IMYIDAGADURO

Umujyi wa Kigali uratangaza aho bazarasira urufaya rw’urumuri ( Fireworks) basoza umwaka wa 2021

Umujyi wa Kigali uratangaza aho bazarasira urufaya rw’urumuri ( Fireworks) basoza umwaka wa 2021

Amakuru, IMYIDAGADURO, RWANDA
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatangaje ko mu rwego rwo kwizihiza isozwa ry’umwaka wa 2021 hanatangirwa uwa 2022, hazaraswa urufaya rw’urumuri (fireworks), mu bice bitandukanye ahagana saa Sita z’ijoro zo ku itariki 31 z’uku kwezi kwa 12, gusigaje umunsi umwe, ngo kurangirane n’uyu mwaka w’2021. Umujyi wa Kigali uratangaza ko izo fireworks zizarasirwa kuri Kigali Convention Center, Stade Amahoro, Mont Kigali, ku Musozi wa Bumbogo, ndetse no kuri Kigali Marriott Hotel. Twibukiranye ko umwaka ushize, iki gikorwa ntacyabayeho, bitewe n’ubukana COVID-19 yari ifite icyo gihe, kandi turusheho kwubahiriza ingamba zo kwirinda Covid-19, ndetse tunikingiza kuko muri za gare mu mujyi wa Kigali barakingira. @Rebero.co.rw
Mu murage wa UNESCO umuziki wa rumba watsindiye kujyamo

Mu murage wa UNESCO umuziki wa rumba watsindiye kujyamo

Amakuru, IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Rumba yo muri Kongo, bumwe mu bwoko bw'umuziki uzwi cyane muri Afurika, n'injyana yawo, ubu birinzwe nk'umurage w'isi n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku bumenyi, uburezi n'umuco (UNESCO). Papa Wemba,ufite amazina ya  Jules Shungu Wembadio Pene Kikumba, wapfuye mu 2016, yari umwe mu bahanzi bazwi cyane mu muziki wa rumba Bigezweho nyuma y'ubukangurambaga bwakozwe n'ibihugu bibiri - Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'igihugu bituranye cya Congo-Brazzaville. Ibi bihugu bihuriye mu cyahoze ari ubwami bwa Kongo - aho iyi njyana ikomoka, nkuko bikubiye mu busabe bwatanzwe n'ibihugu byombi. Ijambo "Rumba ubwaryo riva ku ijambo Nkumba ry'Ikikongo rivuze umukondo". Umuziki wa rumba wo muri Congo wiyongereye ku yindi mirage irinzwe na UNESCO irimo nk'umuziki wa reggae wo mur
Covid-19 yahitanye Jacob Desvarieux washinze itsinda Kassav

Covid-19 yahitanye Jacob Desvarieux washinze itsinda Kassav

Amakuru, IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umuyobozi w’itsinda ryamamaye mu njyana ya zouk Jacob Desvarieux yitabye Imana ku myaka 65 muri Guadeloupe mu mujyi wa Pointe-à-Pitre ku itariki ya 30 Nyakanga 2021 azize uburwayi bwa Covid-19, akaba yarasanzwe awaye Diyabete kuva muri 2008. Yavukiye i Paris mu 1955 yamaze imyaka 12 atembera mu bihugu bitanduka harimo Guadeloupe, Maritinique na Senegal ari kumwe n'umubyeyi we afite imyaka 16 bakoresha ururimi rw'igicrewole, uwo mubyeyi we ni nawe wamuhaye guitare ya mbere, ariko nyuma yo kuzenguruka aho hose baje gutura Marseille. Abaririmbyi baje guhura aho bashinze Itsinda rya Kassav rihuza ibirwa bibiri aribyo Guadeloupe na Maritinique iryo tsinda rya muzika ryasohoye indirimbo yabo yambere iri muri Album yabo bise Love and Ka Dance mu 1979, ariko bamenyekanye cyane cyane mur
Umuhanzikazi Dolly Parton wakunzwe cyane mu njyana ya Country Music

