Monday, September 25
Shadow

Month: July 2021

Umukobwa ufite iminwa minini ku isi arateganya kuyigira minini kurushaho

Umukobwa ufite iminwa minini ku isi arateganya kuyigira minini kurushaho

Amakuru, UBUZIMA
Nyuma yo kugira iminwa ibyimbye, umunyeshuri uvugwaho kugira “iminwa minini ku isi” yavuze ko afite inzozi zo kujya kwibagisha iminwa kugira ngo ibe yaba minini kurushaho.  Andrea Ivanova ufite imyaka 23, ukomoka muri Bulugariya (Bulgaria) yafashe ubwambere aside yitwa hyaluronic  muri 2018 none ubu iminwa ye yiyongera uko ukwezi gutashye. Yabwiye ikinyamakuru Daily Star: “Mu byukuri nkunda iminwa minini kandi itubutse ndetse mubyukuri nashakaga kureba uko bazajya bandeba mumaso yange, kandi ndabyishimira cyane kugira iminwa minini cyane”. Kugeza ubu maze guterwa inshinge 25 za aside ya hyaluronic ku minwa yange, sinigeze mbara umubare mbumbe w’amafaranga natanze, urushinge rwa aside ya hyaluronic hano muri Bulugariya rugura amaleva 400 (hafi amapawundi 200 k’urushinge r...
Yankurije Marthe yasezerewe  mu mikino ya Olimpike muri m 5000

Yankurije Marthe yasezerewe mu mikino ya Olimpike muri m 5000

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
 Ubwo yasiganwaga kuri  uyu  munsi aho yari yashyizwe mu itsinda rya kabiri Yankurije yaje ku mwanya wanyuma  mu gihe mu itsinda ryabo hasezerewe babiri batarangaje. Niyonsaba Alphonsine wasigannywe mu itsinda rya Yankurije yaje ku mwanya wa kane ariko nawe arasezererwa kubera ibihe yakoresheje. Yankurije Marthe wari usanzwe akoresha ibihe byiza yakoresheje ari iminota 16, amasegonda 33 n’iby’ijana 85, uyu  munsi yakoresheje ibihe byiza kuko yakoze iminota 15 amasegonda 55 n’ibijana 94. Nyuma yuko abari bitabiriye iyi mikino uwanaje gukina ni Mugisha Moise nawe utararangije, kandi uyu munsi hakaba hakinnywe Agahozo Alphonsine yaje ku mwanya wa 72 akoresheje 30.50  ubundi yarasanzwe akoresha 33.15 nawe akaba yaje imbere. Eloi Maniraguha mu...
Abaganga n’abaforomo/kazi b’abashomeri bemerewe gukorera muri UK

Abaganga n’abaforomo/kazi b’abashomeri bemerewe gukorera muri UK

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UBUZIMA
Kenya yagiranye amasezerano n'Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n'abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza. Minisitiri w'umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w'ubuzima w'Ubwongereza Sajid Javid basinye ayo masezerano ku munsi wa gatatu w'uruzinduko rwa Perezida Uhuru Kenyatta i Londres. Ibi ni ku bakozi mu buvuzi b'Abanyakenya babifitiye ubumenyi ariko badafite akazi, bikagenzurwa neza mu nyungu za Kenya, nk'uko itangazo rya leta y'Ubwongereza ribivuga. Ibi byasabwe na Kenya bizaha abakozi b'ubuvuzi n'abakuru b'uru rwego ba Kenya koroherezwa mu mikorere y'abashinzwe abinjira n'abasohoka mu Bwongereza. Amakuru yose y'ibizakorwa muri aya masezerano azatangazwa mbere y'ukwezi kwa cumi. Ihuriro ry'abavuzi muri Kenya mu myaka ishize ryatangaje i...
Umwalimu w’amashuri abanza ubu yabaye perezida wa Peru

