Monday, September 25
Shadow

Month: January 2021

Guma mu Rugo mu mujyi wa Kigali ntacyo ihindura ku mibare ya bandura Covid-19

Guma mu Rugo mu mujyi wa Kigali ntacyo ihindura ku mibare ya bandura Covid-19

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Imibare ikomeje kwiyongera y’abandura Covid-19, imibare yo mu mujyi wa Kigali niyo ikomeje kuba myinshi ku bantu bamaze kwandura kuko mu gihugu hose hamaze kwandura abantu 3854 mu byumweru bibiri bishize. Hafi y'isoko ry'inkundamahoro Nyabugogo mu gihe cya Guma mu Rugo Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali iri ku izina gusa kuko usibye imodoka zitwara abagenzi ndetse n’ubucuruzi bumwe na bumwe cyane cyane abadafite aho bahuriye no gucuruza ibiribwa ndetse n’ibikoresho by’isuku abandi barafunze. Abakoraga imirimo iciriritse cyane cyane abarya ari uko bakoze kuko ubu nibo inzara yagezeho nkabari basanzwe ari ba nyakabyizi barya kuko bageze mu kazi ubu inzara ibageze habi, kuko nibyo Leta yatanze ntabwo ba Mutwarasibo babibagezaho kuko babwirwa ko lisiti zakorewe ku biro by’uturere. I...
CHAN 2020 : Salomon Banga mu bakinnyi beza batsinze ibitego mu kiciro cya mbere

CHAN 2020 : Salomon Banga mu bakinnyi beza batsinze ibitego mu kiciro cya mbere

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Imikino yo mu matsinda ya CHAN 2020 yarangiye kuri uyu wa gatatu. Amakipe 8 yakomeje muri ¼ gitangira gukinwa kuya 30 na 31 mu bice bitandukanye. Abakinnyi umunani bamaze gutsinda nibura ibitego 2 muri iyi CHAN 2020. Umaze gutsinda byinshi ni uwo muri Guine Gnagna Barry umuze gutsinda ibitego bitatu. Abandi bakinnyi 7 bamaze gutsinda 2. Muri abo harimo Slomoni Banga myugariro wo hagati wa Lion A yatsinze icyu mutwe ndetse nundi yatsinze awutereye kure ubwo bakinaga na Zimbabwe na Burkina Faso, niwe mukinnyi wa Lion wabashije gutsinda muri CHAN. Ikipe ya Cameroun mtabwo ari imashini y’urugamba. Ntabwo babasha gutsinda ariko ibyo bitego bibiri byatsinzwe na myugariro Salomon Banga ku mipira y’imiterekano. Akaba ariwe uyoboye bagenzi be ba Cameroun barimo gukina muri CHAN 2020, kan...
Amafunguro yifashishwa mu bigo azakomeza kongerwa mu gihe amashuri agifunze

Amafunguro yifashishwa mu bigo azakomeza kongerwa mu gihe amashuri agifunze

Amakuru, MU MAHANGA, UBUREZI
Amafunguro yifashishwa mu bigo azakomeza kongerwa m’ Ubwongereza nkuko Boris Johnson yemeje ko amashuri atazafungurwa mbere ya Gashyantare. Minisitiri w’intebe yakomeje gutangaza ko abana bazakomeza guhabwa parcelle y’ibiryo na voucher kugeza basubiye ku mashuri yabo nyuma y’icyiciro cya gatatu cya Guma mu Rugo. Abaminisitiri bazakomeza gushyiraho ingamba buhoro buhoro zo gusohoka muri Guma mu Rugo mu ntangiriro z’icyumweru cya 22 Gashyantare kandi twizeye ko itangira ry’amashuri kuwa 8 Werurwe rizagera dufite ubwirinzi buhagije. Umuyobozi Tory yavuze ko icya mbere cyibisanzwe kizagaragara abanyeshuri bagahita basubira ku mashuri yabo. Birazwi ko ababyeyi n’abarezi bifuza ko byanga bikunze mu byumweru bibiri  hagomba kubaho kwigisha no kwigishwa imbonankubone. Akaba ariyo m...
Amashuri ntazafungurwa mbere yo muri Gashyantare

