POLITIQUE

PS Imberakuri irasaba ko ubuforomo cyangwa se ubuganga bwagombye guhera mu mashuli yisumbuye – Mukabunane Christine

PS Imberakuri irasaba ko ubuforomo cyangwa se ubuganga bwagombye guhera mu mashuli yisumbuye – Mukabunane Christine

Amakuru, POLITIQUE
Ishyaka ry’Imberakuri riharanira imibereho myiza y’abaturage ( PS Imberakuri ) kuri uyu munsi rikaba rygiranye ikiganiro n’itangazamakuru ikiganiro cyabereye kuri Classic Hotel aho cyayobowe ndetse gitangwa n’umuyobozi w’ishyaka PS Imberakuri Mukabunani Christine. Yatangiye ashimira abanyamakuru bamuhaye umwanya kugira ngo babashe kumva no gukurikirana ibiganiro kugira ngo babone ibyo bazageza ku banyarwanda bashaka kuzatora iri shyaka kugira ngo ibyo bafite muri gahunda zabo bizabashe kubaka igihugu biciye mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite nkuko nabo baharanira kwinjira mu nteko ya 2018-2023. Uyu muyobozi w’ishyaka akaba abona ko abakora umwuga w’ubuganga bagomba kujya bahera mu mashuli y’isumbuye aho kubifatira muri Kaminuza nkuko yatanze urugero aho yavugaga ko ush
Kwirinda inda zitateganijwe begereza buri muntu ugeze mu gihe cyo kororoka serivise zo kuboneza urubyaro

Kwirinda inda zitateganijwe begereza buri muntu ugeze mu gihe cyo kororoka serivise zo kuboneza urubyaro

Amakuru, POLITIQUE
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage( PSD ) nkuko ryatangiriye Ngoma kwiyamamaza taliki ya 13 uyu munsi rikaba ryagiranye ikiganiro n’itangazamakuru rigaragaraza inkingi rizagenderaho muri iyi manda ya 2018-2023 arizo : # Politike,Imiyoborere myiza n’ubutabera # Ubukungu # Imibereho myiza y’abaturage Muri iki kiganiro kikaba cyari kiyobowe na Dr Jean Chrysostome Ngabitsinze na Honorable Veneranda Nyirahirwa, batangiye basobanura ibyizi nkingi bazagenderaho kandi bakomeza gusaba abayoboke babo kubaba hafi kugira ngo bazabashe kubatora bityo izi nkingi bazafatanye n’andi mashyaka kuzishyira mu bikorwa. Honorable Nyirahirwa Veneranda yatangiye avuga ko PSD yifuza ko u Rwanda rwbwa igicumbi cy’ubwenge uhereye muri aka karere dutuyemo bityo abanyamahang
Perezida w’ishyaka rya PSD Dr. Vincent BIRUTA yijeje abaturage ubufatanye mu guteza imbere igihugu

Perezida w’ishyaka rya PSD Dr. Vincent BIRUTA yijeje abaturage ubufatanye mu guteza imbere igihugu

Amakuru, POLITIQUE
Mu karere ka Ngoma Umurenge wa Kibungo niho ibikorwa byo kwamamaza abakandida b’abadepite b’ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage( PSD ) ryatangije ibikorwa byabo byo kwiyamamaza aho bagarutse kuri zimwe mu ngingo zitandukanye harimo imibereho myiza y’abaturage,ubukungu n’izindi Ibikorwa byo kwamamaza abakandida b’abadepite b’ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho mwiza y’abaturage byatangiriye mu karere ka Ngoma mu murenge wa kibungo kuri stade ya cya Semakamba kuri uyu wa 13 kanama Umuyobozi w’akarere ka Ngoma NAMBAJE Aphrodis yahaye ikaze Abanyamuryango ba PSD aboneraho kwakira umuyobozi uhagarariye PSD mu ntara y”I Burasirazuba yereka abaturage komite ya PSD n’abadepite bacyuye igihe. Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y
Ikibazo cy’amazi n’imihanda nicyo PS Imberakuri ishyize imbere mu murenge wa Jabana

Ikibazo cy’amazi n’imihanda nicyo PS Imberakuri ishyize imbere mu murenge wa Jabana

