IYOBOKAMANA

Desmond Tutu wagize uruhare rukomeye mu gusoza apartheid yapfuye ku myaka 90

Desmond Tutu wagize uruhare rukomeye mu gusoza apartheid yapfuye ku myaka 90

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA
Musenyeri Desmond Tutu, watsindiye igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel akanagira uruhare rukomeye mu gusoza ubutegetsi bw'ivanguramoko bwa ba Nyamucye b'abazungu bw' apartheid muri Afurika y'epfo, yapfuye ku myaka 90. Musenyeri Desmond Emeritus Tutu n'umugore we Nomalizo Leah Tutu Urupfu rwe rwemejwe mu itangazo ryasohowe na Perezida w'Afurika y'epfo Cyril Ramaphosa. Yavuze ko bibaye "Ikindi gice cyo gupfusha mu gusezera kw'igihugu cyacu ku gisekuru cy'Abanya-Afurika y'epfo b'indashyikirwa baturaze Afurika y'epfo ibohoye". Yari impirimbanyi iharanira imibereho myiza akaba n'uharanira uburenganzira bwa muntu wagize uruhare mu gutegura uburyo azashyingurwamo, avuga ko ashaka kuzashyingurwa ari ku cyumweru. Byitezwe ko uhereye uyu munsi abaje gutabara umuryango we batangira kugera ...
Umugeni agomba kurira ukwezi kose mbere  y’ubukwe, urumirwa numenya impamvu

Umugeni agomba kurira ukwezi kose mbere y’ubukwe, urumirwa numenya impamvu

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA
Umunsi w’ubukwe ni umwe mu minsi y’ingirakamaro cyane mu buzima bw’umugabo n’umugore. Ubusanzwe abakundana n’imiryango yabo bakora umushinga w’ubukwe ndetse n’ahantu hazwi, bakagira imihango gakondo ikorwa mbere y’ubukwe nyirizina. Mu bice bimwe na bimwe, umukobwa ashyirwa mu cyumba cyihariye mu gihe runaka maze akitabwaho, mbere y’ubukwe. Mu bindi bice mu buryo bwihariye aho nyina  w’umugeni amukubita igihe yanze kurira ku munsi w’ubukwe bwe. Mu bice nka Tujiya (Tujia), abageni baho baba bagomba kurira ukwezi kose, mbere y’ubukwe.            ESE NI BANTU KI? Abaturage ba Tujiya bavugwa ko aribo bwoko bwa 8 mu bwinshi mu gihugu cy’Ubushinwa, bakaba barenga miliyoni umunani (8,000,000). Bakaba baherereye mu misozi y
Papa Francis arashimira buri wese wamusengeye mu burwayi bwe

Papa Francis arashimira buri wese wamusengeye mu burwayi bwe

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA, UBUZIMA
Yohereza bwa mbere Twitter ye Papa Francis ku cyumweru gishize yashimiye byimazeyo abikuye ku mutima buri wese wafashe umwanya wo kunsengera kubwubuzima bwanjye bwahuye n’uburwayi nkaba ndimo kworoherwa. Papa Francis yohereje iyi twitter 01:30 za Roma kuri uyu wa gatatu mu rukerera ashimira abatuye isi kubwu mutima mwiza bamwoherereje ubutumwa bugufi burebana n’uburwayi bwe, aho akomeje kumera neza mu bitaro biri I Roma bya Gemelli aho yabagiwe. Papa yanditse kuri tweet agira ati “Nashimishijwe no kubona ubutumwa bwinshi muri iyi minsi. Ndashimira buri wese wambaye hafi mu masengesho ye”. Mu butumwa bwinshi Papa Francis yakiriye, harimo ubuhamya bwa Nyricyubahiro Karekin II. Umuyobozi mukuru wa Gaturika w’Abanyaromaniya bose wohereje ubutumwa ejo hashize agira ati “Mukund
Nyuma yo kubagwa urura runini arimo kumera neza

