Ibisobanuro bya Minisitiri ntibyanyuze Abadepite ku kibazo abaturage bamaranye imyaka 40
Minisitiri w’Ibidukikije yavuze ko ikibazo cya bamwe mu baturage bo mu Turere dutanu batahawe uburenganzira busesuye ku butaka bahawe nk’inguranye, gishingiye ku mitegekere mibi y’ubuyobozi bwabayeho ubwo babuhabwaga, Abadepite bakavuga ko aho ubuyobozi bwiza buziye bwari bukwiye kuba bwaragikemuye. Ni abaturage bo mu Turere twa Ngororero, Nyagatare, Ruhango, Burera na Rulindo bamaze imyaka 40 barimwe […]
Ibisobanuro bya Minisitiri ntibyanyuze Abadepite ku kibazo abaturage bamaranye imyaka 40 Read More »