
Turwanye Sida mu Rwanda isigare ari umugani kuko Leta yu Rwanda ibifitemo ubushake.
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA wabereye mu Karere ka Musanze watangijwe ni urugendo rwavuye ku murenge wa Muhoza werekeza kuri stade ubworoherane umyuze ku isoko rya Musanze urugendo rwari ruyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubizima hamwe na Guverineri y’amajyaruguru n’abandi bayobozi batandukanye.
Bageze kuri Stande Ubworoherane babanje gusura ibikorwa bitandukanye byari muri stade aho basuye urugaga rw’imiryango irwanya Sida mu bafatie ubumuga ( UPHLS ) hamwe n’abandi batandukanye bari bitabiriye ibyo birori.
Umwe mu baturage waganiriye na Rebero.co.rw yadutangarije ko ubu Sida yabaye indwara nk’izindi kuko ni kimenyi baje kwizihiza umunsi wabo nta mpungenge kuko imiti duhabwa yatumye ntawe Sida igihitana imutunguye, bityo rero nkaba nkangurira buri wes...