IBIDUKIKIJE

Umurenge wa Gahanga mu guhanga udushya( Kwimana IFASI n’Igitondo cy’Isuku)

Umurenge wa Gahanga mu guhanga udushya( Kwimana IFASI n’Igitondo cy’Isuku)

Amakuru, IBIDUKIKIJE, RWANDA
Uyu murenge ni umwe mu Mirenge igize Akarere ka Kicukiro ukaba ukomeje guhanga udushya babifashijwemo n’umunyamabanga nshingwabikorwa Rutubuka Emmanuel ubayobora. Utwo dushya twahereye mu kwimana IFASI bivuga ko wanga ko ibibazo byaba ubirebera iyi ikaba ariyo yatangiye aho buri muturage utuye muri uwo murenge wa Gahanga abigira ibye mu kwirinda ibibazo ndetse no mugihe bibaye bakaba aba mbere mu kubikemura. Iyi gahunda imaze gukwira muri buri Kagali ndetse n’umudugudu yo mu Murenge wa Gahanga nabo batangira guhanga ibindi byabafasha kuba umwe, bitumva bumva ko ifasi yabo bayimanye birimo kwanga ko aho bari hagaragara umwanda bityo bihera muri za Karembure na Nunga bashyizeho Igitondo cy’Isuku. Ubu igitondo cy’isuku cyabaye icy’Umurenge wose kuko bahera sa kumi n’ebyiri z
Iteganyagihe ry’umuhindo riduteganyirije imvura izaduha umusaruro

Iteganyagihe ry’umuhindo riduteganyirije imvura izaduha umusaruro

Amakuru, IBIDUKIKIJE, RWANDA
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere( Meteo Rwanda) kuri iyi tariki ya 29 Kanama 2021 kinejejwe no gutangariza abanyanrwanda uko umuhindo wa 2021 uzaba uteye. Muri rusange hateganijwe imvura isanzwe igwa mu gihe cy’umuhindo ahenshi mu gihugu, uretse mu majyepfo y’intara y’iburengerazuba, mu gice cy’amayaga no mu turere twa Bugesera, Kirehe na Ngoma ho mu Ntara y’iburasirazuba hateganijwe imvura igabanutse ku isanzwe igwa mu gihe cy’umuhindo. Ibi bikaba bizaterwa nuko ubushyuhe bwo mu Nyanja ngari cyane cyane iya Pacifique n’Ubuhinde burimo kugabanuka muri iyi minsi ndetse binagaragara ko buzakomeza kugabanuka muri uyu muhindo wa 2021, bikaba bizatuma kenshi mu karere u Rwanda ruherereyemo ndetse no mu bice bimwe na bimwe by’Igihugu imvura iteganijwe kuzagabanuka ugerer
Ivubi rifasha umuhinzi kweza neza imyaka iyo ryageze mu murima

Ivubi rifasha umuhinzi kweza neza imyaka iyo ryageze mu murima

Amakuru, IBIDUKIKIJE, RWANDA
Amavubi menshi atungwa n’ibindi bisimba cyane cyane iyo yageze mu murima arinda utundi dusimba dushobora kwangiza imyaka, kuko ubwayo atangiza ibimera. Amoko menshi y’amavubi abarirwa muri kimwe mu byiciro bibiri bishobora gushyirwamo amavubi,amavubi yigunga ndetse n’amavubi abana n’ayandi. Amavubi yigunga ntiyubaka amazu yo kubamo kandi ubu bwoko bw’amavubi burabyara, ariko amavubi abana n’ayandi abyara gake gashoboka, kuko amavubi abana n’ayandi ntabwo akunze kwororoka. Hari amoko y’amavubi agira umwamikazi w’amavubi ndetse n’ibigabo bibyara naho amavubi y’ingore ntabwo abyara, bityo amavubi agira amababa abiri kuri buri ruhande, uretse ko hari n’atagira amababa. Amavubi y’ingore niyo agira urubori rushamikiyeho ku mwanya ubikwamo amagi, ivubi rigira utwoya duke
Ibyatsi ni bimwe mu bihangana n’izuba kugeza imvura ibonetse y’itumba

Ibyatsi ni bimwe mu bihangana n’izuba kugeza imvura ibonetse y’itumba

Amakuru, IBIDUKIKIJE, RWANDA
Ibihe turimo by’izuba guhera mu kwezi kwa gatandatu kugeza mu kwezi kwa munani gushira ibyatsi n’ibiti bimwe na bimwe birahababarira cyane ibitewe ku muhanda byo biba akarusho. Ariko Umujyi wa Kigali washyizeho uburyo bwo kwuhira bushya hakoreshejwe amatiyo yashyizwe mu ndabyo kuva kwa Lando kugera winjira mu marembo yuwo mujyi. Iyo ukurikiranye ubundi busitani bwatewe ku nkengero z’imihanda mu nkengero z’umujyi wa Kigali usanga ubwo busitani butitaweho muri iki gihe, nubwo ubwo busitani buhangana n’ibihe byizuba kugeza imvura iguye ariko buramutse buhawe amazi bwarashaho gutuma aho hantu hakomeza gutanga ubusitani bwiza. Umujyi wa Kigali umenyereweho kugira isuku muri Afurika ndetse benshi baturuka mu yindi mijyi yaba iya Afurika cyangwa se iyo ku mugabane w’Ubur