
Tshala Muana watangiye kuririmba ku myaka 22 yitabye Imana ku myaka 64
Uwahogoje imitima yabanya Afurika ndetse bakunze kurusha abandi, Tshala Muana, mu cyumweru turangije yitabye Imana ku myaka 64, ni umwe mu bari bafite ijwi ryiza hamwe no kumenya kubyina iyo yabaga ageze kurubyiniro aho byateje impagarara kubamubonaga.
Mu bihe bye bya nyuma ari kumwe n'umukobwa we mu bitaro Kinshasa aho yaguye
Ariko abasabaga ko yahagarikwa ntibyabakundiye kubera amajwi ya benshi bari bakunze kumurangarira arimo kubyina, ndetse no kugeza kubayobora ibihugu byabo.
Hari ibyigeze kuvugwa ko mu bakanyujijeho nawe mu rukundo harimo n’abakuru b’ibihugu bya Afurica, ndetse yaririmbye ku mu Perezida atavuze wagerageje kenshi kuryamana nawe.
Yatangiye ubuzima bwe mu ngorane zikomeye , ku myaka 22 ava mu gihugu cye cyitwaga Zaire icyo gihe ubu ni Repubulika ya De