Monday, September 25
Shadow

Month: November 2022

Iyo hari uhagaritse imiti tumufata nkuwatorotse gereza-Nathan

Iyo hari uhagaritse imiti tumufata nkuwatorotse gereza-Nathan

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Abanyamakuru bibumbiye muri Abasirwa barwanya virusi itera Sida bahuriye mu Karere ka Huye kugira ngo barebe uko ubwandu bwa HIV buhagaze kuri ako Karere, indatwa ziboneka muri ako karere ni 1830 zikorera mu bice bitandukanye bigera kuri 30. Ushinzwe ubuzima mu Karere ka Huye Bwana Hitiyaremye Nathan akaba yatanze ikiganiro muri abo banyamakuru uko ubwandu bwa HIV buhagaze mu karere,aho yagarutse ku bigo nderabuzima hamwe n’ibitaro by’Akarere bigera kuri 18, kuva mu kwezi kwa Nyakanga 2021 kugeza muri Kamena 2022 abari bamaze kwandura bagera kuri 281 naho abahise bitabira gufata imiti ni 245 ariko hari abataratangira imiti bagera kuri 36. Agira ati “Buriya iyo hari umuntu uhagaritse gufata imiti muri ibyo bigo nderabuzima hamwe n’ibitaro by’Akarere tumufata nkuwatorotse gere...
RRA yatangiye gufunga ibikorwa by’abacuruzi badatanga fagitire ya EBM

RRA yatangiye gufunga ibikorwa by’abacuruzi badatanga fagitire ya EBM

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Ikigo cy'imisoro n'amahoro cyatangiye ibikorwa byo gufungira mu gihe cy'iminsi 30 abacuruzi badatanga inyemezabuguzi z'ikoranabuhanga zizwi nka EBM. Ni igikorwa kigomba gukomeza hirya no hino mu Gihugu aho abafungirwa ari abagiye bacibwa amande inshuro nibura zirenze 4. Komiseri wungirije ushinzwe abasora Uwitonze Jean Paulin ashimangira ko umucuruzi wese urebwa no gutanga umusoro ku nyongeragaciro (TVA) agomba gushyira mu bikorwa inshingano zo gutanga facture ya EBM bitaba ibyo akabihanirwa n'amategeko cyane ko hari n'abafatirwa muri aya makosa inshuro nyinshi. Mu mwaka wa 2020 hahanwe abantu 1828 bari banyereje miliyoni 600, muri 2021 hahanwa abacuruzi 1300 banyereje miliyoni 719 mu gihe muri uyu mwaka utarashira hamaze guhanwa abantu 1500 banyereje miliyoni 600 z'amanyarwa...
Ikipe ya Afurika yakomeje muri 1/8 cy’igikombe cy’isi

Ikipe ya Afurika yakomeje muri 1/8 cy’igikombe cy’isi

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
 Nyuma yaho ikipe ya Senegal ikomeje muri 1/8 byamaze kumenyekana n’ikipe bizahura dore ko haraye hakinnye amatsinza abiri, bityo Senegal ikaba izahura n’Ubwongereza. Mu mikino yaraye isoje amatinda mu itsinda rya A Senegal yatinze Equateur ibitego 2-1 mu gihe Ubuholande nabwo bwatsindaga ikipe yakiriye igikombe ya Qatar ibitego 2-0, bityo Qatar isoza irushanwa idatsinze umukino n’umwe. Muri iryo tsinda amakipe yakomeje muri 1/8 akaba ari Ubuhorandi bwazamutse bufite amanota 7 bukurikirwa na Senegal yazamutse ifite amanota 6. Mu itsinda rya B nabo barangije imikino ya nyuma aho Ubwongereza bwaraye butsinze Ibirwa bya Wales ibitego 3-0, ni nako hakinwaga umukino wa mateka wahuje Amerika na Iran ni ibihugu bitajya bikins umukino wa gicuti uyu mukino warangiye USA itsinze ir...
Sena ihangayikishijwe n’impanuka zo mu muhanda zikomeje kwica benshi

