REBERO

Advertise Here!

Imikino

Tour du Rwanda: Jonathan Vervenne atangiranye umwenda w’umuhondo

Tour du Rwanda ya 2024 yo kunshuro ya 6 iri ku rwego rwa 2.1 yatangiye uyu munsi yitabiriwe n’amakipe 19, ikipe ya Soudal QuickStep ikaba ariyo yakoresheje ibihe byiza ubwo bakoraga ibirometero 18 kuri uyu munsi, iri siganwa ry’amagare hakaba harimo abakinnyi bakomeye ndetse n’amakipe yitabiriye Tour du Rwanda bwa mbere kuko iyi ibanziriza irushanwa […]

Tour du Rwanda: Jonathan Vervenne atangiranye umwenda w’umuhondo Read More »

Niyibizi Emmanuel nyuma yo kubona itike y’imikino Paralempike yageze I Kigali

Niyibizi Emmanuel usiganwa ku maguru yageze mu Rwanda aho avuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu muri “Dubai 2024 World Para Athletics Grand Prix” atahanye umudali wa Zahabu muri metero 1500 n’itike yo kwitabira imikino Paralempike izabera i Paris. Uyu mukinnyi yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu

Niyibizi Emmanuel nyuma yo kubona itike y’imikino Paralempike yageze I Kigali Read More »

Niyibizi Emmanuel wari mu marushanwa yo gusiganwa mu bafite ubumuga Dubai yegukanye imidali 2 ya Zahabu

Uyu muhungu wahagarariye u Rwanda i Dubai 2024 World Para Athletics Grand Prix  mu mukino wo gusiganwa ku maguru mu cyiciro cy’abafite ubumuga yirutse m 400 hamwe na metero 1500, aho hombi akaba yegukanye imidali ya zahabu. Kuwa kabiri yasigannywe muri metero 400 (T46) abasha kwegukana umwanya wa mbere ariko akoresheje 54’’64’” aha bikaba bivuze

Niyibizi Emmanuel wari mu marushanwa yo gusiganwa mu bafite ubumuga Dubai yegukanye imidali 2 ya Zahabu Read More »

Héritier Luvumbu Nziga yageze mu gihugu cy’amavuko yakirwa neza

Umukinnyi wa Rayon Sport Héritier Luvumbu Nziga nyuma yo gutandukana niyo kipe yarasigajemo amezi atatu ubu yageze mu gihugu cye cy’amavuko RDC aho yakiriwe na Minisitiri wa Sport Kabulo Mwana Kabulo. Nyuma y’umukino wabayuje na Police FC mu mukino wa Championnat ubwo Héritier Luvumbu Nziga yatsindaga igitego uburyo yakishimiye ntabwo bashimishije abari bakurikiranye uwo mukino

Héritier Luvumbu Nziga yageze mu gihugu cy’amavuko yakirwa neza Read More »

Jurgen Kloop yaraye atsinze umukino wa 200 nubwo yasabye ko atazakomezanya na Liverpool

Ikipe ya Liverpool imaze kwerekana ko ishaka igikombe cya Premier League ikaba imaze gukina imikino 14 idatsindwa, uyu ukaba ari umukino wa 200 umutoza wa Liverpool amaze gukina muri championnat y’Abongereza. Iyi kipe kugira ngo igabanye igitutu cy’amakipe bari kumwe ni uko igomba gutsinda ikipe ya Arsenal biteganijwe ko bazakina kuri iki cyumweru tariki ya

Jurgen Kloop yaraye atsinze umukino wa 200 nubwo yasabye ko atazakomezanya na Liverpool Read More »

Umutoza Fank Spittler utoza Amavubi yeretse abanyamakuru uburyo bwe bw’imikorere

Torsten Frank Spittler utoza Amavubi yaraye annyuzuye abanyamakuru mu kiganiro yagiranye nabo Ku munsi wejo hashize nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Torsten Frank Spittler yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru abamenyesha ibyo bamuvuzeho byose ndetse anasubiza ibibazo byose bafite. Ntabwo bisanzwe ko abatoza b’ikipe y’igihugu bagirana ikiganiro n’itangazamakuru hatagiye guhamagarwa abakinnyi ariko ku munsi wejo hashize byarakozwe ndetse

Umutoza Fank Spittler utoza Amavubi yeretse abanyamakuru uburyo bwe bw’imikorere Read More »

Mukunzi Christophe yasezeye gukina Volleyball

Mukunzi Christophe, umwe mu beza mu mukino wa Volleyball mu Rwanda, wanabaye Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, yatangaje ko ahagaritse gukina nk’uwabigize umwuga nyuma y’uko agiye gukomereza ubuzima mu mahanga. Umukinnyi Mukunzi Christophe, ubu ubarizwa mu Gihugu cya Canada, yatangaje ko ahagaritse gukina nk’uwabigize umwuga. Mukunzi Christophe wakiniye amakipe atandukanye yaba ayo mu Rwanda ndetse no hanze,

Mukunzi Christophe yasezeye gukina Volleyball Read More »

Cape Verde itsinze u Rwanda itababariye mu mukino ubanza mu gikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yatangiye igikombe cy’Afurika kirimo kubera mu Misiri, itsindwa na Cape Verde ibitego 52-27. Wari umukino wa mbere w’u Rwanda mu gikombe cy’Afurika cya 2024 kirimo kuba ku nshuro ya 26, akaba ari inshuro ya mbere u Rwanda kandi rwari rukitabiriye. Ni igikombe cyatangiye uyu munsi aho kirimo kubera muri

Cape Verde itsinze u Rwanda itababariye mu mukino ubanza mu gikombe cy’Afurika Read More »

U Rwanda ruratangirana na Cape Verde mu gikombe cy’Afurika mu Misiri

Ikipe y’igihugu ya Handball yasoje imyitozo ya nyuma yitegura umukino wa mbere w’igikombe cy’Afurika gitangira kuri uyu munsi ku isaha ya saa munani aho rukina na Cape Verde bari kumwe mu itsinda rya mbere. Ni imyitozo yabaye saa 14h00′ ibera muri Gymnase ya mbere ya Cairo Stadium yakira abantu ibihumbi 20 akaba ari na yo

U Rwanda ruratangirana na Cape Verde mu gikombe cy’Afurika mu Misiri Read More »

Abanyarwanda bari mu irushanwa i Burundi batashye igitaraganya

Abakinnyi b’u Rwanda bari bitabiriye irushanwa rya Tennis ryitwa ‘East African Junior Championship 2024’ ryaberaga mu Burundi, bacyuwe ritarangiye bitanamenyeshejwe abariteguye. MINISPORTS ivuga ko aba bana batari kugumishwa muri gihe iki Gihugu cyari kimaze gufunga imipaka. Ni abakinnyi 16 bakiri bato bakina umukino wa Tennis, bari berecyeje muri iri rushanwa ryasojwe kuri iki Cyumweru tariki

Abanyarwanda bari mu irushanwa i Burundi batashye igitaraganya Read More »

Scroll to Top