Amashuri ntazafungurwa mbere yo muri Gashyantare

Amakuru, MU MAHANGA, UBUREZI
Inkuru y'ibiro ntaramakuru by'Abongereza yatangaje ko PM Boris Johnson yemeje ko amashuri adateze gufungurwa mbere muri Gashyantare kubera gahunda ya Guma mu Rugo igikomeje. Minisitiri w’intebe yavugiye mu ruhame ko agomba gufatanyiriza hamwe n’ababyeyi kubijyanye n’imyitwarire y’umwana y’ibyo agomba gukorera mu rugo, mu gihe hagitegerejwe amakuru ku bijyanye n’ifungurwa ry’amashuri. Johnson yaboneyeho kuvuga kuri Guma mu Rugo yo m’Ubwongereza, harimo ifungurwa ry’amashuri, rikaba ryegejwe inyuma kuwa  8 Werurwe.Yakomeje avuga ko imyanzuro y’ibyagendeweho izatuma Guverinoma ifata ingamba zikura Igihugu muri Guma mu Rugo, nubwo bizaterwa n’icyegeranyo cy’abandura n’abicwa na Covid-19 muri icyo gihe. Boris Johnson yemeje ko amashuri adashobora gufungurwa mbere yo muri Gashya...
Abarwariye mu ngo barakomeza gushinjwa gukwirakwiza Covid-19

Abarwariye mu ngo barakomeza gushinjwa gukwirakwiza Covid-19

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
 Mu bipimo byaraye bifashwe mu masaha 24 habonetse abanduye 281 abanduye muri Kigali iri muri Guma mu rugo ni 177, abanduye mu tundi turere 18 nibo bongerwaho umujyi wa Kigali bakagera kuri 281. Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) kikaba gitangaza ko abanduye bavurirwa mu ngo bageze ku bihumbi 4, ariko aba barwariye mu ngo nabo bakaba bavuga ko batabona ibyo babasha kurya ariyo mpamvu ituma basohoka bakajya gushaka ibyo barya. Umujyi wa Kigali ukaba uvuga ko hari numero yatanzwe yo guhamagaraho kugira ngo babashe kubunganira, kubijyanye n’ibiribwa ndetse n’abafite abana bakabasha guhabwa amata, ibi ariko bikaba ari ibyo mu mvugo gusa. Kuko usabwa kunyura mu nzego zibanze. Bamwe mu barwariye mu ngo nabo barashinja inzego z’ibanze kutababa hafi bikaba ariyo mpamvu ituma ba...
Perezida wa CAF: Anouma, Motsepe, Senghor naYahya bemejwe na FIFA

Perezida wa CAF: Anouma, Motsepe, Senghor naYahya bemejwe na FIFA

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryahaye uburenganzira Kandidatire Jacques Anouma, Patrice Motsepe, Augustin Snghor na Ahmed Yahya, mu matora ya Perezida wa CAF ateganijwe kuya 12 Werurwe 2021 Rabat muri Maroc. Patrice Motsepe umunyemali wo muri Afurika Y'epfo akaba n'umuyobozi wa Mamelodi Sundwons  “Nejejwe no gutangaza ko twemeje za Kandidatire ku mwanya wo kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurikan’umwanya wa Visi Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi na Komisiyo ngenzuzi ya FIFA”. Umunya Moritaniya  Ahmed Yahya niwe wa mbere washyize ahagaragara ko yatanze Kandidatire ku mwanya wo kuyobora CAF ateganijwe kuya 12 Werurwe 2021i Rabat aho yemejwe n’abanzwe umupira ku isi. Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira muri Repuburika y’a...
Centrafrique: Ibikorwa by’abaturage byangijwe n’umutekano muke