Sena ihangayikishijwe n’impanuka zo mu muhanda zikomeje kwica benshi

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano bavuga ko ikibazo cy’impanuka zo mu muhanda gihangayikishije bagasaba inzego bireba kugihagurukira kuko zihitana ubuzima bw’abatari bake. Imibare Polisi y'u Rwanda y yerekena ko mu 2018 impanuka zahitanye abantu 597, muri 2019 zigwamo abantu 673, muri 2020 hapfa abantu 675  na ho 2021 baba 655. Ikigega cy’ingoboka cyihariye kigaragaza ko kuva muri Nyakanga 2019 kugeza muri Kamena 2022 hamenyekanishijwe impanuka 990. Muri zo, impanuka 591 ni ukuvuga 59.7% zatewe n’ibinyabiziga bitari bifite ubwishingizi, harimo 74.6% bingana n’impanuka 441 zatewe na moto zidafite ubwishingizi. Iki kibazo cyahagurukije abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano bareba uko gihaga...
Hoteli ikomeye i Mogadishu yagabweho igitero na al-Shabab

Hoteli ikomeye i Mogadishu yagabweho igitero na al-Shabab

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UMUTEKANO
Hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu, aho abategetsi bo muri leta ya Somalia bazwiho kuba bari, yagabweho igitero. Ifoto rusange igaragaza umuhanda w'imbere y'ibiro bya Perezida wa Somalia i Mogadishu Nyuma gato yuko icyo gitero kigabwe kuri hoteli Villa Rose gitangiye ku cyumweru, Minisitiri w'ibidukikije wa Somalia Adam Aw Hirsi yavuze ko yarokotse igitero. Hari n'amakuru atemejwe yuko Mohamed Ahmed, Minisitiri w'umutekano wa Somalia, yakomeretse. Intagondwa zo mu mutwe wa al-Shabab zavuze ko ziraye muri iyo hoteli. Uyu mutwe wiyitirira idini ya Islam umaze imyaka irenga 15 urwanya leta ya Somalia. Hoteli Villa Rose, aho icyo gitero cyabereye, iri mu ntambwe nkeya uvuye ku biro bya Perezida wa Somalia, rwagati muri Mogadishu. Umubare utamenyekanye w'abateye, bit...
Imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana ingamba zikakaye za leta y’Ubushinwa ku cyorezo cya Covid

Imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana ingamba zikakaye za leta y’Ubushinwa ku cyorezo cya Covid

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Imyigaragambyo ikomeye  yakajije umurego muri 'weekend' aho bamwe babonetse bitwaje impapuro z’umweru zitanditseho ikintu na kimwe. Kuki barimo kwigaragambya bafite impapuro z'umweru zitanditseho? Mu mijyi ikomeye nka Beijing na Shanghai, no muri kaminuza zitandukanye, abantu ibihumbi bigabije imihanda bamagana ingamba za leta za ‘zero covid’ ndetse bamwe basaba Perezida Xi Jinping kwegura.   Ku wa mbere, abapolisi benshi batangatanze ku rubuga rwabereyeho imyigaragambyo muri Shanghai babuza ko yongera kuba.   Leta ntiremera ko hari imyigaragambyo cyangwa ngo igire icyo iyivugaho ku mugaragaro. Kuri uyu wa mbere Ubushinwa bwabaruye abantu bashya 40,052 banduye Covid, ni inshuro ya gatanu y’imibare iri hejuru cyane ku munsi.  Impinduramatwara y'urupapuro rwera? ...
Abahinzi basanga hakenewe imbuto zihanganira imihindagurikire y’ikirere

Abahinzi basanga hakenewe imbuto zihanganira imihindagurikire y’ikirere

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Abahinzi n'abongerera agaciro umusaruro bavuga ko ku kuba hakenewe imbuto zihanganira ihindagurika ry'ikirere ryanateye kugabanuka kw'umusaruro muri iki gihe. Abahinga ibigori mu gishanga cya Bishenyi muri Kamonyi bagaragaza ko izuba ryavuye igihe kirekire ryabateye impungenge y’umusaruro kuko ubusanzwe muri uku kwezi kwa 11 babaga bazi niba bazeza cyangwa bazarumbya. Gusa kubera kuhira imyaka kugeza imvura ibonetse cya cyizere cyari cyayoyotse cyongeye kugaruka. Intego za gahunda yo guhuza ubutaka hateganywa ko kuri ubu umuhinzi yakabaye yeza toni 5 z'ibigori kuri hegitari, soya hakera toni 2.9 kuri hegitari, ibirayi toni 18.9 kuri hegitari, ingano toni 3.6 kuri hegitari, imyumbati toni 19.7 kuri hegitari, umuceri toni 4.8 kuri hegitari mu gihe ibishyimbo hateganijwe gusarura t...
Amafoto:Barizihiza isabukuru ya 41 y’amabonekerwa

