Monday, September 25
Shadow

Amakuru

Inama ngarukamwaka y’abafatanyabikorwa ba NCPD ku rwegorw’igihugu

Inama ngarukamwaka y’abafatanyabikorwa ba NCPD ku rwegorw’igihugu

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Iyi nama ikaba yaratangiye muri 2011 ikomeza gukora ubuvugizi kandi  hari ibyagezweho iyi nama ikaba iyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame Mukabaramba Alvera iyi nama ikaba yatangiye umuyoboziwa NCPD Bwana Romalisi Niyomugabo yakira abashyitsi bitabiriye iyi nama batandukanye. Yakomeje avuga ibiza kuganirwaho uyu munsi cyane cyane ku kijyanye no gushyira mu byiciro abafite ubumuga igikorwa cyashyigikiwe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu bafatanije na Minisiteri y’ubuvuzi aho abaganga bakoranye ubushishozi kugira ngo iki gikorwa kigende neza ,nkaba na komeza nshima Leta y’U Rwanda yemeye ko uyu mwaka abafite ubumuga bazajya bivuriza kuri Mitiweli . Inkuru irambuye irabageraho mu kanya
Abakora uburaya mu karere ka Kirehe baterwa agahinda no kutamenya aho bakomoka.

Abakora uburaya mu karere ka Kirehe baterwa agahinda no kutamenya aho bakomoka.

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Umuryango nyarwanda  w’Abanyamakuru barwanya Sida ukomeje ubukangurambaga mu gihugu hose ku bagore bakora uburaya .Iki gikorwa n’uyu muryango w’aba banyamakuru kimaze kwerekana ko bamwe mu bavugwaho gukora uburaya bamaze kwibumbira mu mashyirahamwe kuva batangira kubakorera ubuvugizi. Abakora uburaya mu karere ka Kirehe baratabaza inzego zibishinzwe kubacungira umutekano kuko babona ubuzima bwabo bujya  mu kaga  uko bwije n’uko bukeye. Abagore bitwa ko bakora uburaya bakanabyemera bakanibaruza baganirije itangazamakuru ko umutekano wabo ari mukeya kandi  biterwa n’inzego z’ibanze. Ubwo aba bagore baganiraga n’itangazamakuru hamwe n’umukozi w’akarere ka Kirehe Mugabo Frank bahamije ko inzego  zishinzwe umutekano zibabuza amahoro  n’amahwemo kandi bo bemeza ko nta makosa bakora. Aba ba...
Club Sportif ya La Palisse yaremeye abaturage bongera kunywa amata

Club Sportif ya La Palisse yaremeye abaturage bongera kunywa amata

Amakuru, RWANDA
Haracyariho abantu bafite umutima wo gufasha  nka Club Sportif  ya La Palisse yakoze igikorwa cy’ubu muntu aho baremeye abaturage mu karere ka Bugesera igikorwa cyagaragaye abayobozi batandukanye barimo abayobora akarere ka Bugesera hamwe na Guverineri w’intara y’iburasirazuba. Nkurunziza bakunze kwita Majimaji ndetse wavuze amazina y’inka zagabiwe abo baturage yagize ati “ Ubundi umuntu yahabwaga inka yayihakiwe ariko iyi leta yacu yatoje umuco wo kuremera abandi kandi bikozwe n’abagenzi babo.” Bityo rero Club ya La Palisse ibumbiye hamwe Siporo zihakorerwa niyo yagize uwo mutima mwiza wo kworoza bamwe mu baturage batanzwe n’umurenge wa Ntarama. Abo baturage baremewe harimo Mukanyandwi Florida wagabanye imbyeyi ikamwa akaba yarayishyikirijwe na Guverineri wari witabiriye...
Aho umushinga wa Stade ya Gahanga ntiwabaye umugani

