REBERO

Advertise Here!

Iyobokamana

Papa asengera amahoro muri Haiti n’ubufatanye bw’isi yose

Papa Francis asengera abaturage ba Haiti bababaye kubera urugomo rukabije, mu gihe yibuka abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Ukraine ndetse n’Ubutaka Bwera. Yagaragaje kandi ubucuti bwe n’abavandimwe b’Abisilamu batangiye Ramazani. Angelus ku cyumweru, Papa Francis yibutse mu buryo budasanzwe abaturage ba Haiti aho yavuze ko akurikira afite impungenge n’agahinda ikibazo gikomeye cyibasiye igihugu […]

Papa asengera amahoro muri Haiti n’ubufatanye bw’isi yose Read More »

Papa ahamagarira abatuye isi gusengera Burkina Faso na Haiti

Mu gusoza amasengesho yabateranyije kuri uyu wa gatatu, Papa Francis arahamagarira abakirisitu gusengera Burkina Faso na Haiti, kandi ntitwibagirwe abaturage ba Ukraine, Palesitine na Isiraheli, ndetse n’abababaye bose kubera intambara. Papa Francis yagize ati: “Ntitukibagirwe abantu bababaye kubera intambara, kw’isi yose“. Papa yakomeje asaba amasengesho y’abazize ibitero by’iterabwoba biherutse kubera muri Burkinafaso. Ku cyumweru, abasenga

Papa ahamagarira abatuye isi gusengera Burkina Faso na Haiti Read More »

Urubyiruko rurasabwa gukura amaboko mu mifuka rugakora kugira ngo impano zibarimo zibatunge

Ni igikorwa cyabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga, kuri stade y’Akarere ka Muhanga. Icyumweru cy’Ubuskuti cyari gifite insanganyamatsiko igira iti”MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA” UZABUMUGABO Virgile, Umuyobozi w’Umuryango w’Abaskuti mu Rwanda, wanatorewe kongera kuwuyobora muri manda y’imyaka ine, atangiza iki gikorwa, yashimiye abagize umuryango mugari w’abaskuti mu Rwanda, abibutsa

Urubyiruko rurasabwa gukura amaboko mu mifuka rugakora kugira ngo impano zibarimo zibatunge Read More »

Icyumweru cy’Ubusukuti cyatangirijwe muri Paruwasi ya Butete na Musenyeri Vincent Hakorimana

Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cy’ubuskuti cyahawe insanganyamatsiko igira iti “MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA. Iki gikorwa cyabereye mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika Akagari ka Gisovu mu Mudugudu wa Kamegeri. Iki gikorwa cyabimburiwe n’Igitambo cya Misa

Icyumweru cy’Ubusukuti cyatangirijwe muri Paruwasi ya Butete na Musenyeri Vincent Hakorimana Read More »

Rusizi: Korali Elayo mu byishimo byo kumurika Album yayo ya mbere

Abaririmbyi ba korali Elayo ya ADEPR Nyakagenge,umurenge wa Muganza,akarere ka Rusizi, baravuga ko bari mu byishimo byinshi,nyuma yo kumurika Album yayo ya mbere,bakizeza ko mu bihe bitarambiranye bazashyira hanze indi,bakazanakomeza kuvuga ubutumwa bwiza muri uru rwego. Abayobozi b’amadini n’amatorero bishimira umwe mu musaruro wabonetse Ni Album y’indirimbo 6, yamurikiwe abakirisitu ba ADEPR Nyakagenge ku wa

Rusizi: Korali Elayo mu byishimo byo kumurika Album yayo ya mbere Read More »

Uruhare rw’amadini mu guteza imbere isuku n’isukura muri Munyove umurenge wa Mudende

Mu murenge wa Mudende mu kagali ka Buhungwe umudugudu wa Munyove abaturage barashima uruhare rw’itorero abavandimwe ryabigishije kugira isuku n’isukura mu buzima bwabo bwa buri munsi, dore ko mbere batabikozwaga ariko ubu indwara bahuraga nazo z’umwanda zaragabanutse. Iri torero rikaba rifite gahunda yo kuvana aba baturage mu mwanda rinyuze mu rubyiruko rwo muri uyu mudugudu

Uruhare rw’amadini mu guteza imbere isuku n’isukura muri Munyove umurenge wa Mudende Read More »

Arkidiyosezi ya Kigali yashyizeho ibirango bishya izakoresha muri 2024

Arkidiyosezi ya Kigali yatangaje ko guhera kuriuyu wa mbere,tariki ya 8 Mutarama 2024,izatangira gukoresha ibirango bishya nka gihamya kandi bigaragaza umwimerere w’inyandiko z’Ubuyobozi n’Ubunyamabanga bya Arkidiyosezi ya Kigali. Nkuko byashyize ahagaragara bivuze ko ibyari bisanzwe bikoresha byakuweho, bityo abakenera kugana cyangwa kugira inyandiko zishyizweho umukono nubwo buyobozi ibi bikaba aribyo birango bizakorasha. @Rebero.co.rw

Arkidiyosezi ya Kigali yashyizeho ibirango bishya izakoresha muri 2024 Read More »

Nyamasheke: Abapasiteri bashya basabwe kurangwa n’ingeso nziza

Mu byaranze isozwa ry’inama y’umwaka  yabereye muri EMLR Conference ya Kibogora,mu karere ka Nyamasheke,harimo kwerekana abantu 17 batangiye kumenyerezwa umurimo wa gipasitori, no kurobanura abapasitori 2 buzuye bari bamaze imyaka 3 bamenyerezwa uwo murimo. Mu byo basabwe bikomeye harimo kurangwa n’ingeso nziza aho bari hose. Abapasiteri buzuye barobanuwe basabwe kurangwa n’ingeso nziza Ni inama yatangiye

Nyamasheke: Abapasiteri bashya basabwe kurangwa n’ingeso nziza Read More »

Papa: Noheri izane amahoro ku isi yacu kandi ihindure umubabaro umunezero

Mu butumwa bwe bwa Noheri ku gicamunsi “Urbi et Orbi” umugisha ku munsi wa Noheri, Papa Fransisiko avuga uburyo Umwana Yesu agaragaza urukundo rw’Imana kuri buri wese muri twe, ruzana “umunezero uhumuriza imitima, uvugurura ibyiringiro kandi utanga amahoro . Arasengera amahoro ku isi kandi arahamagarira imbaraga zose guhagarika ihohoterwa no gufasha abababaye. Mu gusuhuza imbaga

Papa: Noheri izane amahoro ku isi yacu kandi ihindure umubabaro umunezero Read More »

Papa Francis yatangije impaka nyuma yo kwemeza imigisha kubashakanye bahuje igitsina

Papa Fransisko yahura n’ikibazo nyuma yo kwemeza imigisha ku bashakanye bahuje ibitsina muri Kiliziya Gatolika. Mu ntambwe ishimishije, Papa Fransisko yahaye uruhushya abapadiri gatolika guha umugisha ababana bahuje ibitsina, ibyo bikaba ari intambwe igaragara ku bantu ba LGBTQ + bari muri kiliziya Gatolika ya Roma. Impamvu Papa Francis yemeye gushyingirwa kwa LGBTQ Icyemezo cya Papa

Papa Francis yatangije impaka nyuma yo kwemeza imigisha kubashakanye bahuje igitsina Read More »

Scroll to Top