
America.Mexico na Canada byatsinze Marocco kwakira igikombe cy’isi cya 2026
America.Mexico na Canada nibyo byatsindiye kwakira igikombe cy’isi byoroshye batsinze Marocco mu matora yabaye mu nteko rusange ya FIFA yabaye kuri uyu wa gatatu
Abiyunze bo mu majyaruguru y’Amerika babonye 134 kubatora 203, mu gihe Marocco yagize 65 mu batoye mu nteko rusange ya FIFA yabereye I Moscow mbere yuko hatangira igikombe cy’isi cya 2018.
Umuryango w’umupira w’amaguru wongeye kwerekeza ku mugabane w’ Amerika ya Ruguru mu gihe yaherukagayo muri 94 igihe Leta zunze ubumwe z’Amerika zakiraga iri rushanwa
Carlos Cordeiro wari uyoboye aya matora yavuze ko ikipe yakoranye nawe ko “ Bakoreye hamwe kandi mukuri bagenzi banjye bo muri FIFA nk’umuryango bakoze uku guhitamo” kandi aya marushanwa ni uburyo byiza by’umupira w’amaguru ndetse ndetse akaba ari ninzira nshya twereke