IMYIDAGADURO

Nahrel agiye gukorana na Akon hamwe na Kery Hilson

Nahrel agiye gukorana na Akon hamwe na Kery Hilson

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Nahrel ni umwe mu bahanzi bakuru bakunze gukora indirimbo nziza nkuko azwi mu gihugu no muri Afurika hamwe no ku isi, Nahrel akaba atangaza ko muriyi minsi afite akazi kenshi kuko hari ibyo arimo gutegura kugira ngo umuziki we urusheho gutera imbere. Ariko kubera gukorana  indirimbo zikunzwe cyane muri Afurika n’abahanzi batandukanye nka: Eazi na Patoranking kubera uko bakoranye neza akaba agiye gutangira gukorana na Akon hamwe na Kery Hilson. Bakimara kumenya ayo makuru uyobora itsinda rya Navy Kenzo Aika yavuze ko yiteguye Nahrel  yarangije gukora ibyo asabwa igisigaye ari igihe gusa. “ Kuko Manager wacu ni umwe ari muri amerika akaba yiteguye gufasha Nahrel kugira ngo akorane na Akon hamwe na Kery Hilson vuba”.
Ntawundi mugabo wamvana kwa Dogo Janja – Uwoya

Ntawundi mugabo wamvana kwa Dogo Janja – Uwoya

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umukinnyi wa filime za Bongo Movie umenyerewe cyane Irene Uwoya wahoze ari umugore wa Hamadi Katauti aherutse gutangaza ko nta wundi mugabo wamuvana ku mugabo babana ubu wa Bongo fleva Abdul Chende “ Dogo Janja”. Uwoya ubwe akaba yaritangarije ko ariwe mugore wenyine akunda kand ko ntawundi ushobora kwinjira mu rukundo rwabo, ibi Irena Uwoya akaba yarabitangaje ubwo bari mugikorwa cya Global Publishers ahita atangaza ko ariyo mpamvu yakoze ubukwe n’umuririmbyi nkuwo kandi tuzabana neza.
Itsinda rya  Navy Kenzo bagiye kubana.

Itsinda rya  Navy Kenzo bagiye kubana.

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Abaririmbyi babiri bagize itsinda rya Navy Kenzo akaba ari Aikah na Nahreel kugeza ubu ni abakundanye igihe kinini bakaba bashyize ahagaragara ko bagiye kwinjira muri gahunda zo kurushinga urugo. Nahreel avuga ko bamaranye urukundo imyaka 10 bakaba baramaze kubyarana umwana umwe none bamaze kubyemeranya ko bagomba kubana kugira ngo umwana wabo babone uko bamurerera hamwe.
Ntabwo nahisemo kurongorwa na Diamond-LYNN

Ntabwo nahisemo kurongorwa na Diamond-LYNN

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Queen Irene Charles ‘Lynn’ kubera ko atahisemo kugirana urukundo n’umuhanzi w’indirimbo,  Nasibu Abdul ‘Diamond’ aravuga ko kubera ubushake bw’Imana yashaka n’umuhanzi nkuwo yabikunze byaba. Avugana na Risasi yo kwa kane, Lynn yavuze nta mpamvu yo kuzana urwenya kubijyanye n’ubwiza bwe na Diamond, gusa icyonzi we n’Imana icyo izemera bazabana, bizaba ari ibyo kandi bitabaye ubwo azashakana nundi Imana izaba yamuhitiyemo.
Hamisa Mabeto ntabwo inzu ariye ni iya Deedalyan- Mama Mobeto

Hamisa Mabeto ntabwo inzu ariye ni iya Deedalyan- Mama Mobeto

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umugore wabyaye Hamisa Mabeto yashyize ashyira ahagaragara ibimaze iminsi bivuga arabyemeza ati “ Nibyo koko Diamond yaguriye inzu Hamisa ariko iyo nzu ntabwo ariya Hamisa nkuko abantu babivuga ariko inzu niyu mwana wabo Abdul”,  kuko uyu mwana udafite n’umwaka yagurirwa inzu. Hamisa nta nzu yaguriwe, kuko inzu yaguriwe Daylaan niwe nyirayo ariko nkamushimira kuko azi ubuzima turimo, ariko uretse nibyo Mama Mabeto yavuze ko abizi abantu bamugirira ishyari kubera umwana we. Nkuko byakomeje kugenda bivugwa ko iyo nzu ariyo gukodeshwa ariko burya abntu bivugira ibyo bashaka kuko uwayiguze azi impamvu yayo ariwe Diamond Platinumz
Umukobwa wahamwe no kwica Steven Kanumba agiye kurushinga

Umukobwa wahamwe no kwica Steven Kanumba agiye kurushinga

IMYIDAGADURO
Elizabeth Michael [Michael Lulu] wari umaze igihe afunzwe aritegura kwambikana impeta n’umusore yishumbushije nyuma y’urupfu rwa Kanumba Steven witabye Imana kuwa 7 Mata 2012. Michael Lulu yari amaze amezi arindwi muri gereza, yafunzwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwari umukunzi we Steven Kanumba [umukinnyi wa filime wakundwaga bikomeye mu karere]. Uyu mukobwa yarekuwe ku tariki ya 14 Gicurasi 2018 bitegetswe n’Urukiko Rukuru, yemerewe kujya gukomereza igihano yari yarakatiwe hanze ya gereza kuko cyavunjwemo imirimo nsimburagifungo[community service]. Inkuru nshya zasakaye mu binyamakuru muri Tanzania ni ubukwe bwa Michael Lulu n’umukunzi we Majizzo uzwi cyane nka Majey, uyu ni na we bakundanaga mbere y’uko akatirwa imyaka ibiri y’igifungo. Urukundo rwa Michael Lulu na M
Scandinavia WFC yahize guhindura amateka ikambura AS Kigali WFC igikombe cya shampiyona

Scandinavia WFC yahize guhindura amateka ikambura AS Kigali WFC igikombe cya shampiyona

Amakuru, IMIKINO, IMYIDAGADURO
Scandinavia WFC y’i Rubavu yahize guhindura amateka mu mupira w’amaguru w’abagore igakura ku ntebe y’icyubahiro AS Kigali WFC imaze imyaka icyenda iyoboye. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Kamena 2018 nibwo amakipe yombi azahurira mu mukino wa nyuma wa Shampiyona y’Abagore, uzagena uwegukana igikombe cya Shampiyona hagati y’impande zombi. AS Kigali WFC ni umwami w’umupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda ndetse mu myaka icyenda iheruka niyo yegukanye ibikombe yonyine inanyagiye amakipe ibitego byinshi harimo Nyagatare WFC yatsinze 27-0 umwaka ushize ku munsi wa nyuma wa shampiyona. Uyu mwaka nyuma yo kuza mu Cyiciro cya Mbere kwa Scandanavia WFC y’i Rubavu y’Umuherwe Kasongo Paluku Thierry, shampiyona yahinduye isura, habonekamo guhangana gukomeye byatumye igera ku munsi wa nyuma h