Amakuru, POLITIQUE
Kuri uyu munsi nibwo hatangiye kwiyamamaza ku mitwe ya mashyaka hamwe n’abakandida bigenga mu guhatanira imyanya mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite iherutse gusoza manda yayo ndetse ikanaseswa , iki gikorwa kikaba cyatangiye uyu munsi taliki ya 13 Kanama kikazasozwa taliki ya 1 Nzeri , bityo taliki ya 2 hakazaba amatora muri diaspora . Uyu munsi ishyaka PS Imberakuri riyobowe na Mukabunani Christine  aho bashyize ahagaragara urutonde rw’abakandida babo bagera kuri 40 batangiye kwiyamamaza bakaba bahereye mu murenge wa Jabana mu Kagari ka Kidashya ku kibuga cy’umupira aho bahuriye n’abayoboke b’ishyaka PS Imberakuri, aho abaturage bagiye baza urusorongo ngo bamwe babimenye mu gitondo abandi babyumvise ku maradiyo. Ariko bimwe mubyo twabashije kumenya tuvanye mu batu
Icyizere ni cyose ku bakandida bigenga b’Abadepite b’uyu mwaka

Icyizere ni cyose ku bakandida bigenga b’Abadepite b’uyu mwaka

Amakuru, POLITIQUE
Bamwe mu bakandida bigenga bazahatana mu matora y’Abadepite azaba muri Nzeri 2018, bemeza ko biteguye bihagije ku buryo ngo badashidikanya ku ntsinzi. Babitangaje kuri uyu wa 8 Kanama 2018, ubwo Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) yagiranaga inama n’Abakandida bose bari ku rutonde rw’abemerewe guhatana muri ayo matora, ikaba yari inama igamije kubasobanurira imyitwarire ikwiye kuranga Abakandida mbere y’uko ibikorwa byo kwiyamamaza bitangira. Mpayimana Philippe, umukandida wigenga muri ayo matora wanahatanye mu matora y’Umukuru w’igihugu aheruka mu Rwanda ariko ntagire amahirwe yo kuyatsinda, avuga ko ubu yizeye intsinzi adashidikanya. Agira ati “Aya matora atandukanye n’ay’ubushize kuko yo yari arimo ikipe ikomeye cyane kandi n’umwanya uhatanirwa wari umwe mu gihe ubu ari myin
Perezida wa Vietnam yakiriye Louise Mushikiwabo baganira no kuri candidature ye muri OIF

Perezida wa Vietnam yakiriye Louise Mushikiwabo baganira no kuri candidature ye muri OIF

MU MAHANGA, POLITIQUE
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, yaganiriye na mugenzi we wa Vietnam ku mubano w’ibihugu byombi, anakirwa na Perezida w’iki gihugu bavugana kuri kandidatire ye yo kuyobora Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF). Abinyujije kuri Twitter, Minisitiri Mushikiwabo, yagaragaje ko ibiganiro yagiranye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahganga wa Vietnam, Pham Binh Minh, mu murwa mukuru Hanoi, bavuze ku bufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye kandi ko byombi bihuje icyerekezo. Yagize ati “Vietnam n’u Rwanda byumva kimwe gahunda yo kwigira no kumva ko ari iby’ingenzi kongerera ubushobozi abaturage bacu. Mugenzi wanjye twagiranye ibiganiro byiza ku bufatanye mu by’ubuhinzi, ubufatanye mu by’ingendo z’indege,
Commonwealth yizeye ko inama yayo izabera mu Rwanda izaba nziza

Commonwealth yizeye ko inama yayo izabera mu Rwanda izaba nziza

Amakuru, POLITIQUE
 Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza (Commonwealth), Dr Nabeel Goheer yatangaje uyu munsi ko bizeye ko inama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango izabera u Rwanda mu 2020 izaba nziza kurusha n’iyabereye mu Bwongereza muri uyu mwaka.  Dr Nabeel Goheer waje mu Rwanda kuko ruri kwitegura iriya nama avuga ko hari ibikorwa by’indashyikirwa u Rwanda rwakoze bituma yemeza ko iyi nama izahabera izagenda neza kurusha iyabereye i Londres mu Bwongereza. Avuga ko icya mbere ari umuhate u Rwanda rwakunze kugaragaza mu bikorwa biganisha ku byiza, by’umwihariko mu kwikemurira ibibazo rwagiye rugira. Ati “Ubu ntawe ukwiye gushidikanya ko imiyobore muri iki gihugu ifite umuhate wo gutegura neza CHOGM 2020, mu byukuri twuzuye ikizere kubera i
Gen Kayihura yagejejwe Makindye mu kigo cya gisirikare

