Monday, September 25
Shadow

Month: May 2020

Umushinga Kula  wateye inkunga uturere 3 mu bahinzi ba Kawa

Umushinga Kula  wateye inkunga uturere 3 mu bahinzi ba Kawa

Amakuru, UBUKUNGU
Uyu mushinga Kula wavutse mu mwaka wa 2015 muri Leta ya Atlanta muri Amerika uyu mushinga ukaba utera inkunga abahinzi ba kawa mu Rwanda. Uyu mushinga ukaba ukorera mu turere dutatu aritwo Kayonza, Gakenke na Nyamasheke aho babafasha binyuze mu bucuruzi no kubongerera ubumenyi mu miyoborere. Umushinga Kula ushingiye ku nkunga yakusanyije binyuze ku buvugizi bwakozwe ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’ibiribwa yahawe bakoranye nutwo turere batanga ibiribwa, udupfukamunwa ndetse n’amasabune. Iyi nkunga ikaba yaragenewe imiryango yo muri utwo turere igera ku 1060 bakora uwo mwuga w’ubuhinzi bw’ikawa, abahawe iyo nkunga bakaba bashima umushinga Kula ko ukomeje kubazirikana muri ibi bihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Corona Virus ( Covid-19) ibagaragarize ko iri kumwe nabo. Ambasade...
Urwishe yanka ruracyayirimo Abraham Kelly nawe akurikiye Jean Paul Nkurunziza kwegura muri Komite ya yoboraga RayonSports

Urwishe yanka ruracyayirimo Abraham Kelly nawe akurikiye Jean Paul Nkurunziza kwegura muri Komite ya yoboraga RayonSports

Amakuru, IMIKINO
Nkurunziza Jean Paul na Abraham Kelly bari muri komite ya Munyakazi Sadate nibo bamaze kwegura kubushake bwabo. Nyuma yuko uwari umuvugizi w’ikipe ya RayonSports  Nkurunziza Jean Paul yeguye ku mirimo ye bitewe na yegereyegere irikuvugwa muri iyi kipe kubera ibibazo by’amikoro ndetse nihangana rikomeye riri mu buyobozi bwa RayonSport. Nkuko twakomeje kubibageza mu nkuru zacu ziotandukanye ziri kuvugwa muri RayonSport ndetse nabamwe mu basesengura ibiri kubera muri yi kipe babwiye rebero.co.rw ko nyuma yiyegura ry’uwari umuvugizi ari intandaro yo gutsindwa kwa Komite ya Munyakazi Sadate. Muri iki gitondo cyokuri uyu wa kane nibwo Abraham Kelly wari umunyamabanga mukuru wa RayonSports nawe yanditse ibaruwa yegura ku mirimo ye akaba abaye u wa 2 nyuma y’uwari umuvugizi wa Kom...
AIRTEL Rwanda on track to keep Kigali motorcyclists and their passengers Safe

AIRTEL Rwanda on track to keep Kigali motorcyclists and their passengers Safe

Amakuru, UBUKUNGU
Airtel Rwanda announced today its readiness to fully equip Kigali motorcyclist’s taxis with a brand new reflective jacket and a cashless digital payment option through Airtel Money. In response to the announcement made by RURA on 27th May 2020, Airtel Rwanda has put in measures to allow motorcyclists take up cashless payment  from 1st June 2020.  Upon the release of Moto taxis within the city of Kigali, passengers are offered the convenience to pay for their rides through easy steps from their mobile phones via the short code *544#. During this coronavirus crisis, digital payments have been keeping economies running and helping people reduce chances of infections. Through the *544# platform moto’ riders will receive payment in a cashless mode, seamlessly using Airtel Money. T...
Ese iyegura rya Jean Paul Nkurunziza wari umuvugizi wa Rayon Sports si kimenyetso cyo gutsindwa kwa komite ya Sadate

Ese iyegura rya Jean Paul Nkurunziza wari umuvugizi wa Rayon Sports si kimenyetso cyo gutsindwa kwa komite ya Sadate

