Menya ahantu 13 hayobeye abahanga hafatwa nk’amayobera ateye ubwoba
Ku isi hagenda havugwa ibintu bitandukanye by’umwihariko bimwe bikavugwa nk’ibyayobeye abantu kubera kutabigiraho amakuru ahagije kimwe n’uduce tumwe na tumwe ku isi ugenda usanga tutavugwaho rumwe kuko nta makuru yatwo yizewe aba ahari, ibi bigatuma utu duce dufatwa nk’amayobera cyane ko tumwe usanga nta n’uwemerewe kutugeramo.
Mu bihugu bitandukanye ku Isi hagenda hagaragara ibintu by’amayobera na n’ubu abashakashatsi bafatwa nk’abakomeye ku Isi usanga batarabonera ubusobanuro. Ibi byatumye rebero.co.rw tugutegurira ahantu 13 h’amayobera ku isi hayobeye abahanga n’abashakashatsi bakomeye.
1.Ikiyaga cy’igikanka: Skeleton Lake
Iki kiyaga giherereye mu gihugu cy’u Buhinde cyarasanzwemo amagufwa y’abantu arenga 200 (200 skeletons) bivugwa ko ari abasirikare b’u Buyapani bah...