Monday, September 25
Shadow

Month: December 2020

Rebero group ibifurije umwaka mushya muhire wa 2021

Rebero group ibifurije umwaka mushya muhire wa 2021

Amakuru, RWANDA
Mu rwego rwo gushimira no kwifuriza umwaka mushya muhire wa 2021 abakunzi n’abasomyi ba Rebero.co.rw umwaka urashize turi kumwe ntabwo mwadutengushye niyo mpamvu twishimiye kubana namwe mu mwaka tugiye gutangira wa 2021 tuzarushaho kubana namwe mu makuru tubageza. Uyu mwaka dutangiye wa 2021 twiteguye kubagezaho amakuru azatuma turushaho kumenya aho isi igeze ndetse n’umugabane dutuyeho, gusa namwe inama zanyu tuzazitega amatwi ndetse tuzishyire mu bikorwa. Uyu mwaka uzababere uwibyishimo no kugwiza urukundo mu miryango yanyu kandi uzababere uwo kugwiza ubwenge mubyo muteganya byose, Imana izababere nyambere mu miryango yanyu. @Rebero.co.rw
Leta mu ngamba zo kugabanya umusaruro wangirika utaragezwa ku isoko

Leta mu ngamba zo kugabanya umusaruro wangirika utaragezwa ku isoko

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Amafaranga asaga Miliyari 11 yo mu ngengo y'imari y'umwaka ushize ni yo leta y'u Rwanda yashoye mu bikorwa remezo birimo ubwanikiro, ubuhunikiro n'imashini zumisha imyaka byose bigera kuri 678 bikaba bigamije kugabanya umusaruro w'ubuhinzi utakara mbere yuko ugezwa ku isoko bityo bigafasha igihugu kugera ku ntego cyihaye yo kugabanya icyo gihombo bitarenze 2024. Nshimiyimana Claude ni Perezida wa koperative ubumwe  bugamije iterambere igizwe n'banyamuryango 608  bahinga ibigori kuri hegitari 120 mu Karere ka Kamonyi. Ni bamwe mu bahinzi bafashijwe na Leta kubakirwa ubwanikiro bufite agaciro ka miliyoni 52 ku buryo yemeza ko ubu bwanikiro bugezweho bwatumye umusaruro wabo w'ibigori wumishwa neza ku buhehere bwa 13%  bavuye ku buhehere bwa 18 & 20% ku buryo n'ik...
Ibihugu by’Afurika bikize hamwe n’ibikennye muri uyu mwaka 2020

Ibihugu by’Afurika bikize hamwe n’ibikennye muri uyu mwaka 2020

Amakuru, MU MAHANGA, UBUKUNGU
Angola Igihugu cy’Angola gifite umutungo ungana na miliyari 124,209 by’Amadolari umuturage w’Angola akaba yinjiza ku mwaka 4,407 by’;Amadolari, Angola ni kimwe mu bihugu bikize ku mugabane w Afurika ubu butunzi ikaba ibukura k’umutungu kamere Petelori ndetse na Gaze hamwe n’urugomero rw’amashanyarazi na Diyama n’ubuhinzi. Angola ifite abaturage bangana na miliyari 30,7 abenshi bafite imico mvaburayi kuko ni igihugu cyagize abakoroni ba Portugali kuko yabakolonije imyaka irenga 400, ndetse ururimi rukoreshwayo cyane ikaba ari igiporutige. Chicala Township- Lounda Angola Perezida w’Angola João Manuel Gonçalves Lourenço ubukungu bw’igihugu yabwerekeje muri Ekonomi aho cyane bacukura petelori Soudan - Yepfo Soudan – Yepfo ni kimwe mu bihugu bikennye mu bukungu bwacyo...
Loni yatangaje ko amatora yo muri Centrafurika ari intsinzi y’abaturage