Amakuru, IMIKINO
Umuvugizi wa Rayon Sports Nkurunziza Jean Paul yarangije kwegura ku mirimo ye y’ubuvugizi bw'iyi kipe ikimenyetso kerekana ko nabandi nabo bashobora gukurikiraho bakegura. Umwe mu bari mu boyobozi bwa Rayon Sports yavuze ko Nkurunziza Jean Paul yarangije kubabwira ko abaye ahagaritse kuba umuvugizi w’iyi kipe ikintu cyaje gitunguranye kuri benshi. Yagize ati: “Ni byo Jean Paul yeguye ku mirimo ye. Yabivuze ariko ubuyobozi ntacyo bwari bwabitangazaho gusa amakuru rwose ni yo ko yeguye”. Nkurunziza Jean Paul akaba afashe icyemezo cyo kwegura mu gihe Perezida we Munyakazi Sadate amaze iminsi abwirwa kwegura akanga. Uyu muyobozi akaba anaheruka gukurwa kuri iyi mirimo we na Komite ye ariko akavuga ko ababikoze nta bubasha babifitiye.   Amakuru avuga ko uyu munsi ihuriro ry’abafana ba Rayon Spo...
RIB yinijiye mu iperereza ry’ikirego cya Sadate wavuze ko abahoze bayobora Rayon banyereje arenga Miliyari 1Frw

RIB yinijiye mu iperereza ry’ikirego cya Sadate wavuze ko abahoze bayobora Rayon banyereje arenga Miliyari 1Frw

Amakuru, IMIKINO
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko hagiye gukorwa iperereza ku kirego cyatanzwe na Munyakazi Sadate waregeye uru rwego ko abahoze ari ba perezida ba Rayon Sports banyereje arenga Miliyari 1Frw. Ibi bikaba byemejwe n’umuvugizi wa RIB, Marie Michelle Umuhoza mu kiganiro yagiranye na The New Times. Umuhoza yavuze ko kuri uyu wa mbere, perezida w’iyi kipe, Sadate Munyakazi, yatanze ikirego asaba RIB gukora iperereza ryimbitse kuri konti z’abayoboye Rayon Sports bamubanjirije. Ati “Munyakazi Sadate yatanze ikirego asaba gukora iperereza ku rubanza rwerekeye amafaranga yanyerejwe n’abahoze ari abayobozi b’ikipe ya Rayon Sports tugiye kubakoraho iperereza.” Amafaranga arenga ni miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda, nk’uko Munyakazi Sadate abitangaza, yanyerejwe muri iyo kip...
Burundi : Evariste Ndayishimiye watanzwe na CNDD-FDD ku mwanya wa Perezida yatsinze amatora

Burundi : Evariste Ndayishimiye watanzwe na CNDD-FDD ku mwanya wa Perezida yatsinze amatora

Amakuru, MU MAHANGA
Mu matora yabaye tariki ya 20 Gicurasi Ishyaka CNDD-FDD rikaba ryaratanze umukandida Evarisiti Ndayishimiye niwe wegukanye intsinzi akaba agiye gusimbura kuri uwo mwanya Pierre Nkurunziza. Uyu Ndayishimiye Evarisiti akaba yagize amajwi 68,7% Agathon Rwasa bahanganiraga uwo mwanya akaba ayobora CNL utavuga rumwe n’ubutegetsi we yagize amajwi 24,1% abandi bakandida batanu bagabana amajwi 8%.Abategura amatora mu Burundi (CENI) babitangaje kuri uyu wa mbere Abataratoye neza ku buryo  amajwi yabo yabaye imfabusa ni 83,690 bangana na (1,8%) naho abagera ku 87,534 bangana na (1,95%) bariyandikishije ariko ntibaboneka aho batorera. Abiyandikishije mu gihugu hose bari Miliyoni 11 by’abaturage bivuze ko ababashije gutora bagera kuri 87% bivuze ko CNDD-FDD batsindiye intebe 72% mu nteko ...
Kiyovu Sport yizeye gushimisha abakunzi bayo yongeramo abakinnyi

