Monday, September 25
Shadow

Month: December 2022

Patrick Kluivert na Ruud van Nistelrooy bakanyujijeho burya bavukiye italiki imwe

Patrick Kluivert na Ruud van Nistelrooy bakanyujijeho burya bavukiye italiki imwe

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Abahoze ari ba rutahizamu b'Abahorande Patrick Kluivert na Ruud van Nistelrooy bavutse umunsi umwe- 1 Nyakanga 1976. Ariko nubwo bari banganya imyaka, bageze mu bihe bitandukanye kandi ntibakunze guhagararira ikipe y'igihugu yabo hamwe.  Kluivert yazamutse cyane, atangira gukinira Ajax muri Kanama 1994 afite imyaka 18, amaze kunyura mu rubyiruko- maze aba umukinnyi watsinze ibitego bito ku mukino wa nyuma wa UCL (imyaka 18 n'iminsi 327) ubwo Ajax yatsindaga AC Milan igitego 1-0.  24 Gicurasi 1995- mbere nyuma yo gukina nka AC Milan, Barcelona, ​​Newcastle, Valencia, PSV na Lille.  Kuri Van Nistelrooy, yatangiye umwuga we mu mwuga mu cyiciro cya kabiri cy’Ubuholandi Den Bosch, aho yakinnye kuva mu 1993 kugeza 1997- mbere yo kuva muri Heerenveen- nyuma nyuma ya...
Wantaway Rafael York akomeje kwifuzwa na makipe akomeye atandukanye

Wantaway Rafael York akomeje kwifuzwa na makipe akomeye atandukanye

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Umukinnyi wo hagati Rafael York akomeje kwinezeza aho azerekeza hamwe namakipe menshi ashishikajwe na serivisi ye mbere yidirishya ryimurwa.  Uyu mukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda azaba umu agent ku buntu igihe amasezerano ye azarangira ku ya 31 Ukuboza nyuma yo kwanga kongera amasezerano n’ikipe ya AFC Eskilstuna iriho ubu, ikipe yo mu cyiciro cya kabiri cya Suwede.  Ariko, uyu mukinnyi wo hagati ntabwo yahisemo aho azerekeza nyamara nubwo yakiriye amakipe yaturutse mu makipe yo mu cyiciro cya mbere muri Suwede na Noruveje ku meza ye.  Yatangarije itangazamakuru FotbollDirekt ati: "Ntacyo bitwaye nyuma yo kuva muri Eskilstuna ndamutse ngumye muri Suwede cyangwa nkarangirira muri Noruveje. Icy'ingenzi ni ibyifuzo by'iyi kipe kandi ko iyi kipe iha agaciro uruhare...
46% by’ubutaka bwa Rubavu bigomba guhingwa- Kambogo

46% by’ubutaka bwa Rubavu bigomba guhingwa- Kambogo

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Akarere Rubavu ni kamwe mu turere tweza imyaka igemurira Umujyi wa Kigali ndetse n’utundi turere tw’u Rwanda, bityo hari aho bagenewe bagomba gutura kuri 54% ahandi hasigaye hakaba aho guhinga. Umuyobozi wa Karere ka Rubavu Kambogo Ildephonse akaba avuga ko kubyumvisha abaturage ari inshingano zikomeye ariko kubera ingamba Leta yafashe bigomba gushyirwa mu bikorwa. Agira ati “Mu myaka icumbi iri imbere cyangwa se muri 2035 tugasanga bwa butaka bwo guhinga ntabwo tugifite, kubera ko abanya Rubavu barabyara cyane kuko mu muryango usanga bafite abana batandatu ndetse hari na babarenza”. Akomeza avuga ko iyo uvuye Nyabihu winjiye muri Rubavu habaga hari ibirayi ku mihanda cyangwa se amashu ndetse na za Karoti, ariko ubu hasigaye hari amazu gusa ahuzuye, tutabifatiye ingamba r...
Igwingira ry’abana mu ntara y’iburengerazuba rikomeje kurwanywa