Loni yatangaje ko amatora yo muri Centrafurika ari intsinzi y’abaturage

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Guverinoma ya Centrafrika yashimiye abaturage bitabiriye amatora y'umukuru w'igihugu n'ay'abadepite yo ku wa 27 Ukuboza 2020. Ni mu gihe Umuryango w'Abibumbye uvuga ko kuba aya matora yarabaye ari intsinzi y'abaturage. Nyuma y'umunsi umwe habaye amatora rusange muri Centrafrika,ubuzima burakomeje muri iki gihugu. Muri Bangui,umurwa mukuru abaturage batangaje ko ntabikorwa  bihungabanya umutekano byigegeze bigaragara ari na yo mpamvu bakomeje imirimo yabo. Mu kiganiro n'abanyamakuru, Guverinoma ya Centrafrika yari ihagarariwe n'abaminisiti 3 barimo uw'ingabo uw'ubutegetsi bw'igihugu n'uw'umutekano washimiye abaturage batitaye ku bikangisho by'inyeshamba bakitabira amatora kimwe n'abandi bafatanyabikorwa bagize uruhare mu migendekere y'aya matora. Umuyobozi wa Komisiyo...
FIFA yatangaje aho imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe cya 2020 kizabera na stade zizakinirwaho

FIFA yatangaje aho imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe cya 2020 kizabera na stade zizakinirwaho

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Qatar izakira imikino ya FIFA y’igikombe cy’isi cya 2020 cy’amakipe  yabaye ayambere ku migabane 6 guhera tariki 1 kugeza 11 Gashyantare 2021, nyuma yo kugihagarika uyu mwaka kubera icyorezo cya Covid-19. Imigabane itandatu, hamwe nugomba kwakira iyi mikino y’amakipe yabaye aya mbere ku migabane yayo, bazakina mbere y’igikombe cy’isi giteganijwe kuzaba 2022 ku masitade ya Ahmed Bin Ali, Khalifa International na Education City Sitade ya Ahmed Bin Ali yarangije kuvugururwa mu cyumweru gishize tariki ya 18 Ukuboza, niyo iteganijwe kuzaberaho umukino ufiungura hagati y’ikipe yo muri Qatar yabaye iya mbere Al Duhail na Auckland City  yo muri New Zealand umukino uzaba tariki 1 Gashyantare 2021 naho umukino wanyuma ukazakinirwa kuri Sitade ya Education City tariki ya 11 Gashyantar...
Perezida Kagame yashimiye abayobozi mu nzego z’ibanze basoje manda zabo

Perezida Kagame yashimiye abayobozi mu nzego z’ibanze basoje manda zabo

Amakuru, POLITIQUE, RWANDA
Mu gihe mu ntangiriro z’umwaka utaha wa 2021 u Rwanda rwitegura amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze, Perezida wa Repubulika Paul Kagame arashimira abayobozi basoje manda zabo ariko akabasaba kuzakomeza gutanga umusanzu wabo. Imyaka ikabakaba 20 irashize u Rwanda rutangiye urugendo rwo kwegereza ubuyobozi n’ubushobozi abaturage mu rwego rwo kwimakaza imiyoborere ishyira umuturage ku isonga. Ni politiki yazanye impinduka zifatika kuko yagabanyije intera hagati y’ubuyobozi n’abayoborwa ndetse ituma serivisi zitandukanye zirushaho kwegera abaturage nkuko bamwe muri bo babyemeza. Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Habitegeko François, avuga ko mu myaka 10 amaze muri iyi mirimo hari byinshi byagiye binozwa cyane cyane mu kurushaho kwegereza ubushobozi inzego z’ibanze bitandukanye n’uk...
Hari abadepite basaba RSSB kwishyuza ku ngufu abakoresha batishyura ubwiteganyirize bw’abakozi

Hari abadepite basaba RSSB kwishyuza ku ngufu abakoresha batishyura ubwiteganyirize bw’abakozi

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Abadepite basabye ko abakoresha badatangira abakozi imisanzu y’ubwiteganyirize bw’izabukuru, bajya bayishyuzwa ku ngufu. Ibi barabivuga mu gihe hari abari mu kiruhuko cy’izabukuru bataratangiwe imisanzu bikaba byarabateye ubukene. Sindayigaya Jean Pierre umuturage wo mu Karere ka Gasabo avuga ko yakoreye kimwe mu bigo byigenga mu Rwanda gikora imirimo y’ubwubatsi. Yamaze imyaka 2 akora azi ko ateganyirizwa izabukuru kuko bamukataga amafranga yabyo. Nyuma mu mwaka wa 2016 yaje guhura n'impanuka biba ngombwa ko ajyanwa kwivuza asanga umukoresha atarigeze amuteganyiriza izabukuru. Ati “Nagize iyo accident (impanuka)  nta bwishingizi nkajya nivuriza kuri mutuelle yanjye biza gukomera kuko nari mfite gahunda yo kubagwa umutwe mbibabwiye batangira gahunda zo kunyandikisha muri...
Perezida Kagame: Abagerageza guhungabanya umutekano iminsi yabo irabaze