Umuhanzikazi Dolly Parton wakunzwe cyane mu njyana ya Country Music

Amakuru, IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Dolly Rebecca Parton wavutse muri Mutarama 19,1949 akaba ari umwanditsi w'indirimbo n'umukinnyi wa film album ye ya mbere yayisohoye 1967 uyu muhanzikazi mu 1999 yaramaze gukora indirimbo 3000. Dolly avuka mu muryango w'abana 12 akaba ari umwana wa kane mu ;muryango wabo, izina rya Rebecca arikomora kuri Nyirakuru ubyara mama we naho Papa we umubyara akaba yarazwi ku izina rya Lee Dore ibintu 7 ukwiriye kumenya kuri Dolly Rebecca Parton : Hari ibintu 7 abenshi batari bazi kuri uyu mukecuru w’imyaka 74 wavukiye muri Leta ya Tennessee muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. .Ubwo yavukaga, Papa we yagurishije umufuka wa kawunga ngo haboneke amafaranga y’ibitaro Uyu muhanzikazi ntabwo ajya ahisha ko yavukiye mu muryango ukennye. Hari n’indirimo yahimbye yitwa “The coat of many c
Nike yareze kubera Inkweto za Satani zirimo amaraso y’abantu zayitiriwe

Nike yareze kubera Inkweto za Satani zirimo amaraso y’abantu zayitiriwe

Amakuru, IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Nike iri gukurikirana abanyabugeni MSCHF kubera inkweto zitavugwaho rumwe ziswe "Inkweto za Satani" zifite igitonyanga cy'amaraso nyayo y'umuntu mu mupira wazo. 'Inkweto za Shitani' za Lil Nas X na MSCHF zaguzwe mu gihe kitageze ku munota umwe kuwa mbere Izi nkweto za siporo zaguzwe $1,018 (arenga miliyoni imwe y'u Rwanda) ziriho umusaraba ucuritse, akamenyetso ka Pentagram hamwe n'ijambo "Luke 10:18", zakozwe bahinduye Nike Air Max 97s. Ku wa mbere MSCHF yasohoye izi nkweto ziriho umubare 666, ifatanyije n'umuhanzi wa rap Lil Nas X, kandi ivuga ko zahise zigurwa mu gihe kiri munsi y'umunota umwe. Nike ivuga ko habayeho kwinjirira uburenganzira n'ikirango cyayo. Izi nkweto z'umukara n'umutuku zagaragaye bwa mbere ku wa mbere mu ndirimbo nshya ya Lil Nas X yitwa Montero (Call M...
Abakinnyi bakomeye muri ruhago bagize icyo bavuga ku mwaka urangiye wa 2020

Abakinnyi bakomeye muri ruhago bagize icyo bavuga ku mwaka urangiye wa 2020

Amakuru, IMIKINO, IMYIDAGADURO
Uyu mwaka urangiye wabaye umwaka utazasibangana ku isi yose kuko ntawe wabereye mwiza usibye bamwe na bamwe mu bacuruzi bawungukiyemo, ariko wakoze kuri benshi ndetse bamwe muribo baracyahungabanye kubera kubura ababo. Bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru bakina mu makipe akomeye bagize icyo bawuvugaho nubwo urangiye kandi igihe kinini kikaba cyarabaye icyo guhagarika imikino ku rwego mpuzamahanga ndetse nubu abafana bakaba batarasubira ku masitade atandukanye hirya no hino ku isi. Cristiano Ronaldo 2020 ntabwo wabaye umwaka usanzwe kandi nta lubishidikanyaho kuko nta numwe utagizeho ingaruka harimo no kubabaza kubera Covid-19 yakwiriye isi yose. Ariko ubu noneho ni igihe cyo guhindukira tukareba ibiri imbere kandi nidufatanyiriza hamwe tuzabigeraho, reka dukore impin
Ubukwe bw’iki gihe ni ukurangiza umuhango