Igwingira ry’abana mu ntara y’iburengerazuba rikomeje kurwanywa

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU, UBUZIMA
Ubwo abanyamakuru bakoreraga amahugurwa ku ngaruka za Covid-19 mu Karere ka Rubavu nibyo yangije harimo ibihombo by'amahoteli kubera kutabona abayacumbikamo, ndetse no kubona ba mukerarugendo kuko batahageraga, ndetse n'umubare munini wambukaga umupaka bajya gucuruza muri DRC nawo wagabanutse. Ubwo Meya Kambogo Ildephonse wa Rubavu yaganiraga n'abanyamakuru yagaragaje ko ubutaka bwa Rubavu bwera cyane ariko nawe akomoza ko muri ako karere harimo abana bagwingiye bagera kuri 40.2% kakaba akarere ka gatanu mu Rwanda gafite abana bagwiye benshi. Agira ati "Ubutaka bwacu ntabwo bugomba kubuha ifumbire kandi abahinzi icyo bahinze cyose kirera, ariko muri aka karere abenshi ni abacuruzi ku buryo kubona umwana wo kwita ku bana babo biba bigoye, kuko abarenga 80% by'abambuka imipaka...
ARJ Rwanda: Aldo and his new committee asked members to marry them into projects

ARJ Rwanda: Aldo and his new committee asked members to marry them into projects

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
The General Assembly of the Rwanda Journalists Association ARJ on December 20 gathered at Hilltop Hotel where they re-elected the former committee of leaders to head the journalists association until 2025. The voting assembly was made up of all members of the journalists' association as the association's guidelines of voting require. A total of 116 members of the press from various media houses were present and voted after the election is postponed due to covid-19 crisis which has been a hindering the physical conferences. The general assembly in the election voted that the existing committee would continue to lead as 65% voted “Yes” and only 19% voted “No” while 11% were neutral. The committee continued to lead under the leadership of Aldo Havugimana also the director of ...
Buffalo habaye nk’ahabereye intambara kubera ubukonje bukabije cyane

Buffalo habaye nk’ahabereye intambara kubera ubukonje bukabije cyane

Amakuru, MU MAHANGA, UBUZIMA
Ubukonje bukomeye by'urubura byugarije Amerika ya Ruguru byatumye igisagara cya Buffalo, mu ntara ya New York, gisa n'aharimo kubera intambara, nk'uko bivugwa n'umukuru w'iyo ntara. Kuri uyu wa mbere, icyo gisagara cyabaruye abantu 25 bahitanywe n'impfu ziturutse kuri icyo kirere kibi, mu gihe ku cyumweru bari 13 gusa. Abakurikirana uko ikirere gihinduka bavuga ko ubwo bukonje buzagabanuka mu minsi mike iri imbere ariko abantu n’ubu baragirwa inama yo kwirinda gufata ingendo keretse ari ngombwa cyane. Ubwo bukonje bwari bumaze iminsi bwahungabanije ibintu ariko ubu umuriro urimo kugaruka nyuma y’iminsi abantu bari mu kizima. Abakiriya hafi 200.000 ntibagira umuriro kuva ku cyumweru nyuma ya sasita mu masaha yo mu burasirazuba bwa  Amerika na Canada bavuye kuri miliyoni...
Abakorera kuri youtube n’abagide bahawe amahugurwa na NUDOR

Abakorera kuri youtube n’abagide bahawe amahugurwa na NUDOR

Amakuru, POLITIQUE, RWANDA
Mu gukomeza gukora ubuvugizi bw’amasezerano mpuzamahanga y’abafite ubumuga ndetse n’uburenganzira bwabo, umuryango uhuza imiryango y’abafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR) wateguye amahugurwa y’iminsi 4 ku bakoresha Youtube hamwe n’aba Guide. Abagide ni umuryango w’abagore n’abakobwa bakora ubuvugizi ku mwana w’umukobwa cyane cyane mu burezi aho ubwo buvugizi babucisha mu dukino bagenda babikora hirya no hino mu gihugu. Guhuza abakorera kuri murandasi bakora ibiganiro kuri channel zitandukanye b'abanyamakuru n’abagide bishobora kuzatanga umusaruro kuko bamwe bazakora utwo dukino abandi nabo babashe kubigeza kure bakoresheje izo mbuga zabo. Murema Jean Baptiste ushinzwe amategeko muri NUDOR akaba ari umwe mu batangaga ayo mahugurwa, yasabye abahuguwe nabo kurushaho gukora ubuvu...
Abana b’imiryango yatandukanye ingaruka zo kubura uburengazira