Aho umushinga wa Stade ya Gahanga ntiwabaye umugani

Amakuru, RWANDA
Ni umushinga watangiye kuvugwa mbere ya 2012 byitezwe ko mu 2016 izaba yatashywe, ariko usibye n’ibyo no gusiza ikibanza ntibiratangira usibye ko abaturage baguriwe bakagenda ariko hakaba harabaye aho babyaza umusaruro w’ubuhinzi ku baturage bahaturiye kuko haboneka ibigori byiza. Umuyobozi ushinzwe Siporo muri Minisiteri y’umuco na Siporo, Emmanuel Bugingo avuze ko inyigo ya mbere yatanzwe n’ikigo Bibilax Ltd yaje kutizerwa, ari nayo mpamvu uwo mushinga wo kubaka stade ya Gahanga  izaba yakira abantu 40,000 wabaye nk’udindira. Yagize ati “Yatanze igishushanyo cy’ibanze, ariko RHA ibasaba igishushanyo cy’inyubako nyir’izina kigaragaza uko nk’inkuta zizaba zingana, ibikoresho bizifashishwa, ariko ntibyakozwe. Ikindi bagaragaje aho bubatse ibikorwa nka biriya hatizewe, ndetse izo m...
Gen Kayihura yagejejwe Makindye mu kigo cya gisirikare

Gen Kayihura yagejejwe Makindye mu kigo cya gisirikare

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Gen Kayihura nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa gisirikare Brig Richard Karemire yamuvanye mu rwuri rwe Kashagama , Lyantonde kuri uyu wa gatatu mu gitondo. Akaba yagiye kubonana n’umuyobozi mukuru w’igisirikare Gen David Muhoozi ku biro bye Mbuya,Kampala, aho Mbuya  Kayihura yabajijwe hafi amasaha arenga arindwi kugeza 8:00 PM hanyuma aherekeza na konvoye ikomeye ya gisirikare ajyanywe Makindye. “ Ari Makindye “ umwe wo mu muryango utashatse kuvuga byinshi Muri iki gitondo igisoda cyavanye Gen Kayihura I Muyenga kubera ibyo akekwaho kimwimurira aho kimurindira, twagerageje guhamagara Karemire ngo agire ibyo atubwira ariko ntabwo yitaba, ariko bamwe mu basirikare bavuga ko hari ibyo agomba kubazwaho bitandukanye byo guteza umutekano muke. Uwahoze yungirije uyobora igisirikare k...
Gen Kale Kayihura ntabwo ari mu maboko ya Police

Gen Kale Kayihura ntabwo ari mu maboko ya Police

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Uwahoze ayobora Police ya Uganda Gen Kale Kayihura kuri ubu yibereye mu kiruhuko mu rwuri rwe Kasagama, Lyantonde ku muhanda wa Masaka-Mbarara. Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, Gen Kayihura ntazi impamvu naho byaturutse  byavugwaga ko yafashwe n’ibitangazamakuru ndetse n’imbuga nkoranyambaga . “ Generale wibereye mu kiruhuko iwe , akaba n'umwe mu bavandimwe be yabyumvise ku mbuga  kubera ko amenyereye kubyuka yikorera siporo.” byavuzwe n’umwe mu muryango we wa hafi ukora muri UPDF General Amwe mu makuru yavugwaga ko Kayihura yaba yafashwe akajyanwa muri Mess Kololo kubazwa, abandi bakavuga ko Gen Kayihura yahungiye mu Rwanda, nkuko bitangazwa nabo mu muryango we babihakana ko ari ibinyoma. Gen Kayihura nkuko mu cyumweru gishize yabitangarije ChimpReports ko nta mpamvu yo...
Ministiri w’intebe wa Norvege yasezeranye gutanga miliyoni 100 za Kroner zo kuvana amashashi mu Nyanja.

Ministiri w’intebe wa Norvege yasezeranye gutanga miliyoni 100 za Kroner zo kuvana amashashi mu Nyanja.

