IMIKINO

UTB muri Volleyball niyo izitabira imikino Nyafurika y’abakozi ( ARPST )

UTB muri Volleyball niyo izitabira imikino Nyafurika y’abakozi ( ARPST )

IMIKINO, RWANDA
Mu nteko rusange isanzwe yabaye kuri uyu wa kane taliki ya 5 Nyakanga yagejejweho ibyavuye mu mwiherero w’umunsi umwe wabereye Nyamata wa Komite nyobozi hamwe n’abanyamategeko kugira ngo iri shyirahamwe ry’imikino y’abakozi rirusheho gutera imbere, dore ko rigizwe n’abanyamuryango 42 ariko abitabiriye inama bakaba barengaho icyakabiri ho gato. Bimwe mubyo bemeje basanze imikino ari iy’abakozi bityo bemeranya ko aho gusimbuza abakinnyi 5 gusa mu mukino w’amaguru , abari kurupapuro rw’umukino bose bagomba gukina bityo bemeranya ko hazajya hasimbura abakinnyi 7, ikindi baganiriyeho nuko ikipe yagaragayeho gukinisha umukinnyi udafite ibyangombwa izajya ihanwa ikishyura n’amafaranga yiyayireze mu gihe yatsinzwe. Rwabuhihi Innocent umunyamabanga mukuru muri ARPST akaba yagize ati “Ibig
Imyaka itatu y’amasezerano Ambasade ya Chine na Table Tennis

Imyaka itatu y’amasezerano Ambasade ya Chine na Table Tennis

IMIKINO, RWANDA
Kuri uyu wa gatandatu nibwo hatangijwe irushanwa rya” Ambassador's Table Tennis Cup” ryitabiriwe n’amakipe atandukanye yo mu Rwanda aho rwashojwe ku cyumwe n’umushyitsi mukuru ariwe Ambasaderi wa Chine mu Rwanda. Umwe mu basore w'imyaka 18 wegukanye irushanwa rya GMT Mashengesho Patrick niwe wegukanye iri rushanwa aho yatsinze mugenzi we amaseti 3-0 bityo yegukana igikombe gifite agaciro k'ibihumbi 60 hamwe n'umudali wa zahabu yongerwa n'ibihasha y'ibihumbi 60 bimwe mu bihembo bya mushimishije cyane aganira na Rebero.co.rw akaba yaragize ati" Mu byukuri uyu mukino maze kuwukina kenshi ariko kuba mbonye ibi bihembo ni kimwe mubingaragariza ko uyu mukino uzantunga kuko ubu ngiye mu mahugurwa mu bushinwa kwungura ubumenyi bwanjye aho nzakina n'abandi bakinnyi batandukanye barus
Amezi abiri y’amahugurwa mu mukino wa Tennis yo kumeza mu Bushinwa

Amezi abiri y’amahugurwa mu mukino wa Tennis yo kumeza mu Bushinwa

IMIKINO, RWANDA
Ambasade y’Ubushinwa yahaye abakinnyi barindwi hamwe n’abatoza batatu amahugurwa y’amezi abiri mu gihugu cy’Ubushinwa aho bateganya kuzahungukira ubumenyi bwisumbuye kubwo bari basanganywe. Yves Ndizeye uzagenda ayoboye abagiye mu mahugurwa akaba ashinzwe tekinike muri federation ya Tennis nawe akaba azahabwa amahurwa y’ubutoza, ubwo yaganiraga n’itangazamakuru yavuze ko biteguye kuhavana ubumenyi bwinshi kuko igihugu cy’Ubushinwa cyateye imbere muri uyu mukino. Yakomeje agira ati “Igihugu cy’Ubushinwa mu bakinnyi ijana ba mbere ku isi usanga mirongo ita ari abashinwa bityo rero nkuko tugiye guhugurwa muri icyo gihugu ntabwo tuzaba turiyo twenyine ahubwo tuzahahurira nabazaturuka mu bindi bihugu bitandukanye.” Abandi batoza bazitabira aya mahugurwa harimo umwe mu bakobwa nawe
Komite Olimpike mugushaka icyateza imbere Siporo Nyarwanda