Abana b’imiryango yatandukanye ingaruka zo kubura uburengazira

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Mu nkiko zo mu Rwanda ahatandukanye ibirego bya gatanya biriyongera ku buryo buteye amakenga, igihangayikishije ni abana barererwa mu ngo zatanye, barerwa n’ababyeyi batanye. Aba bana nta burere bafite mu by’ukuri kuko bakurira ku gahinda k’umubyeyi umwe mu batandukanye kuko mu batandukana abenshi bagumana ibikomere ku mitima badashobora kubana nabyo bucece nta ngaruka zigeze ku mwana. Kimwe mu bibazo bikunze kugaraga cyane kubana igihe ababyeyi batandukanye nuko abana bahita berekeza inzira yo kujya ku muhanda kuhashakira ubuzima n’ubwo buba butoroshye aho usanga batangiye kunywa ibiyobyabwenge bitandukanye. Mukamana Epiphanie umuturage wo mu murenge wa Muyumbu mu karere ka Rwamagana mu kagari ka kinyambo Umudugudu akubugingo watandukanye n’umugabo babyaranye abana 6 umuga...
Ikoranabuhanga rikoreshejwe neza,inzira yo kurwanya  ihohoterwa mu bana.

Ikoranabuhanga rikoreshejwe neza,inzira yo kurwanya ihohoterwa mu bana.

Amakuru, POLITIQUE, UBUREZI
Aime Musoni ari kumwe n’umwana we Atete ubwo yahembwaga n’umushinga SOMA Rwanda hasozwa  ukwezi ko gusoma.  umwana we Atete akaba yahembwe kuko yafashije abandi bana gusoma mu gihe cya Covid-19 Aime Musoni ari kumwe n’umwana we Atete baganira n'itangazamakuru Uyu mubyeri arasobanura akamaro k'ikoranabuhanga mu myigire y'abana ariko akagaragaza impungenge igihe abarezi barangara. Ati “Gukoresha ikoranabuhanga ku bana mu mashuri y’incuke hamwe n’amashuri abanza ni ikintu cy’ingirakamaro, gusa abarezi bagomba kuba hafi y’abana kuko abana bagira amatsiko yo kuba bashobora gushaka kumenya ibindi, bityo rero abarezi batababaye hafi bishobora kubagiraho ingaruka”. Umuyobozi w’ishami rishinzwe ikoranabuhanga muri REB, UWASENGA Sengati Diane, avuga ko leta y'u Rwanda nubwo ishyize imb...
Kely Nascimento yatangaje ifoto ibabaje yahobeye umubyeyi we urembye

Kely Nascimento yatangaje ifoto ibabaje yahobeye umubyeyi we urembye

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Umukobwa w’icyamamare mu mupira w’amaguru Pelé kuwa gatanu nijoro yatangaje kuri Instagram ubutumwa bukomeye n’ifoto ari kumwe na se mu bitaro bya Einstein Jewish Hospital mu mujyi wa São Paulo.  Kely Nascimento yanditse ati “Dukomeje kuba hano, mu ntambara no mu kwizera. Irindi joro hamwe.”  Ayo magambo yayashyizeho ifoto yahobeye se uryamye ku gitanda cy’abarwayi. Naho Sophia, umwuzukuru wa Pele, nawe aboneka hirya aryamye mu ntebe. Mu minsi ishize Kely yatangaje ko iyi Noheli izasanga se mu bitaro.    Pelé w’imyaka 82, yagiye mu bitaro kuva tariki 29 Ugushyingo kubera indwara y’ubuhumekero hamwe no kongera gusuzuma nyuma ya chemotherapy yakorewe kubera cancer y’urura yavuwe muri Nzeri 2021 nk’uko itangazo ry’ibitaro ryabivuze. Amakuru mashya yatangajwe n’ibitaro mu ntan...