
Ituri : Ebola yongeye kwica undi muntu muri Some
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Nyakanga muri Some mu birometero 26 bya Mambasa (Ituri), nkuko bitangazwa n’umuyobozi wako gace Idrissa Koma, Umubyeyi hamwe n’abaturanyi be bakorakoye umurambo w’umwana uherutse kwicwa na Ebola, kandi hari itsinda ryagenewe gukora ako kazi.
« Abantu mirongo itatu na batandatu bamaze gukingirwa kandi abiteguye gukora uwo murimo ni benshi ».
Ariko ubuyobozi buzi ko ingorane ari nyinshi zo kwandura iyi ndwara kuko “Abaturage bamwe bihisha mu mirima n’amashyamba abandi bagahunga aho batuye kugira ngo batamenyekana”.
Idrissa Koma akaba akomeje gusaba ko amahanga yabafasha gukemura icyo kibazo, kuko bizeye ko inzego zose uko zikurikirana ndetse n’abadepite batowe bo muri aka gace bahagurukiye kurwanya iki cyorezo cya Ebola basobanurira abaturage ba ...