Saturday, September 23
Shadow

MU MAHANGA

Ntawundi mugabo wamvana kwa Dogo Janja – Uwoya

Ntawundi mugabo wamvana kwa Dogo Janja – Uwoya

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umukinnyi wa filime za Bongo Movie umenyerewe cyane Irene Uwoya wahoze ari umugore wa Hamadi Katauti aherutse gutangaza ko nta wundi mugabo wamuvana ku mugabo babana ubu wa Bongo fleva Abdul Chende “ Dogo Janja”. Uwoya ubwe akaba yaritangarije ko ariwe mugore wenyine akunda kand ko ntawundi ushobora kwinjira mu rukundo rwabo, ibi Irena Uwoya akaba yarabitangaje ubwo bari mugikorwa cya Global Publishers ahita atangaza ko ariyo mpamvu yakoze ubukwe n’umuririmbyi nkuwo kandi tuzabana neza.
Itsinda rya  Navy Kenzo bagiye kubana.

Itsinda rya  Navy Kenzo bagiye kubana.

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Abaririmbyi babiri bagize itsinda rya Navy Kenzo akaba ari Aikah na Nahreel kugeza ubu ni abakundanye igihe kinini bakaba bashyize ahagaragara ko bagiye kwinjira muri gahunda zo kurushinga urugo. Nahreel avuga ko bamaranye urukundo imyaka 10 bakaba baramaze kubyarana umwana umwe none bamaze kubyemeranya ko bagomba kubana kugira ngo umwana wabo babone uko bamurerera hamwe.
Mohamed Salah yasanze ikipe ya Misiri mu gikombe cy’isi aho yitoreza – Amafoto

Mohamed Salah yasanze ikipe ya Misiri mu gikombe cy’isi aho yitoreza – Amafoto

IMIKINO, MU MAHANGA
Misiri aho iri mu mwiherero yitegura imikino y’igikombe cy’isi mu burusiya nyuma yaho Mohamed Salah asanze ikipe mu myitozo I Crozny Uyu kabuhariwe ukurikije uko yarameze byakomeje kwibazwaho nyuma yo kuva mu mukino wa nyuma w’amakipe yitwaye neza ku mugabane w’uburayi I Kiev taliki ya 26 Gicurasi ubwo yagiraga imvune aho yahuye na Ramos ukinira Real Madrid. Umuganga w’ikipe Dr Mohamed Abou al-Ela yavuze ko Salah “ Yakwegera bagenzi be mu myitozo hamwe n’ikipe ibindi bakazakomeza kumukurikirana ari hamwe n’abandi bakinnyi”. Naho Dr Ihab Lahita biragaragara ko bigenda neza akomeza avuga ko Salah azakinira Misiri mu itsinda rya A umukino uzafungura bazakina na Urguay kuri uyu wa gatanu. “ Hari urwego bimaze kugeraho ariko ntabwo twakwemeza ko byarangiye ariko yaba ari kumawe...
Gen Kayihura yagejejwe Makindye mu kigo cya gisirikare

Gen Kayihura yagejejwe Makindye mu kigo cya gisirikare

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Gen Kayihura nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa gisirikare Brig Richard Karemire yamuvanye mu rwuri rwe Kashagama , Lyantonde kuri uyu wa gatatu mu gitondo. Akaba yagiye kubonana n’umuyobozi mukuru w’igisirikare Gen David Muhoozi ku biro bye Mbuya,Kampala, aho Mbuya  Kayihura yabajijwe hafi amasaha arenga arindwi kugeza 8:00 PM hanyuma aherekeza na konvoye ikomeye ya gisirikare ajyanywe Makindye. “ Ari Makindye “ umwe wo mu muryango utashatse kuvuga byinshi Muri iki gitondo igisoda cyavanye Gen Kayihura I Muyenga kubera ibyo akekwaho kimwimurira aho kimurindira, twagerageje guhamagara Karemire ngo agire ibyo atubwira ariko ntabwo yitaba, ariko bamwe mu basirikare bavuga ko hari ibyo agomba kubazwaho bitandukanye byo guteza umutekano muke. Uwahoze yungirije uyobora igisirikare k...
America.Mexico na Canada byatsinze Marocco kwakira igikombe cy’isi cya 2026

America.Mexico na Canada byatsinze Marocco kwakira igikombe cy’isi cya 2026

IMIKINO, MU MAHANGA
America.Mexico na Canada nibyo byatsindiye kwakira igikombe cy’isi byoroshye batsinze Marocco mu matora yabaye mu nteko rusange ya  FIFA yabaye kuri uyu wa gatatu Abiyunze bo mu majyaruguru y’Amerika babonye 134 kubatora 203, mu gihe Marocco yagize 65 mu batoye mu nteko rusange ya FIFA yabereye I Moscow mbere yuko hatangira igikombe cy’isi cya 2018. Umuryango w’umupira w’amaguru wongeye kwerekeza ku mugabane w’ Amerika ya Ruguru mu gihe yaherukagayo muri 94 igihe Leta zunze ubumwe z’Amerika zakiraga iri rushanwa Carlos Cordeiro wari uyoboye aya matora yavuze ko ikipe yakoranye nawe ko “ Bakoreye hamwe kandi mukuri bagenzi banjye bo muri FIFA nk’umuryango bakoze uku guhitamo” kandi aya marushanwa ni uburyo byiza by’umupira w’amaguru ndetse ndetse akaba ari ninzira nshya twereke...
Ntabwo nahisemo kurongorwa na Diamond-LYNN