Ubukwe bw’iki gihe ni ukurangiza umuhango

Amakuru, IMYIDAGADURO, UBUZIMA
Ubundi Ubukwe ni umuhango w’ibyishimo ukaba uhuza imiryango kuruhande rw’umukwe n’umugeni kandi ukabagira umwe , ariko umuhango w’ubukwe bumwe bisigaye ari ukurangiza umuhango kuko ingo ntabwo zimarana kabiri ziba zatandukanye. Umugeni upfukamye imbere y'umugabo we ariko akaba atakwemera ibyo amuha Hari umukobwa ushyingirwa ku mugabo adashaka kubera umubano w’ababyeyi ibyo muri iki gihe bitagishoboka cyangwa se ugasanga kubera ibyamubayeho bitumye ashaka umugabo adakunda ariko kwanga gusebya umuryango bikaba ngombwa ko agenda ariko bitamurimo. Uburere n’imyitwarire y’abasore n’inkumi muri iyi minsi usanga yarahindutse aho ubu nta muranga ugitegerezwa ndetse abenshi bahurira kuri Facebook cyangwa se kuri What’sApp  ndetse na Instagram urukundo rwabo rukamara igihe gito bikara
Patricia Neza Masozera akomeje gutera imbere muri Muzika

Patricia Neza Masozera akomeje gutera imbere muri Muzika

Amakuru, IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umunyarwandakazi w’umuririmbyi Patricia Neza Masozera, uzwi ku izina rya Neza Da Somgbird yagiranye amasezerano yo gufatisha indirimbo ze  n’umunyanigeriya muri Lebel MCG Empire. Neza ni umunyarwanda utuye muri Canada. Akaba yasinyanye n’umuririmbyi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Innocent Udeme uzwi ku izina rya Udofot wo muri MC Galaxy akaba yiteguye gukomeza kumufasha mu gutegura no kumufasha kwandika indirimbo ze neza. @Rebero.co.rw
Umukinnyi w’ikinyejana: Drogba na Eto’o abanyafurika nti bagaragaye ku rutonde

Umukinnyi w’ikinyejana: Drogba na Eto’o abanyafurika nti bagaragaye ku rutonde

Amakuru, IMIKINO, IMYIDAGADURO
Uyu mwaka, Ishyirahamwe ry’amakipe ku mugabane w’uburayi (ECA) hamwe n’ishyirahamwe ry’abagurisha abakinnyi ku mugabane w’uburayi (EFFA) bahisemo gushaka umukinnyi w’ikinyejana uwo akazagaragara tariki ya 27 Ukuboza mu muhango Globe Soccer Award bizabera mu bihugu byunze ubumwe by’Abarabu. Muri lisite yashyizwe ahagaragara y’abakinnyi 28 bo mu kinyejana cya 21 hagaragayemo umukinnyi umwe w’umuyafurika iruhande rwa Lionel Messi, Cristiano Ronaldo, Ronaldo hamwe na Zinedine Zidane n’umunyamisiri Mohamed Salah. Abakinnyi 28 batoranijwe Abatoranijwe 28 ngo bahitemo umukinnyi w’ikinyejana  : Andrea Pirlo, Andres Iniesta, Andriy Shevchenko, Arjen Robben, Cristiano Ronaldo, David Beckham, Fabio Cannavaro, Francesco Totti, Frank Lampard, Gianluigi Buffon, Iker Casillas,
Ibyo utari uzi ku mwana wa Trump: Barron Trump

Ibyo utari uzi ku mwana wa Trump: Barron Trump

Amakuru, IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umwana w’umuhererezi wa Donald Trump ntabwo azwi cyane muri rusange, ariko uyu muhererezi we, Barron, yavutse ku mugore we wa gatatu ari nawe bari kumwe nubwo yamaze gusaba gatanya. Umwana wa Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ararindwa cyane kuruta se umubyara kandi ariwe Perezida. # Barron niwe mwana wenyine wa Donald na Melaniya Perezida w’Amerika afite abana batanu kubagore batatu basezeranye. Barron Trump akaba ariwe mwana wa Donald n’umugorewe wa gatatu Melaniya, umuhungu wavutse tariki ya 20 Werurwe 2006 # Melaniya yanze kwimukira munzu ihabwa Perezida kubera umuhungu we Umugore wa mbere wa Leta Zunze Ubumwen’umwana we ntabwo bahise bajay munzu y’umweru( White house). Uwahoze amurikaimideli yashatse ko umuhungu we abanza kurangiza amashuli ye mu ishuli rihenzerya