Gen Kayihura yagejejwe Makindye mu kigo cya gisirikare

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Gen Kayihura nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa gisirikare Brig Richard Karemire yamuvanye mu rwuri rwe Kashagama , Lyantonde kuri uyu wa gatatu mu gitondo. Akaba yagiye kubonana n’umuyobozi mukuru w’igisirikare Gen David Muhoozi ku biro bye Mbuya,Kampala, aho Mbuya  Kayihura yabajijwe hafi amasaha arenga arindwi kugeza 8:00 PM hanyuma aherekeza na konvoye ikomeye ya gisirikare ajyanywe Makindye. “ Ari Makindye “ umwe wo mu muryango utashatse kuvuga byinshi Muri iki gitondo igisoda cyavanye Gen Kayihura I Muyenga kubera ibyo akekwaho kimwimurira aho kimurindira, twagerageje guhamagara Karemire ngo agire ibyo atubwira ariko ntabwo yitaba, ariko bamwe mu basirikare bavuga ko hari ibyo agomba kubazwaho bitandukanye byo guteza umutekano muke. Uwahoze yungirije uyobora igisirikare k
Gen Kale Kayihura ntabwo ari mu maboko ya Police

Gen Kale Kayihura ntabwo ari mu maboko ya Police

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Uwahoze ayobora Police ya Uganda Gen Kale Kayihura kuri ubu yibereye mu kiruhuko mu rwuri rwe Kasagama, Lyantonde ku muhanda wa Masaka-Mbarara. Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, Gen Kayihura ntazi impamvu naho byaturutse  byavugwaga ko yafashwe n’ibitangazamakuru ndetse n’imbuga nkoranyambaga . “ Generale wibereye mu kiruhuko iwe , akaba n'umwe mu bavandimwe be yabyumvise ku mbuga  kubera ko amenyereye kubyuka yikorera siporo.” byavuzwe n’umwe mu muryango we wa hafi ukora muri UPDF General Amwe mu makuru yavugwaga ko Kayihura yaba yafashwe akajyanwa muri Mess Kololo kubazwa, abandi bakavuga ko Gen Kayihura yahungiye mu Rwanda, nkuko bitangazwa nabo mu muryango we babihakana ko ari ibinyoma. Gen Kayihura nkuko mu cyumweru gishize yabitangarije ChimpReports ko nta mpamvu yo
Ministiri w’intebe wa Norvege yasezeranye gutanga miliyoni 100 za Kroner zo kuvana amashashi mu Nyanja.

Ministiri w’intebe wa Norvege yasezeranye gutanga miliyoni 100 za Kroner zo kuvana amashashi mu Nyanja.

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Igihugu cya Norvege gifatanije na banki y’isi bagiye gushaka inkunga yo kurwanya amashashi kugira ngo atangiza inyanja, iyi nkuga ikaba yatangajwe na minisitiri w’intebe Erna Solberg mu mujyi wa Quebec aho yari mu nama ya G7. Yakomeje avuga ko nk’igihugu cye ati “ Twiteguye gutanga inkunga ihwanye na Miriyoni 100 za Kroner amafaranga akoreshwa mu gihugu cye ahwanye na 10 miriyoni z’amayero € buri mwaka”. Akaba yabitangarije itangazamakuru ryo mu gihugu cye. Solberg yavuze ko yizeye ko n’ibindi bihugu bizafasha Norvege mu rwego rw’amafaranga ngo bahashye icyo kibazo cy’amashashi yugarije inyanja, abaturage batangiye kubona ko ari ikibazo bakaba baratangiye kuyarwanya, kuko amashashi ashobora kuzaba icyorezo, ntabwo ari kuri Norvege gusa babona icyo cyorezo kuko n’ibinyabuzima biri