Kiyovu Sport yizeye gushimisha abakunzi bayo yongeramo abakinnyi

Amakuru, IMIKINO
Abakunzi ba Kiyovu Sport ndetse n’abayobozi bayo bakomeje kwiyubaka bishakira ibyishimo  bamaze igihe badafite kuba umwaka w’imikino urangiye bafite umwanya wa gatanu ndetse umwaka ushize bakaba barageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro ubu barashaka kugaruka mu makipe ahatanira ibikombe mu Rwanda. Ikipe ya Kiyovu Sport ikaba kugeza ubu ihagaze neza ku isoko ryo kugura abakinnyi bazayifasha muri uyu mwaka w’imikino kuko yamaze kwibikaho abakinnyi bazayifasha kandi ikaba igikomeje kuko imaze gusinyisha abakinnyi babiri umwe ni Rutahizamu wakiniraga Sunrise ya Nyagatare Samson Babua  ndetse na Myugariro wari muri Rayon Sport Irambona Eric. Ntabwo irarangiza kugura ahubwo Ntarindwa Theodore akaba akomeje kugura abakinnyi kugira ngo arebe ko nibura batangira guhangani...
Kugira umutima mwiza ntabwo babyiga mu ishuli ahubwo barabivukana abagiraneza baracyariho

Kugira umutima mwiza ntabwo babyiga mu ishuli ahubwo barabivukana abagiraneza baracyariho

Amakuru, UBUKUNGU
Kuri uyu wa Kane taliki 21/05/2020 mu rwego rwo gukomeza kuba hafi y’abaturage bagizweho ingaruka na Coronavirusi (Covid-19) cyane cyane  ( abaturage baryaga ari uko bakoze) twashyikirije inkunga twageneye abaturage iki gikorwa tukazagikora mu Turere turindwi aritwo Gakenke twasuye uyu munsi hakaba Rulindo,Nyanza,Kirehe, Nyagatare, Nyaruguru,na Nyamagabe. Umufatanyabikorwa TROCAIRE utera inkunga imiryango itandukanye  DUTERIMBERE, ARCT-Ruhuka na CEJP yafashije imiryango 374 yo mu Karere ka Gakenke. Imiryango 187 yo mu murenge wa Mataba   n'imiryango 187 yo mu murenge wa Janja. Byatanzwe mu Murenge wa Mataba. Buri muryango wahawe Ibiro 20 by'akawunga, Ibiro 15 by'ibishyimbo, imiti 4 y'isabune, indobo 2, ijerekani 1, Ibikoresho by’isuku by’abari n’abategarugori (Cotex) 2, udupfuka ...
Tanganyika: Abana 13 baburiwe irengero abantu9 barapfa ubwato bwarohamye muri Kaye

Tanganyika: Abana 13 baburiwe irengero abantu9 barapfa ubwato bwarohamye muri Kaye

Amakuru, MU MAHANGA
  Mu Ijoro ryo ku itariki ya 16 rishyira 17 Gicurasi mu gace ka Kaye mu birometero 20 uvuye kumwaro wa Kabalo mu ntara ya Tanganyika harohamye ubwato bwa Bana Bamo buhitana abantu 9 abana 13 baburirwa irengero abarokowe ni abantu 49. Nkuko bitangazwa n’umuvugizi w’Intara ya Tanganyika Dieudonne Kamona kuri uyu wa gatatu yabitangarije RTNC iyo mibare ko ari iyagateganyo kuko baracyakomeza gushakisha ababa barokotse cyangwa se abapfuye kuko umubare wabo bwari butwaye utazwi. Yagize ati “Ubuyobozi bwa Teritwali ya Kangolo bwatumenyesheje bubinyujije kuri Radiyo yo muri ako gace ko imiryango yose yaba yarabuze ababo yabitangaza babinyujije mu buyobozi bubegereye, nkuko byemewe n’amategeko, kandi ubuyobozi bukaba bukomeje kwihanganisha ababuze ababo kuko bose bari Abakongomani. Ub...
UNICEF and Airtel Africa announce partnership to support children and families affected by COVID-19

UNICEF and Airtel Africa announce partnership to support children and families affected by COVID-19

Amakuru, POLITIQUE
As millions of children are affected by school closures due to Covid-19, Airtel Africa will help provide access to online learning and better enable cash transfers for children and their families in sub-Saharan Africa DAKAR/NAIROBI, 20 May 2020 – UNICEF announced a new partnership with Airtel Africa aimed at providing children with access to remote learning and enable access to cash assistance for their families via mobile cash transfers. Under this partnership, UNICEF and Airtel Africa will use mobile technology to benefit an estimated 133 million school age children currently affected by school closures in 13 countries across sub-Saharan Africa during the Covid–19 pandemic. The adverse effects of school closures on children’s learning are well documented.  Education experts ...