yabyitangarijee agira ati “ Twahawe byose kandi twizeye kuzagera kure kuko ntacyo twaburanye ubuyobozi, iyi ni intangiriro ariko mukomeze mutube hafi natwe tuzakora ibishoboka”. Umutoza Kayiranga Baptiste nawe yavuze ko ibyo bagez
Imikino y’igikombe cy’isi muri Sitting Volleyball irakomeje mu Buholandi

Imikino y’igikombe cy’isi muri Sitting Volleyball irakomeje mu Buholandi

IMIKINO, RWANDA
Amakipe y’u Rwanda nayo yakatishije itike yo kwerekeza muri iyo mikino ya nyuma yo gushakisha amakipe azajya mu mikino Paralimpike izabera Tokyo mu Buyapani muri 2020, muri iyi mikino amakipe azatsinda akabona imidali haba mu bakobwa cyangwa se mu bagabo bazahita babona itike ariko ntibizaba birangiye kuko buri mugabane nawo uzongera wishakemo ikipe iwuhagararira. Ni ibya gaciro ku makipe yo mu Rwanda kwipima n’amakipe akomeye nka USA , Ubushinwa hamwe n’ibindi bigugu bihari, u Rwanda mu bagabo rukaba rwaramaze gukina na USA rutsindwa amaseti 3-1 ikaba ari intera nziza kuko kubona seti nabyo ntibyabagaho ariko umukino rwakurikijeho ubwo rwakinaga na Chine rwatsinzwe amaseti 3-0 ariko imikino ikaba ikomeje. Mu gihe mu bagore u Rwanda rwerekanye ko rutagikangwa n’uruhu kuko rwa
Nizeye kwitwara neza muri Championat d’Afrique- Salome

Nizeye kwitwara neza muri Championat d’Afrique- Salome

IMIKINO, RWANDA
Nyirarukundo Salome umenyereye kwiruka ibirometero10 n’ibirometero 5 hamwe n’igice cya marato ndetse uherutse kwegukana umwanya wa mbere muri icyo gice cya marato yabereye mu Rwanda mu kwezi kwa Gicurasi uyu mwaka, ubu agiye kwitabira Champiyona nyafurika izabera muri Nigeria muri Asaba city izatangira tariki ya 1 Kanama  kugeza Taliki ya 5 uyu mwaka. Mu byukuri ukurikije imyiteguro nagize nizere ko ngomba kwitwara neza niba ntagihindutse mu mubiri kuko dutegura ibyacu Uwiteka nawe adutegurira ibindi, gusa kugeza uyu munsi numvaga nkurikije imyiteozo maze iminsi nkorera muri Kenya ngomba kuzitwara neza, kuko nkurikije abo dukorana imyitozo basanzwe bafite imidali ya zahabu mu mikino Olimpike kandi nkaba mbona ngendana nabo numva nta gihindutse nanjye nagera ikirenge mu cyabo.
Kenya Cricket yegukanye irushanwa ryaberaga mu Rwanda

Kenya Cricket yegukanye irushanwa ryaberaga mu Rwanda

IMIKINO, RWANDA
Ibihugu bine byo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo aribyo Kenya Uganda Tanzaniya n’U Rwanda bimaze icyumweru bikina umukino wa Cricket aho byishakagami igihugu kizhagararira aka karere mu gushaka tike y’imikino ya nyuma muri Cricket mu gikombe cy’isi. Mu mikino yose bakinnye u Rwanda rurangije nta mukino n’umwe rutsinze kuko ibi bihugu byarutanze muri uyu mukino, cyakora ruhigiye byinshi kuko nibwo bwa mbere bari bitabiriye uyu mukino kuri uru rwego, ubundi uyu mukino utangira mu Rwanda wakinwaga cyane n’abahinde ari nabo babanje kugira ikipe y’igihugu hagaragaramo abagera kuri 14 ariko ubu abasigayemo ni 2 bivuze ko abanyarwanda bamaze gukunda uyu mukino. Mu kiganiro Emmanuel Byiringiro yagiranye na Rebero.co.rw yagize ati” Mu byukuri ikipe yacu yitanze uko ishoboye arik
Bashunga Aboub mu nzira zo kugaruka muri Rayon Sports