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Igihugu cya Norvege gifatanije na banki y’isi bagiye gushaka inkunga yo kurwanya amashashi kugira ngo atangiza inyanja, iyi nkuga ikaba yatangajwe na minisitiri w’intebe Erna Solberg mu mujyi wa Quebec aho yari mu nama ya G7. Yakomeje avuga ko nk’igihugu cye ati “ Twiteguye gutanga inkunga ihwanye na Miriyoni 100 za Kroner amafaranga akoreshwa mu gihugu cye ahwanye na 10 miriyoni z’amayero € buri mwaka”. Akaba yabitangarije itangazamakuru ryo mu gihugu cye. Solberg yavuze ko yizeye ko n’ibindi bihugu bizafasha Norvege mu rwego rw’amafaranga ngo bahashye icyo kibazo cy’amashashi yugarije inyanja, abaturage batangiye kubona ko ari ikibazo bakaba baratangiye kuyarwanya, kuko amashashi ashobora kuzaba icyorezo, ntabwo ari kuri Norvege gusa babona icyo cyorezo kuko n’ibinyabuzima biri...
Biliyoni 90 z’amadorali y’amerika kugira ngo kiyuba nyuma y’imyaka 15 mu ntambara

Biliyoni 90 z’amadorali y’amerika kugira ngo kiyuba nyuma y’imyaka 15 mu ntambara

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Igihugu cya Iraq  gikeneye nyuma yo kwangizwa n’intambara imyaka 15 gikeneye angina na Biliyoni 90 z’amadorali kugira ngo cyongere cyiyubake, dore ko imijyi yose yangijwe niyi ntambara. Imijyi nka Mosul na Ramadi yasenywe n’intambara ya Isiramike siteti n’abarwanyaga ubutegetsi muri Iraq Guverinoma ya Iraq ikaba itangaza ko ishaka kwongera kwiyubaka ariko ikibazo gikomeye ifite kikaba ari nta bushobozi bwo kwiyubaka, ibi byose bikaba byaraturutse ku ntambara yatejwe na Saddam Huseinmuri 2003, ariko Iraq ikaba ifite amasezerano ahwanye na Biriyoni 30 yemerewe muri Gashyantare n’abagiraneza ikaba itegereje ko n’abandi hari icyo bakora.
Imirenge SACCO yose yo mu gihugu yemerewe gutanga inguzanyo ku bafite ubumuga

Imirenge SACCO yose yo mu gihugu yemerewe gutanga inguzanyo ku bafite ubumuga

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Inama rusange y’abantu bafite ubumuga ya 8 yateranye uyu munsi tariki ya 8 Kamena 2018 yatangijwe no kugezwaho ibyaganiriweho mu nama rusange yabaye umwaka ushize ,Iyo nama rusange ya NCPD iheruka yatera tariki 9/6/2017 Imyanzuro yafashwe yose uko yari 11 twayesheje 100% bityo tuka twarayemeje nyuma tuyoherereza Minister ushinzwe abafite ubumuga kdi twayimugejejeho ku gihe. Igikorwa cyo guhabwa amakarita uko cyateguwe twavuga ko cyagezweho neza kuko ubu abafite ubumuga bagera ku bihumbi ijana na mirongo itandatu nabine babonye amakarita ariko abatarayabonye ubwo ni uko babipinze kuko ni igikorwa cyabereye kuri Santere de santé kandi byamaze amezi atandatu ndetse twongeraho ibyumweru bibiri kandi nababandi badafite ubushobozi bwo kuhagera twarabafashije , ubwo hari abacikannywe nabo ...
4G INTERNET  iragarutse mu modoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali.

4G INTERNET  iragarutse mu modoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali.

Amakuru, RWANDA
Nyuma y’igihe kinini abagenzi batakamba ko bakwa amafranga ku rugendo ya Interinet kandi zidakora ndetse babibaza abashoferi ugasanga nta gisubizo nacyo bahabwa gifatika kuko nabo batazi impamvu kandi ayo mafaranga abagenzi bagakomeza kuyakwa ku rugendo rukorwa hano mu mujyi wa Kigali. Eng Jado Uwihanganye Umunyamabanga wa Leta ushinzwe gutwara abantu n’ibintu akaba yemeza ko 50% bya Coasteur zitwara abantu zamaze kugeramo ibikenewe, kugira ngo abo bagenzi bongere babone interinet nta kibazo mu rugendo bakora, kuko biteganijwe ko kugeza mu kwezi kwa Kanama Coasteur zose zizaba zamaze kugeramo iryo korana buhanga. Bamwe mu bagenzi bavuganye na Rebero.co.rw ntabwo bizeye ibyatangajwe ndetse nibyo babona muri busi bagendamo kuko nubundi ngo bishobora kwongera kudakora neza nubwo bya...