
France: Perezida wa Kenya muri France kurangiza amasezerano y’ingenzi mu Bukungu
Perezida wa Kenya yageze Paris mu ruzinduko rw’iminsi itanu mu Bufaransa. Urwo rugendo ruzibanda mu by’Akazi, Umukuru w’igihugu aherekejwe n’abaminisitiri batanu bazitabura inama muri Banki rusange y’abashoramali izitabirwa n’abayobozi ba Bafaransa no gusinya amasezerano.
Uhuru Kenyatta aherekejwe na delegasiyo ikomeye y’abaminisitiri bitabiriye inama nyinshi zivuga ku bukungu. Inama igomba kubera ku biro bya BPI mu Bufaransa.
Izo nzego zari zishinzwe gushaka abashoramali ba Bafaransa bakorera hanze, ariko bahura na Medef umuyobozi mu Bufaransa, urwo ruzinduko kandi rugomba gusiga hasinywe amasezerano twizera ko bizabera muri Élysée ari hafi miliyari Ebyiri za ma Euros.
Mu kwezi kwa Gatatu 2019, Emmanuel Macron yasuye Kenya urugendo rwe rwa mbere umukuru w’igi...