Umwalimu w’amashuri abanza ubu yabaye perezida wa Peru

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UBUREZI
Amatora maremare arimo amahari, Pedro Castillo yarahiriye kuba Perezida wa Peru. Intsinzi ye yanyeganyeje abakomeye muri politiki n'ubucuruzi muri iki gihugu cyashegeshwe n'icyorezo cya Covid. Pedro wavukiye mu gace k'icyaro kari mu dukennye cyane mu gihugu, yakuze afasha ababyeyi be batize imirimo y'ubuhinzi. Ari umunyeshuri muto, yagendaga n'amaguru amasaha arenga abiri kugira ngo agere ku ishuri. Nyuma yaje kuba umwalimu ku ishuri ribanza, akazi yakoze imyaka 25, n'umukuru w'urugaga rwabo. Mu gutumbagira akagera ku butegetsi, nubwo nta nararibonye na nke ku butegetsi, mu 2021 yatorewe kuba perezida wa Peru atowe cyane n'abo mu cyaro aho yakuriye. Yagize ati"Ntihazongere kuba umukene mu gihugu gikize!, niyo yari intero ye mu kwiyamamaza, mu kuvuganira abaturage ba Peru bara...
Umuryango ukize ku isi,basenga Satani ndetse bagashakana hagati yabo

Umuryango ukize ku isi,basenga Satani ndetse bagashakana hagati yabo

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UBUKUNGU
Umuryango wa Rothschild bahiriwe n’amafaranga bihagije kugeza aho bayobora hafi imitungo y’isi, gusa ntibagifite ububasha bwinshi nyuma yo kugabana imitungo yabo. Umuryango waba Rothschild w'Abayahudi bakomoka mu Budage  Iyi miryango iyo bigeze ku bijyanye n’imitungo yabo biba ari ubwiru, hari byinshi twavuga kuri iyi miryango, icyo abenshi bazi nuko ari abaherwe ndetse bakaba bakomoka i Burayi, ariko ubu ngiye kubasangiza amwe mu makuru kuri uyu muryango mwaba mutarigeze kumva. 1.Bashakana hagati yabo: iyo ufite amafaranga menshi n’imbaraga, biba byoroshye kuvugwaho gukora ibintu twakwita “ibidasanzwe”. Umuryango w’aba Rothschild bafite ibigwi byinshi harimo no kwisanzuranaho hagati yabo. 2. Bamwe muri bo bagambiriye cyane kugera ku mbaraga: Nkuko babivuga ...
Umugore w’imyaka 26 yasobanuye impamvu yashyingiranywe na nyina

Umugore w’imyaka 26 yasobanuye impamvu yashyingiranywe na nyina

Amakuru, MU MAHANGA
Abantu benshi, harimo n’abo mu muryango we, bafata ko ntampamvu yaba yaratumye Lolita ashyingiranwa na nyina umubyara. Barakwenwa ndetse bakanacirwa urubanza.  Basobanuye icyemezo cyabo cyo gushyingiranwa. Lolita yavuze ko nyina amwitaho ndetse akaba ari naweumufasha wenyine rukumbi. Nyina ngo agomba kumwitaho wenyine kuko nta se afite. “Mama niwe byose mfite,Lolita niko yavuze. mama niwe uzi uko anshimisha,” Lolita yemeje ko yashakaga kubana na nyina. Nuko ashyingiranwa nawe. Loreta w’imyaka 44, yavuze ko icyifuzo cye cyambere kwari ugushyingirwa n’umukobwa we. “Nanze gushyingirwa nawe ashobora kwigendera.Nzakora igishoboka cyose kugira ngo mushimishe,” byavuzwe na nyina. @Rebero.co.rw
Perezida Samia Suluhu yasabye Abatanzania bose nabo kwikingiza