Bashunga Aboub mu nzira zo kugaruka muri Rayon Sports

IMIKINO, RWANDA
Uyu musore wakiniye ikipe ya Rayon Sports wasimburanaga na Bakame Eric nyuma yo kubona ko atabona umwanya muri iyi kipe byabaye ngombwa ko ajya gushaka aho azajya abona umwanya uhoraho nibwo yerekezaga muri Bandari Fc yo muri Kenya. Bashunga wari waramaze gusinyira iyi kipe amasezerano y’imyaka 2, ubu akaba ari mu nzira zo kugaruka mu ikipe ya Rayon nyuma yo kubona ko nta muzamu ifite kuko Bakame bamuhagaritse naho urimo ubu witwa Ndayisenga Kassim akaba ari mbona bihita, ubu ikipe ya Rayon ikaba ishaka undi wasimbura Kassim ukomeje kugaragaza ubunebwe mu izamu rya Rayon. Uyu muzamu warindiraga Bandari bikaba bivugwa ko muri iki cyumweru agomba kuba ari muri Kigali kugira ngo agirane ibiganiro n’abayobozi ba Rayon byagenda neza akongera akayikinira kuko urugendo rwa Rayon ruracya
Imikino y’amashuli abanza muri FEASSSA bwa mbere mu Rwanda

Imikino y’amashuli abanza muri FEASSSA bwa mbere mu Rwanda

IMIKINO, RWANDA
Imikino y’Akarere ya FEASSSA izabera mu Rwanda kuva mu kwezi kwa munani gutangira taliki ya 10 izakira imikino y’amashuli abanza bikaba aribwo bwa mbere bizaba bibaye muri iyi mikino aho hazitabira imikino itatu ariyo Volleyball,Football hamwe na Netball ndetse bakazoherezayo n’amakipe 2 ya Netball mu gihe twari tumenyereye kwohereza ikipe imwe. Nubwo amakipe abanza azahagararira u Rwanda ataraboneka ariko harimwo amwe ashobora kuzitabira nta majonjora anyuze kuko yo asanzwe akina, bivuze ko bafite amakipe akomeye kandi amenyereye, muri iyi week end turangije akaba aribwo imikino mu malige yarangiye nubwo nubundi amakipe akomeye yakomeje kwigaragaza. Muri lige ya mbere amakipe yakomeje azajya ku rwego rw’igihugu ni aya akurikira muri Volleyball abahungu n’abakobwa Ecole Primaire
Minispoc ntivuga rumwe na Ferwafa ku muyobozi wa Tekinke washyizweho

Minispoc ntivuga rumwe na Ferwafa ku muyobozi wa Tekinke washyizweho

IMIKINO, RWANDA
Umuholande Hendrik Pieter nyuma yo guezera kuri iyi mirimo ya DTN muri Ferwafa muri 2016 kugeza ubu hari hataraboneka umusimbura kubera ko ababonekaga babaga batujuje ibisabwa. Aho itangazo rishaka uwakora iyi mirimo rishyiriwe ku rubuga rwa ferwafa abashoboye bujuje ibwasabwaga batse aka kazi ndetse n’ikizamini kirakorwa bamwe bizera ko bazabona aka kazi kuko babonaga batsinze nku witwa Muhire Hassan wari wakoranye na Innocent Sentinga hamwe n’abandi. Ubundi uko Minispoc yo ibona uwagombye gukora aka kazi ko yagombye kuba afite nibura Licence A ya Fifa ariko byarabatunguye kuba uwahawe akazi ariwe Habimana Hussein we afite Licence c, ibi bikaba byibazwaho nabakoze ikizamini aho bumvaga ko batsinze nyamara bakaba batahawe akazi. Mu gihe tugikurikirana ibyiritangwa rya kazi tuz