Ntabwo nahisemo kurongorwa na Diamond-LYNN

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Queen Irene Charles ‘Lynn’ kubera ko atahisemo kugirana urukundo n’umuhanzi w’indirimbo,  Nasibu Abdul ‘Diamond’ aravuga ko kubera ubushake bw’Imana yashaka n’umuhanzi nkuwo yabikunze byaba. Avugana na Risasi yo kwa kane, Lynn yavuze nta mpamvu yo kuzana urwenya kubijyanye n’ubwiza bwe na Diamond, gusa icyonzi we n’Imana icyo izemera bazabana, bizaba ari ibyo kandi bitabaye ubwo azashakana nundi Imana izaba yamuhitiyemo.
Hamisa Mabeto ntabwo inzu ariye ni iya Deedalyan- Mama Mobeto

Hamisa Mabeto ntabwo inzu ariye ni iya Deedalyan- Mama Mobeto

IMYIDAGADURO, MU MAHANGA
Umugore wabyaye Hamisa Mabeto yashyize ashyira ahagaragara ibimaze iminsi bivuga arabyemeza ati “ Nibyo koko Diamond yaguriye inzu Hamisa ariko iyo nzu ntabwo ariya Hamisa nkuko abantu babivuga ariko inzu niyu mwana wabo Abdul”,  kuko uyu mwana udafite n’umwaka yagurirwa inzu. Hamisa nta nzu yaguriwe, kuko inzu yaguriwe Daylaan niwe nyirayo ariko nkamushimira kuko azi ubuzima turimo, ariko uretse nibyo Mama Mabeto yavuze ko abizi abantu bamugirira ishyari kubera umwana we. Nkuko byakomeje kugenda bivugwa ko iyo nzu ariyo gukodeshwa ariko burya abntu bivugira ibyo bashaka kuko uwayiguze azi impamvu yayo ariwe Diamond Platinumz
Gen Kale Kayihura ntabwo ari mu maboko ya Police

Gen Kale Kayihura ntabwo ari mu maboko ya Police

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Uwahoze ayobora Police ya Uganda Gen Kale Kayihura kuri ubu yibereye mu kiruhuko mu rwuri rwe Kasagama, Lyantonde ku muhanda wa Masaka-Mbarara. Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, Gen Kayihura ntazi impamvu naho byaturutse  byavugwaga ko yafashwe n’ibitangazamakuru ndetse n’imbuga nkoranyambaga . “ Generale wibereye mu kiruhuko iwe , akaba n'umwe mu bavandimwe be yabyumvise ku mbuga  kubera ko amenyereye kubyuka yikorera siporo.” byavuzwe n’umwe mu muryango we wa hafi ukora muri UPDF General Amwe mu makuru yavugwaga ko Kayihura yaba yafashwe akajyanwa muri Mess Kololo kubazwa, abandi bakavuga ko Gen Kayihura yahungiye mu Rwanda, nkuko bitangazwa nabo mu muryango we babihakana ko ari ibinyoma. Gen Kayihura nkuko mu cyumweru gishize yabitangarije ChimpReports ko nta mpamvu yo...
Ministiri w’intebe wa Norvege yasezeranye gutanga miliyoni 100 za Kroner zo kuvana amashashi mu Nyanja.

Ministiri w’intebe wa Norvege yasezeranye gutanga miliyoni 100 za Kroner zo kuvana amashashi mu Nyanja.

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Igihugu cya Norvege gifatanije na banki y’isi bagiye gushaka inkunga yo kurwanya amashashi kugira ngo atangiza inyanja, iyi nkuga ikaba yatangajwe na minisitiri w’intebe Erna Solberg mu mujyi wa Quebec aho yari mu nama ya G7. Yakomeje avuga ko nk’igihugu cye ati “ Twiteguye gutanga inkunga ihwanye na Miriyoni 100 za Kroner amafaranga akoreshwa mu gihugu cye ahwanye na 10 miriyoni z’amayero € buri mwaka”. Akaba yabitangarije itangazamakuru ryo mu gihugu cye. Solberg yavuze ko yizeye ko n’ibindi bihugu bizafasha Norvege mu rwego rw’amafaranga ngo bahashye icyo kibazo cy’amashashi yugarije inyanja, abaturage batangiye kubona ko ari ikibazo bakaba baratangiye kuyarwanya, kuko amashashi ashobora kuzaba icyorezo, ntabwo ari kuri Norvege gusa babona icyo cyorezo kuko n’ibinyabuzima biri...
Biliyoni 90 z’amadorali y’amerika kugira ngo kiyuba nyuma y’imyaka 15 mu ntambara

Biliyoni 90 z’amadorali y’amerika kugira ngo kiyuba nyuma y’imyaka 15 mu ntambara

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Igihugu cya Iraq  gikeneye nyuma yo kwangizwa n’intambara imyaka 15 gikeneye angina na Biliyoni 90 z’amadorali kugira ngo cyongere cyiyubake, dore ko imijyi yose yangijwe niyi ntambara. Imijyi nka Mosul na Ramadi yasenywe n’intambara ya Isiramike siteti n’abarwanyaga ubutegetsi muri Iraq Guverinoma ya Iraq ikaba itangaza ko ishaka kwongera kwiyubaka ariko ikibazo gikomeye ifite kikaba ari nta bushobozi bwo kwiyubaka, ibi byose bikaba byaraturutse ku ntambara yatejwe na Saddam Huseinmuri 2003, ariko Iraq ikaba ifite amasezerano ahwanye na Biriyoni 30 yemerewe muri Gashyantare n’abagiraneza ikaba itegereje ko n’abandi hari icyo bakora.