Nyuma yo kubagwa urura runini arimo kumera neza

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA
Amakuru dukesha Vatikani aravuga ko Papa Francis yabazwe mu nda kubera uburwayi yarafite ku rura runini mu bitaro biri i Roma, Matteo Bruni umuvugizi wa Vatican Uyu mugabo w'imyaka 84 ari koroherwa kubera kubagwa kugira ngo abone uko avurwa kandi ubu buvuzi bwakozwe atewe ikinya cy'umubiri wose, nk'uko bivugwa n'umuvugizi wa Vatican Matteo Bruni. Iki cyemezo cyo kubagwa cyafashwe nyuma yo gushyiraho umuganga we mushya Dogiteri Roberto Bernabei mu ntangiriro za Gashyantare uyu mwaka wa 2021 Ubu ni bwo bwa mbere ajyannywe mu bitaro kuva yatorerwa kuba Papa mu 2013. Ejo hashize ku cyumweru mu gitondo, Papa yari yagejeje ubutumwa ku bantu ibihumbi bari basuye urubuga rwa mutagatifu Petero. Mu itangazo bashyize ahagaragara, Vatican yavuze ko Papa acyeneye kuvurwa uburway...
Hadj 2021: Umutambagiro urabujijwe ku banyamahanga i Maka (Mecque)

Hadj 2021: Umutambagiro urabujijwe ku banyamahanga i Maka (Mecque)

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA
Arabie Saoudite, kubera icyorezo cya Covid-19 bafunze imipa ukwezi kugira ngo bagabanye ukwiyongera kwa Virus. Abemerewe ni abashakashatsi mu kugerageza kugabanya ubwiyongere kuko abaturage miliyoni 30,abagera kuri 462.000bagaragaye ko banduye Virus hakaba hamaze gupfa ibihumbi 7.500 abamaze gukingirwa bageze kuri 50% ni abagera kuri miliyoni 15,4 inkingo zimaze gutangwa mu gihugu. Kuri uyu wa gatandatu minisiteri ya Hajj na Omra batangaje ko umutambagiro wa Hajj wuyu mwaka ntabazemererwa usibye abene gihugu gusa nkuko hashize imyaka ibiri. Umutambagiro ntuzanza abantu 60.000 Hadj 2020 washoboraga kongera ubwandu cyane muri icyo giye ko yari ikomeye, abayobozi b’igihugu niyo mpamvu bashyizeho imyanzuro ikomeye kubategura umutambagiro w’umwaka I Maka (Mecque). Nib
Papa Francis yasuye uturere twahoze turi mu maboko y’umutwe wiyita Islamic State

Papa Francis yasuye uturere twahoze turi mu maboko y’umutwe wiyita Islamic State

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA
Papa Francis arimo gusura ibice by'amajyaruguru ya Iraq byahoze byarigaruriwe n'intagondwa zo mu mutwe wiyita leta ya kisilamu (IS), kuri uyu munsi wa gatatu w'uruzinduko rwe muri iki gihugu. Abakristu bari mu bibasirwaga n'umutwe wa IS ubwo wafataga ako karere mu mwaka wa 2014, ugakora ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu. Papa Francis yageze mu mujyi wa Mosul aho arimo gusengera mu matongo y'ahahoze hari za kiliziya zo muri uyu mujyi, nyinshi muri zo zikaba zarashenywe mu mirwano. Hari mbere yuko ahura n'abakristu mu mujyi wa Qaraqosh. Nyuma yaho yasomeye misa mu mujyi wa Irbil, aho hateraniye  abakristu bagera ku 10,000, nubwo hari impungenge zitewe na coronavirus, ariko bakaba bagerageje gushyiramo intera uko bari bicaye. Hari ubwoba ko iyo misa ishobor...
Ntabwo ntekereza ko nzajya mu ijuru ndabizi cyane ko ikuzimu hantegereje

Ntabwo ntekereza ko nzajya mu ijuru ndabizi cyane ko ikuzimu hantegereje

Amakuru, IYOBOKAMANA, MU MAHANGA
Mu buzima hari byinshi bigenda bihinduka kandi utabiteguye, bamwe bakora ibintu bishimishije, ibyinshi bituruka ku mutima nama wa buri wese kubera ko turi ibiremwa biragoye ku byihanganira. Ariko umukobwa mwiza ukiri muto ufite izina rya Priscilla w’Umunyagana kazi aherutse gutangaza mu kiganiro avuga ko kujya mu ijuru atanabifite mu nzozi kubera ko ibyo nkora nibyo nahisemo bitabinyemerera. Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru ndetse cyagaragayeho ko byakurikiwe na benshi uyu mukobwa yakomeje kugaruka ko ubuzima yahisemo kubamo butamwemerera ko cyangwa ngo bumwemerere ko azajya mu ijuru. Kubera izo mpamvu azi neza ko adategereje ijuru ahubwo ibimutegereje ni ikuzimu aho azahanwa n’umuriro utazima. @Rebero.co.rw
Abayobozi ba ADEPR barashinjwa kuba mu mugambi w’abagambanira igihugu

