REBERO

Advertise Here!

Ibidukikije

Ibisobanuro bya Minisitiri ntibyanyuze Abadepite ku kibazo abaturage bamaranye imyaka 40

Minisitiri w’Ibidukikije yavuze ko ikibazo cya bamwe mu baturage bo mu Turere dutanu batahawe uburenganzira busesuye ku butaka bahawe nk’inguranye, gishingiye ku mitegekere mibi y’ubuyobozi bwabayeho ubwo babuhabwaga, Abadepite bakavuga ko aho ubuyobozi bwiza buziye bwari bukwiye kuba bwaragikemuye. Ni abaturage bo mu Turere twa Ngororero, Nyagatare, Ruhango, Burera na Rulindo bamaze imyaka 40 barimwe […]

Ibisobanuro bya Minisitiri ntibyanyuze Abadepite ku kibazo abaturage bamaranye imyaka 40 Read More »

Afurika y’Epfo: Umwuzure w’amazi wahitanye abantu 21 bo mu ntara ya KwaZulu-Natal

Ku wa gatandatu, abayobozi ba Afurika y’Epfo bavuze ko umwuzure w’amazi wahitanye byibuze abantu makumyabiri n’umwe mu mujyi muto wa Ladysmith mu ntara ya KwaZulu-Natal. Umuvugizi wa polisi, Colonel Robert Netshiunda, yagize ati: “Kuva ku wa gatanu, 29 Ukuboza 2023, imirambo 21 yose ni yo yatowe.” Yavuze ko umwuzure wibasiye uyu mujyi ku munsi wa

Afurika y’Epfo: Umwuzure w’amazi wahitanye abantu 21 bo mu ntara ya KwaZulu-Natal Read More »

Imbwa zatanze umusanzu mu kwerekana aho barushimusi bateze imitego

Muri Pariki y’Akagera imbwa zashyize iherezo kuri ba Rushimusi batetagaga imitego muri iyo pariki nkuko bitangazwa n’abayobozi bayo, bityo bikaba byaratanze umutekano ku nyamaswa ndetse n’abacunga iyo pariki y’Akagera. Iyi Pariki y’Akagera ikaba ariimwe mu isurwa na ba mukerarugendo benshi bigatuma yinjiriza igihugu amadovize, bigaragar ko muri uyu mwaka yasuwe n’abamukerarugendo bagera ku bihumbi 50,

Imbwa zatanze umusanzu mu kwerekana aho barushimusi bateze imitego Read More »

KAYONZA: Yafashwe amaze gutema ibiti birenga 170 mu ishyamba rya Leta

Inkuru dukesha Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yafashe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko, ukurikiranyweho kwigabiza ishyamba rya Leta, akaritemamo ibiti bigera ku 174. Yafashwe ahagana ku isaha ya saa cyenda z’igicamunsi cyo ku Cyumweru tariki 24 Ukuboza, mu murenge wa Mwiri,  akagari ka Kageyo mu mudugudu wa Sabasengo, iryo

KAYONZA: Yafashwe amaze gutema ibiti birenga 170 mu ishyamba rya Leta Read More »

Kananga: impfu nyinshi n’ibintu byangiritse nyuma y’imvura idasanzwe

Abantu benshi barapfuye kandi ibintu byinshi byangiritse byagaragaye nyuma y’imvura yaguye ku wa kabiri, 26 Ukuboza, i Kananga (Kasaï-Hagati). Mu gihe inzu y’umujyi ivuga ku rupfu rugera ku icumi, andi makuru yemeza ko kugeza ubu habonetse imirambo makumyabiri n’ibiri, nyuma y’iyi mpanuka kamere. Ibi byatangiye n’ijoro bigahagarara kare nyuma ya saa sita. Amazu yamizwe n’inkangu

Kananga: impfu nyinshi n’ibintu byangiritse nyuma y’imvura idasanzwe Read More »

DRC: abagera kuri 20 batwawe n’umugezi wuzuye urenga inkombe

Ku cyumweru, ikirere kibi cyahitanye abantu bane naho abagera kuri makumyabiri baburirwa irengero muri Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ubwo inyubako yatwarwaga n’umugezi wuzuye, nk’uko abayobozi babitangaje ku wa mbere. Iyi mpanuka yabereye mu bucukuzi bw’icyaro mu gace ka Mwenga. Mu mvura nyinshi, abaturage baho, abacukuzi bato, abacuruzi n’abahinzi bahungiye

DRC: abagera kuri 20 batwawe n’umugezi wuzuye urenga inkombe Read More »

Bus zitangiza ikirere zatangiye kugenda mu mihanda ya Kigali

Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 nibwo bus zikoresha amashanyarazi zatangiye gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali ibi bikaba biri muri gahunda ya Leta ko ibyuka bihumanya ikirere bigomba kuba ari 0 muri 2030. Umuyobozi wungirije muri USAID Innovation Keisha Effiom avuga ko ayo bashoye yatangiye gutanga umusaruro mu kubungabunga ibidukikije mu mjyi wa

Bus zitangiza ikirere zatangiye kugenda mu mihanda ya Kigali Read More »

Scroll to Top