Amafoto:Barizihiza isabukuru ya 41 y’amabonekerwa

Amakuru, IYOBOKAMANA, RWANDA
I Kibeho mu Karere ka Nyaruguru hakomeje kugera imbaga y’abakristu baturutse imihanda yose baje kwizihiza Isabukuru y’amabonekerwa yaho ku nshuro ya 41. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize nibwo abakristu benshi batangiye kugera aha ku butaka butagatifu baje gusenga , gushima imana ndetse no kwizihiza isabukuru ya 41 y’amabonekerwa yabereye aha I Kibeho ku nshuro ya mbere mu mwaka wa 1981 . Kugeza ubu abagandagaje ku mbuga y’ingoro ya bikilamariya aha I kibeho ni abaturutse mu bihuhu bitandukanye byo mu karere, muri Afurika ya kure, I Burayi , Canada no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Tariki ya 28 Ugushyingo 1981, ni bwo Bikira Mariya yabonekeye umukobwa wa mbere witwa Mumureke Alphonsine wigaga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Mère du Verbe i Kibeho. Nyuma y’umwaka umwe, Bi...
Dinosaur nini yabaye ku isi izamurikwa bwa mbere i Burayi

Dinosaur nini yabaye ku isi izamurikwa bwa mbere i Burayi

Amakuru, MU MAHANGA, UBUKUNGU
Igikankara cyakozwe gisa neza neza n’icy’umwimerere (replica) cy’ishobora kuba ariyo nyamaswa nini cyane yabaye kuri iyi si kizamurikwa i Londres umwaka utaha. Ibindi bikanka bibiri byakozwe (replica) by'amagufa ya Patagotitan biri muri Amerika, ariko ubu ni ubwa mbere izaba yerekanywe i Burayi Ishusho y’amagufa y’iyi dinosaur izwi nka Patagotitan azamurikwa muri Natural History Museum(NHM) mu gihe bizeye ko izabona umwanya ikwirwamo. Yari ifite 35m kuva ku zuru kugera ku murizo, iyi nyamaswa bikekwa ko yapimaga hagati ya toni 60 na 70.   Madamu Sinéad Marron ukora muri iriya nzu ndangamurage y’i London ati “Dukwiye kuzaba tubasha kuyakira”.  Icyo gikanka cyakozwe (replica) kizavanwa muri Argentine mu nzu ndangamurage ya Museo Paleontológico Egidio Feruglio (MEF) ifite um...
U Rwanda na Kenya babonye Tike yo gukomeza mu kindi cyiciro cy’imikino

U Rwanda na Kenya babonye Tike yo gukomeza mu kindi cyiciro cy’imikino

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
U Rwanda na Kenya zabonye ticket yo kujya mu kiciro gikurikira,mu mikino nyafurika yo gushaka tike y’igikombe cy’isi yo mw'itsinda rya mbere (ICC Men’s T20 World Cup Sub-Regional Africa Qualifiers Groupe A). Ni imikino yatangiye tariki ya 17 Ugushyingo 2022,yitabirwa n'ibihugu 8 aribyo; Malawi,Mali,Botswana,Seychelles,Lesotho,Sainte Helena,Kenya ndetse nurwanda rwari rwanayakiriye. Mu mukino u Rwanda rwakinnye rwakinnye n’ikipe y’igihugu ya Lesotho,gusa umukino ntiwigeze urangira kuko ubwo u Rwanda rwari rumaze gukina overs 20,runamaze gushyiraho amanota 192 hahise hagwa imvura nyinshi byanatumye umukino uhagarara Lesotho itabatinze,bityo amakipe yombi agabana inota rimwe rimwe, bikaba byatumye u Rrwanda rusoreza ku mwanya wa 2 n’amanota 11. Muri uyu mukino u Rwanda nirwo...