Perezida Kagame: Abagerageza guhungabanya umutekano iminsi yabo irabaze

Amakuru, RWANDA, UMUTEKANO
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko abagerageza guhungabanya umutekano w'u Rwanda iminsi yabo ibaze, ibi umukuru w’Igihugu yabivuze mu kiganiro cyamuhuje n'abanyamakuru, abaturage n'abayobozi. Hifashijwe ikoranabuhanga mu kiganiro Perezida wa Repubuka yagiranye n'abaturage, abanyamakuru n'abayobozi, abaturage hirya no hino mu gihugu batanze ibitekerezo ndetse banagaragaza ibibazo bifuza ko byakemurwa. Ku bijyanye n'umutekano, abaturage b'akarere ka Nyaruguru bagaragaje ko bishimiye umutekano bafite ubu nyuma y'ibitero by'iterabwoba byabagabweho. Mukashyaka Josephine, umuturage wo mu Karere ka Nyaruguru yagize ati “Ubwo ibyo bitero byagabwaha ari mu gicuku, abana bagaterwa ibyuma, mwarahabaye ingabo ziradutabara, zigarura umutekano ubu turarinzwe dufite umutakano. ...
Perezida w’Amerika Joe Biden yahawe urukingo rwa Covid-19

Perezida w’Amerika Joe Biden yahawe urukingo rwa Covid-19

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Perezida watowe wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden w’imyaka 78, kuri uyu wa mbere imbere y’itangazamakuru yahawe urukingo rwa mbere rwa Covid-19,. Urukingo rwa Pfizer ni rumwe muri ebyiri zahawe umugisha muri Amerika kandi zikaba zemerewe gukoreshwa muri icyo gihugu, rukaba rwatangiye gutangwa mu bitaro bya Newark, muri Leta ya Delaware. Umugore wa Perezida mushya w’Amerika Jill Biden akaba nawe yakiriye urukingo rwa mbere kuri uyu wa mbere. “Nditeguye” ibyatangajwe n’umuyobozi w’Abademokarate wambaye agapfukamunwa k’Umukara nyuma yo gutega urutugu rw’ibumoso akazamura ishati. “Nkoze ibi kugira ngo mpe urugero abandi kugira ngo bitabire uru rukingo mugihe bazabona umwanya kuko nta kibabaje kirimo, kandi niteguye no guhabwa urukingo rwa kabiri”. Yashimiye abahanga ba...
Ibihugu 17 aho umukirisitu atemerewe kujya mu buyobozi ndetse akaba adashobora kuyobora icyo gihugu

Ibihugu 17 aho umukirisitu atemerewe kujya mu buyobozi ndetse akaba adashobora kuyobora icyo gihugu

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cyitwa Pew Reasearch center bwashyize ahagaragara urutonde bw’ibihugu aho abagomba kubiyobora cyangwa se abayobozi bo mu rwego rwo hejuru bagomba kuba ari abo muri Islam. Icyo kigo cy’ubushakashatsi gikorera muri Amerika kibarizwa muri Washington cyashize amakuru ahagaragara ko mu bushakashatsi bakoze bagendeye ku bantu batoye ndetse n’ibitekerezo by’abantu Ariko dukurikije icyo ubu bushakashatsi bwagezeho nuko ibihugu byo mu burasirazuba bwo hagati hamwe n’amajyaruguru y’Afurika aribyo bihugu byiganjemo n’Abayisilamu bakaba aribo babiyobora nkuko amategeko abiyobora ateye, ndrtse n’ibihugu byo muri Aziya ibyinshi niko amategeko yabyo yubatse. Afghanistan Algeria Brunei Iran Jordan Malaysia Maldives Mauritania Morocc...