Centrafrique: Ibikorwa by’abaturage byangijwe n’umutekano muke

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Muri Centrafica, umujyi wa Bouar,mu majyaruguru y'uburengerazuba bw’igihugu uri ku birometero 456 uvuye Bangui, habereye ibikorwa by’ubugizi bwa nabi n’imirwano ku matari ya 9 na 17 Mutarama. Aubwo hazaga ingabo zashyize hamwe ziharanira ko hari ibigomba guhinduka (CPC) mu mujyi washyizwemo umutekano muke no guhagarika ibikorwa by’ubucuruzi. Abacuruzi bamwe bakaba barafunguye nubwo bitagenda neza kubera imbogamizi zizagira ingaruka mu baturage. Kugeza uyu munsi kubona amafaranga muri Bouar mu burasirazuba bwa Centrafica. “Ibikorwa byoze bya za Banki n’ubucuruzi byarangiritse kubera umutekano muke”Nkuko bivugwa na Josué Sossor, Umunyamabanga mukuru wa Perefegitura wa Nana-Mambéré. “Kubera ko bakurikiranywa ntibashobora no gufungura imiryango yabo. Guhera  ku mushara wo mu ...
Amatora CAF: Abakandida Ahmad,Omar na Zetch zanzwe na FIFA

Amatora CAF: Abakandida Ahmad,Omar na Zetch zanzwe na FIFA

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Komisiyo igenzura y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) yanze Kandidatire za Ahmad,Constant Omar na Kheïreddine Zetchi mu matora y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF) ateganijwe tariki ya 12 Werurwe 2021 Rabat. Uwa mbere yahagaritswe na FIFA mu gushaka gukora manda ya kabiri mu buyobozi bwa CAF, naho uwa kabiri urimo kuyobora by’agatenyo umupira muri Afurika,ushaka intebe mu nama ya FIFA, kimwe na Zetchi. Igitangaje, Constant Omar, umuyobozi w’inzibacyubo mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF), ntabwo yemerewe guhabwa manda nshya mu buyobozi bw’umupira ku isi (Njyanama ya FIFA). Komisiyo ngenzuzi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amagur y’isi (FIFA) yatesheje agaciro tariki ya 26 Mutarama Kandidatire ye yo mu matora kuyobora  CAF ateganijw...
Ibyishimo by’abaturage byibagijwe ko bari  muri Guma mu Rugo

Ibyishimo by’abaturage byibagijwe ko bari muri Guma mu Rugo

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Byaraye bigaragaye ko abaturage bari bakumbuye ibyishimo by’ikipe y’igihugu kuko umujyi wa Kigali waraye mu byishimo ubwo ikipe y’igihugu yatsindaga ikipe ya Togo, mu mukino wa nyuma w’amatsinda mu mikino ya CHAN 2020 irimo kubera muri kameruni. Uyu mukino wari wateguwe n’umutoza kugira ngo bahe intsinzi Amavubi kandi ishyaka ryari irya bose nubwo mu minota ya nyuma wabonaga ko batorohewe kuko umupira wose bahitaga batera imbere aho kwubaka bakima ikipe ya Togo umupira, burya igitutu cy’itangazamakuru nicyo cyatumye abahungu bitanga. Ni intsinzi yaritegerejwe igihe kinini ariko uruhare rwa buri wese rukaba rwagaragaye mu bakinnyi bose kuko habaye kwitanga, ikindi abakunzi b’amavubi bashimye ni ukudacika intege ahubwo uko batsinzwe bakumva ko bishoboka kandi bakabiger...
Uganda: Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko utavuga rumwe n’ubutegetsi Bobi Wine  arekurwa

Uganda: Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko utavuga rumwe n’ubutegetsi Bobi Wine arekurwa

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Ukurekurwa kwa bobi Wine kwategetswe n’urukiko rw’ikirenga utavuga rumwe n’ubutegetsi yarafungiye mu rugo iwe aho atuye Kampala guhera amatora ya Perezida abaye tariki ya 14 Mutarama. Abasirikare bazengurutse urugo rwe. Bobi Wine utaremeye ibyavuye mu matora ya Perezida yatsinzwe na Museveni. Abasirikare barenga ijana hamwe n’abapolisi bari bazengurutse urugo rwa Bobi Wine batangiye kuva iwe kuri uyu wa mbere nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi Fred Enanga. Igisigaye nuko Bobi Wine akomeza gucungirwa hafi, kuko utavuga rumwe n’ubutegetsi akekwaho gutegura imyigaragambyo nabayoboke be kubera ko batishimiye ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu. Ni nacyo Polisi yahereyeho isobanura icyatumye bazenguruka urugo rwe. Ariko urukiko rw’ikirenga rwatesheje agaciro izo mpamvu ruvuga ko...