Abayobozi ba ADEPR barashinjwa kuba mu mugambi w’abagambanira igihugu

Amakuru, IYOBOKAMANA
Ibyo muri ADEPR noneho byakomeye aho bamwe mu ba Kirisito baboneye amakuru avuga ko Abayobozi bakuru ba ADEPR basigaye bakorana n’abantu bahunze igihugu bakaba basanga gukorana n’abantu bahunzi igihugu  ari ukugambanira igihugu bityo bakaba basaba aba bayobozi kwegura vuba ku buyobozi badategereje kweguzwa.   Kuwa 15 Mutarama 2020 nibwo bamwe mu Bakirisito muri ADEPR baje bitwaje bimwe mu bimenyetso bigaragaza ko Abayobozi ba ADEPR mu Rwanda barimo Umuvugizi wa ADEPR Rev.Karuranga Ephrem na SG.Gatemberezi Paul, Mme Umuhoza Aurelia bagiye mu gihugu cy’Ububiligi mu kwezi kwa 10/2018  gusengera uwitwa Mboneko Corneille wahunze igihugu ahungira mu Bufaransa ariko aba bayobozi ba ADEPR bamuhereye inshingano bamusengera ku mugaragaro mu Bubiligi. Abakirisito muri ADEPR bibaza i
Buri mwaka tugomba kugira icyo dukora muri Korali Abitangiyinkurunziza- Nshimyumuremyi Fidele

Buri mwaka tugomba kugira icyo dukora muri Korali Abitangiyinkurunziza- Nshimyumuremyi Fidele

Amakuru, IYOBOKAMANA
Abitangiyinkurunziza ni korali ibarizwa mu itorero ry’Abadiventisite b’umunsi wa Karindi babarizwa mu itorero rya Gikondo mu ntara ya Gikondo, iyi korali ikaba imaze gusohora imizingo 2 ya DVD  ikaba imaze kuba korali ibwiriza ubutumwa ikoresheje indirimbo. Kuri iki cyumweru nibwo Abitangiyinkurunziza basohoye umuzingo w’indirimbo n’amashusho witwa “Imana yacu ni Nziza” igitaramo cyari cyatumiwemo amakorali atandukanye ndetse n’abizera baturutse mu matorero atandukanye yegereye itorero rya Gikondo. Nshimyumuremyi Fidele akaba ari umutoza muri iyi Korali ndetse akaba ashinzwe amakorali mu Itorero rya Gikondo akaba numwe mu batangiranye niyi Korari yatangiye kuririmba muri 2013, aho aya makorali kwiyongerera ubushobozi no kugira ngo zibashe kurushaho kuvuga ubutumwa zihuje aho Abit
Itorero Ry’abadiventisti B’umunsi Wa Karindwi ryageze Mu Rwanda mu 1919

Itorero Ry’abadiventisti B’umunsi Wa Karindwi ryageze Mu Rwanda mu 1919

Amakuru, IYOBOKAMANA
Ubutumwa bw’itorero ry’Abadiventiste tubwirwa ko bwageze mu Rwanda hagati yi 1918 n’1919 buzanywe n’Umubirigi witwaga DELHOVE waje kunganirwa na MONNIER Heneriko (Bwana MUNNYERI). Muri icyo gihe hari mu gihe cy’intambara ya mbere y’isi, aba misiyoneri bandi b’abaporotesitanti bari barasubiye iwabo, DELHOVE na MONNIER ba Abadiventisiti basigara bigisha bonyine, bigisha n’abo bari barataye. Aho bagarukiye ba DELHOVE na MONNIER bajya inama yo kugabana uturere, MONNIER ajya Mu BUGANZA, DELHOVE ajya i NYANZA Mu 1921 MONNIER Heneriko afatanije n’uwitwa A. MATTER bashinga irindi torero mu RUHENGERI. Mariya MATTER mushiki wa MATTER afatanije na Mme MATTER bashinga ivuriro mu RWANKERI Umuntu wa mbere wabatijwe ni Yohana RUVUGIHOMVU mu 1924 akurikirwa na RUKANGARAJUNGA Petero muri u