Perezida Samia Suluhu yasabye Abatanzania bose nabo kwikingiza

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE, UBUZIMA
Perezida Samia Suluhu wa Tanzania yakingiwe Covid-19 kuri uyu wa gatatu nyuma y'uko igihugu cye cyemeye kwakira inkingo z'iki cyorezo no kuzitanga. Samia Suluhu, wagiye ku butegetsi mu kwezi kwa gatatu, yagize ati: "Ntabwo turi ikirwa ni yo mpamvu ubu twatangiye gukingira. Gutangiza gukingira muri Tanzania byabereye mu rugo rw'umukuru w'igihugu i Dar es Salaam, ahakingiriwe na minisitiri w'intebe, abakuru b'amadini n'abahoze ari abategetsi". Uwo yasimbuye, John Magufuli wapfuye mu kwezi kwa gatatu, yakerensaga Coronavirus kandi yari yaranze inkingo zayo zakorewe mu mahanga. Madamu Samia Suluhu yahinduye ibintu afata undi murongo, asaba rubanda gukurikiza amabwiriza yo kwirinda iki cyorezo. Mu minsi ishize, Tanzania yakiriye doze miliyoni imwe y'inkingo za Johnson & Jo...
Umugore washyingiwe n’imbwa ye Murebe amwe mu mafoto ye n’imbwa.

Umugore washyingiwe n’imbwa ye Murebe amwe mu mafoto ye n’imbwa.

Amakuru, MU MAHANGA, UBUZIMA
Gushyingirwa ni ihuriro ry’abantu babiri bihuza bakabana nk’umuntu umwe bakaba umugabo n’umugore,gushyingirwa ni ikintu kiza,kizana ibyishimo hagati y’abashakanye. Twese tuziko ugushyingirwa ari uku mugabo n’umugore atari uku mugore n’imbwa cyangwa umugabo n’imbwa. Bamwe muri twe twibuka Elizabeth Hoad. Elizabeth yashyingiranywe n’imbwa ye 2019. None abenshi muri twe bahamya uku kubana kwa Elizabeth n’imbwa ye,kandi nyuma yaje gutanga impamvu yashyingiranywe n’imbwa ye avuga ko yahuye no gutenguhwa ndetse no gutandukana n’abagabo benshi, akomeza avuga ko yatereswe inshuro zigera kuri 220 kandi zitagenze neza, ndetse ko hari bane bari baremeranijwe kubana birapfa. Niyo mpamvu yahisemo gushyingiranwa n’imbwa ye bakaba bafatwa  “nk’umugabo n’umugore” ku bantu benshi. Izina r...
Umuhungu w’Umunyanigeria  warezwe n’ingagi

Umuhungu w’Umunyanigeria warezwe n’ingagi

Amakuru, MU MAHANGA, UBUZIMA
Umuhungu witwaga Bello. Yabonywe aho yaratuye hagati y’inguge mu majyaruguru na Nigeria ahagana mu w’1996.Byavuzwe yuko uyu muhungu yabonywe muri leta ya Kano ari naho yarerewe n’ingagi, kandi bikaba byaravuzwe ko yatawe n’ababyeyi be igihe yari akiri muto cyane. Bizwi ko yatawe n’ababyeyi be kubera ikibazo cy’ubumuga, nkuko bimenyerewe muri bamwe bo mu bwoko bwaba Fulani mu guta abana babo igihe bafite ikibazo cy’ubumuga. Uyu muhungu yari afite hagati y’amezi 5 na 6 igihe yatabwaga nyuma akarerwa n’inguge. Yabonywe rwagati mu nguge akora nkazo mu gice cy’amajyaruguru y’igihugu, muri Kuno. @Rebero.co.rw
Barack Obama yabaye umushoramari muri NBA Africa

Barack Obama yabaye umushoramari muri NBA Africa

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Barack Obama wahoze ari perezida wa Amerika yashoye imari muri NBA Africa aho avuga ko ari ubufatanye yizeye ko buzungura urubyiruko mu bihugu byinshi. Itangazo rya National Basketball Association (NBA) rivuga ko Obama azafasha kumvikanisha umuhate wa NBA wo gufasha sosiyete ya Africa muri gahunda zirimo uburinganire n'iterambere. Obama azaba afite imigabane mitoya muri ubu bufasha ateganya kuzifashisha mu gihe kizaza mu kongera imari muri gahunda zo gufasha urubyiruko za Obama Foundation. NBA Africa ni ubushabitsi (business) ya NBA, burimo na Basketball Africa League (BAL) irushanwa riheruka kubera bwa mbere mu Rwanda mu kwezi kwa gatanu. Muri uyu mukino, ubushabitsi bubarirwa muri miliyoni nyinshi z'amadorari buri mu kuzamura abakinnyi b'impano, kubagurisha ku makipe n'u...