Komite Olimpike mugushaka icyateza imbere Siporo Nyarwanda

IMIKINO, RWANDA
Nkuko biteganijwe mu itegeko rya Siporo mu Rwanda Komite olimpike niyo igomba gushyira mu bikorwa ibyiryo tegeko rya siporo, Siporo igomba kugira uruhare mw’iterambere ry’igihugu ku buryo yagira uruhare mu gutanga imirimo mu nzego zinyuranye niyo mpamvu komite olimpike yagize uruhare mu kuganira na Komite olimpike zigize Akarere ka gatanu ( Zone V ) kagizwe n’ibihugu 11, nyuma yo kuganira tubasaba ko inama ya komite nyobozi yabera mu Rwanda. Ni ku nshuro ya mbere iyi nama iteraniye mu Rwanda izatangira taliki ya 27-29, iyi nama ikaba ari ukwishakamo inkunga y’ubushobozi ku mafaranga ndetse no gutegura imikino olimpike ya zone 5 kugira ngo umukinnyi uzitabira imikino Olimpike akabanza kugira nindi mikino yitabira ibasha kumutegura neza. William Blick akaba ariwe uyobora ANOCA Zone
Urubyiruko rwacu rugomba kumenya ibyabaye muri Jenocide yabaye mu 1994- Birungi

Urubyiruko rwacu rugomba kumenya ibyabaye muri Jenocide yabaye mu 1994- Birungi

IMIKINO, RWANDA
Kuri uyu wa gatandatu nibwo abakinnyi bakina umukino wa Tennis yo kumeza ( Table Tennis ) basuye urwibutso ku Gisozi bamenya byinshi ku byabaye muri 1994 aho basobanuriwe  Jenoside yakorewe abatutsi muri 94 nyuma bashyira indabo ku mibiri iharuhukiye. Iki gikorwa cyari cyabangirijwe n’imikino yabereye kuri Petit Stade ku mahoro aho kuva ku isaha ya saa tatu hatangiye abasore n’inkumi za kinaga uyu mukino waje no gukomeza aho baviriye ku Rwibutso nyuma ya saa sita aho byaje kurangizwa no guhemba abatsinze. Masengesho Patrick wegukanye igikombe ndetse n’iri rushanwa akaba yatangarije Rebero.co.rw ko anejejwe nuko yasobanukiwe nibyabaye mu 1994 kuko yabyumvaga atarasura Urwibutso yagize ati “ Uyu mukino nawutangiye ndi muto cyane ariko uko nkura ndushaho kuwukunda kuko nawutangi
Icyumweru Olempike kirakomeje mu karere ka Huye

Icyumweru Olempike kirakomeje mu karere ka Huye

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Uyu munsi tariki 21 Kamena 2018 mu Karere ka Huye hakomeje ibikorwa byahariwe icyumweru Olempike (Olympic Week) byabanjirinjwe n’amahugurwa yateguwe na Komite Olempike y’u Rwanda kuri Olympism n’indangagaciro Olempike (Olympic Values), aya mahugurwa akaba yitabiriwe n’umukozi ufite mu nshingano guteza imbere Siporo ku rwego rw’Akarere ka Huye n’abakozi bashinzwe siporo “Animateurs Sportifs” baturutse mu bigo cumi na bitanu (15) by’amashuli abanza n’Ayisumbye akorera muri Huye. Abahuguwe bagize umwanya wo gusubira mu bigo byabo bigisha abanyeshuli icyo Olympism n’indangagaciro Olempike aricyo. Nyuma yo gusobanurirwa Olympism n’indangagaciro Olempike, abana bakoze ibiganiro (Dialogue) hagati yabo ndetse banashushanya uko bumvise Olympism n’Indangagaciro Olempike. Umujyanama muri Ko
Indege yaritwaye ikipe Saudi Arabia iri mu gikombe cy’isi yatse umuriro muri Moteri.

Indege yaritwaye ikipe Saudi Arabia iri mu gikombe cy’isi yatse umuriro muri Moteri.

IMIKINO, MU MAHANGA
Ikipe y’igihugu ya Saudi Arabia yakoze urugendo na Rossiya Airbus A319 iva St Petersburg ijya Rostov-on-Don,yageze I Rostov-on-Don mu burusiya kuri uyu mugoroba wo kuwa mbere amahoro, nyuma yo kugira ikibazo muri moteri y’indege yaribatwaye hakabonekamo umuriro aho bari mu gikombe cy’isi. Rosaviatsyo bashinzwe ibyindege mu Burusiya bakaba batangaje ko bamaze kumenya ko hari moteri yafashwe n’umuriro bakaba batangiye gukurikirana impamvu yicyo kibazo. Iyi kipe ya Saudi Arabia ikaba igiye Rostov-on-Don aho igiye gukina umukino wa kabiri mu itsinda A  aho igomba guhura na Urguay kuri uyu wa gatatu. umuvugizi wa Airline Rossiya akaba yatangaje ko nta kindi kibazo usibye inyoni yahuye nayo ikagwa muri moteri  irimo kumanuka igiye kugwa ku kibuga cya Rostov-on-Don . “ Nta kibazo aba
Irushanwa rya  20 km za Bugesera ryamaganye ibiyobyabwenge.

