
Imyigaragambyo yo kurwanya irondaruhu irakomeje mbere yuko Trump agera Kenosha
Abigaragambya kubyo bakorerwa na police birakomeje muri USA mu mujyi wa Kenosha na Portland aho umuntu umwe yahasize ubuzima mu guhangana kwabaye hagati y’abigaragambya ba Blake Jacob n’abashyigikiye Donald Trump.
Mu mujyi wa Portland batwitse ibendera rya USA
Bidasubirwaho Donald Trump yemeje ko amezi ye yanyuma yo kwiyamamaza azayashyira kubyo yise “Amategeko n’uburenganzira” ku bijyanya n’abigaragambya muri iki gihe.
Kuri iki cyumweru Perezida w’Amerika yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter ubutumwa burenga ijana yihanangiriza abayobozi b’inzego z’ibanze gucunga abigaragambya muri Portland na Kenosha.
Donald Trump kandi azihanganisha umuryango w’umuntu warashwe kuri uyu wa gatandatu muri Portland mu guhangana hagati yabasaba uburenganzira bw’Abirabura umuntu wishwe war...