REBERO

Advertise Here!

Imikino

Amavubi y’abakinnyi bimbere bageze mu mwiherero

Nyuma y’uko Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi ahamagaye abakinnyi bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti, abakinnyi ba mbere bakina imbere mu Gihugu, bamaze kugera mu mwiherero. Byatangajwe n’Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu butumwa bwatambutse ku mbuga nkoranyamba zabwo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Werurwe 2024. Mu butumwa buherekejwe n’amafoto […]

Amavubi y’abakinnyi bimbere bageze mu mwiherero Read More »

Euro 2024: Porutugali izegukana igikombe niba Ronaldo adakinnye

Uwahoze ari myugariro wa Chelsea, Frank Leboeuf yatangaje ko Portugal izegukana Euro 2024 niba kapiteni wabo Cristiano Ronaldo atabakinnye. Kandi Ronaldo yiteguye kuyobora igihugu cye muri Euro muriyi mpeshyi mu Budage, agamije gutwara iki gikombe kunshuro ya kabiri. Uyu mukinyi w’imyaka 39 yabashije gufasha Portugal gutsindira ibikoresho bya feza bwa mbere ubwo yabayoboraga icyubahiro muri

Euro 2024: Porutugali izegukana igikombe niba Ronaldo adakinnye Read More »

Imikino Olempike: Afurika y’Epfo izahura na Super Falcon

Uyu mukino wa nyuma uzabahuza nyuma yuko ikipe ya Afurika y’Epfo isezereye ikipe y’igihugu ya Tanzaniya, iyi kipe y’Afurika y’Epfo ikaba imaze kumenmyera guhanga na Super Falcon yo muri Nigeria ikipe izatsinda ikaba ariyo izitamira imikino yo mu mpeshyi izabera Paris Kuri uyu wa kabiri, akaba aribwo yakinnye umukino wo kwishyura ubwo yatsindaga ikipe y’igihugu

Imikino Olempike: Afurika y’Epfo izahura na Super Falcon Read More »

Urutonde rwa FIFA ruheruka kwerekana Amakipe 10 ya mbere muri Afurika

Nyuma y’iminsi mike isozwa ry’igikombe cya Afurika (AFCON) 2023 muri Cote d’Ivoire, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mpuzamahanga (FIFA) ryashyize ahagaragara urutonde rwaryo ruheruka. Ukurikije urutonde rwa FIFA ruheruka, uwatsinze AFCON, Inzovu za Cote d’Ivoire, hamwe na Super Eagles yo muri Nijeriya yegukanye umwanya wa kabiri, naho Bafana Bafana yegukanye umuringa muri Afurika y’Epfo yimukiye mu icumi

Urutonde rwa FIFA ruheruka kwerekana Amakipe 10 ya mbere muri Afurika Read More »

Nshuti Innocent yatangiye kwiyerekana muri America

Rutahizamu w’Amavubi, Nshuti Innocent uherutse kwerecyeza muri Leta Zunze Ubumwe za America gukinira ikipe yo muri iki Gihugu, mu mukino we wa mbere, yawutsinzemo igitego. Nshuti Innocent wakiniraga ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC, ikaba iherutse kumusezerako, yerecyeje muri Leta Zunze Ubumwe za America mu cyumweru gishize gukinira ikipe ya One Knoxville FC yo mu

Nshuti Innocent yatangiye kwiyerekana muri America Read More »

Tour du Rwanda: Jonathan Vervenne atangiranye umwenda w’umuhondo

Tour du Rwanda ya 2024 yo kunshuro ya 6 iri ku rwego rwa 2.1 yatangiye uyu munsi yitabiriwe n’amakipe 19, ikipe ya Soudal QuickStep ikaba ariyo yakoresheje ibihe byiza ubwo bakoraga ibirometero 18 kuri uyu munsi, iri siganwa ry’amagare hakaba harimo abakinnyi bakomeye ndetse n’amakipe yitabiriye Tour du Rwanda bwa mbere kuko iyi ibanziriza irushanwa

Tour du Rwanda: Jonathan Vervenne atangiranye umwenda w’umuhondo Read More »

Niyibizi Emmanuel nyuma yo kubona itike y’imikino Paralempike yageze I Kigali

Niyibizi Emmanuel usiganwa ku maguru yageze mu Rwanda aho avuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu muri “Dubai 2024 World Para Athletics Grand Prix” atahanye umudali wa Zahabu muri metero 1500 n’itike yo kwitabira imikino Paralempike izabera i Paris. Uyu mukinnyi yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu

Niyibizi Emmanuel nyuma yo kubona itike y’imikino Paralempike yageze I Kigali Read More »

Niyibizi Emmanuel wari mu marushanwa yo gusiganwa mu bafite ubumuga Dubai yegukanye imidali 2 ya Zahabu

Uyu muhungu wahagarariye u Rwanda i Dubai 2024 World Para Athletics Grand Prix  mu mukino wo gusiganwa ku maguru mu cyiciro cy’abafite ubumuga yirutse m 400 hamwe na metero 1500, aho hombi akaba yegukanye imidali ya zahabu. Kuwa kabiri yasigannywe muri metero 400 (T46) abasha kwegukana umwanya wa mbere ariko akoresheje 54’’64’” aha bikaba bivuze

Niyibizi Emmanuel wari mu marushanwa yo gusiganwa mu bafite ubumuga Dubai yegukanye imidali 2 ya Zahabu Read More »

Héritier Luvumbu Nziga yageze mu gihugu cy’amavuko yakirwa neza

Umukinnyi wa Rayon Sport Héritier Luvumbu Nziga nyuma yo gutandukana niyo kipe yarasigajemo amezi atatu ubu yageze mu gihugu cye cy’amavuko RDC aho yakiriwe na Minisitiri wa Sport Kabulo Mwana Kabulo. Nyuma y’umukino wabayuje na Police FC mu mukino wa Championnat ubwo Héritier Luvumbu Nziga yatsindaga igitego uburyo yakishimiye ntabwo bashimishije abari bakurikiranye uwo mukino

Héritier Luvumbu Nziga yageze mu gihugu cy’amavuko yakirwa neza Read More »

Scroll to Top