Irushanwa rya  20 km za Bugesera ryamaganye ibiyobyabwenge.

IMIKINO, RWANDA
Kuri iki cyumweru mu karere ka Bugesera habereye irushanwa rya 20 Km Bugesera ariko rikubiyemo ibice bitandukanye harimo 8 km hamwe na 3 km ku bantu batandukanye bitewe naho ushoboye kdi hanitabirwa umukino w’amagare aho abana bagiye bagaragaza impano zabo. Nkuko rimaze kumenyerwa ni irushanwa ritegurwa na Fondation Gasore afatanije n’Akarere ka Bugesera ariko bakaba barabonye n’abafatanya bikorwa batandukanye aho ribaye ku nshuro ya gatatu rikaba ryafunguwe ku mugaragaro na Guverineri w’intara y’iburasirazuba ahafashwe umunota wo kwibuka abatutsi bazize Jenocide yakozwe muri 1994, rikaba ry’itabiriwe n’abaturutse mu Rwanda hose hamwe n’abanyamahanga bakorera mu Rwanda Gasore Serge wamenyekanye mu mukino ngorora mubiri nawe akaba yavuze ko ari irushanwa ryagenze neza ati “ Ni
Irushanwa rya GMT muri Tennis n’imyiteguro myiza ya Davis Cup

Irushanwa rya GMT muri Tennis n’imyiteguro myiza ya Davis Cup

IMIKINO, RWANDA
GMT muri Tennis ryahuje abakinnyi batanduka harimo ababigize umwuga, abatarabigize umwuga abakiri bato hamwe n’abafite ubumuga bw’ingingo, gusa abaturutse hanze babaye bake ariko muri rusange ryagenze neza. Ni rushanwa ryegukanywe na Gatete Hamisi ndetse wagaragaje ibyishimo bye kuko nibwo bwambere aryegukanye akaba yaratangarije itangazamakuro ibyishimo bye agira ati “ Mu byukuri ndishimye kuko umwaka shize natsinzwe ku mukino wa nyuma, ariko ubu naryitabiriye mfite intego yo kuryegukana kandi ikindi ikaba ari imyitozo myiza kuko kuri uyu mugoroba tujya kwitabiri Davis Cup igiye kubera muri Kenya”. Habiyambere Dieudonne wari usanzwe afite iki gikombe we yakiriye ibyamubayeho ati “ Burya iyo uharanira icyo wari ufite ahanini iyo utiteguye neza ntabwo wongera kukibona Hamisi yandu
ARPST yitabiriye imikino ya GMT bwa mbere

ARPST yitabiriye imikino ya GMT bwa mbere

IMIKINO, RWANDA
Ishyirahamwe ry’imikino y’abakozi mu Rwanda ku nshuro ya mbere ry’itabiriye imikino yo kwibuka abatutsi bakorewe Jenocide muri 94, iyi mikino ikaba yaraye kuri uyu wa gatandatu hakaba harakinnye Volleyball gusa kuko byari ku nshuro ya mbere. Amakipe yahuye akaba ari amakipe 4 yabaye aya mbere muri Volleyball ariyo : Minisiteri y’umuco na Siporo, UTB, REG na Kaminuza yu Rwanda , aya makipe yarahuye maze amakipe yageze ku mukino wa nyuma akaba ari UTB yahuye na UR igikombe cyegukanwa na UTB nyuma yo gutsinda UR amaseti 3-0 naho umwanya wa gatatu waje gutwarwa na REG 3-1 Minispoc Tubibutse ko mu marushanwa y’abakozi igikombe cyari cyegukanywe na Minispoc , ibi bikaba byerekana ko aya marushanwa nubwo yabaye habayemo gutungura kuko byagaragaye ko Minispoc itari yiteguye. Umuyobozi