Monday, September 25
Shadow

IMIKINO

Rayon Sport umukino ubanza muri Confederation uratangira nta bafana bari kuri Stade

Rayon Sport umukino ubanza muri Confederation uratangira nta bafana bari kuri Stade

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Rayon Sport yageze mu matsinda ikumbuye kongera gusubiramo ibyo ikaba igomba kubitangira uyu munsi ubwo iba ikina umukino ubanza, nta bafana bari ku kibuga kuko Al Hilal Benghazi ariyo yakiriye umukino. Abakunzi ba Rayo bakaba bahamariwe guherekeza ikipe yabo aho iva Karumuna icumbitse yerekeza kuri Stade y’Inyamirambo bikaba biteganijwe ko bahaguruka Karumuna 15:00 bakayigeza aho ije gukinira umukino ubundi bagategereza Ibiza kuva mu mukino. Ikipe yo muri Libya Al Hilal Benghazi nyuma yo kuba mu gihugu cyabo harabaye Ibiza umukino basabye ko iyo mikino yombi izabera mu Rwanda ku byumvikane bw’amakipe yombi, akaba ariyo mpamvu umukino ubanza uteganijwe kuri iki cyumweru naho uwo kwishyura nawo uzabera mu Rwanda ukazaba tariki ya 30 Nzeri. Ikipe ya Al Hilal Benghazi ikaba ...
Kung Fu Wushu: Ambasaderi w’u Bushinwa n’uwa Kenya mu Rwanda basuye abari mu mahungurwa

Kung Fu Wushu: Ambasaderi w’u Bushinwa n’uwa Kenya mu Rwanda basuye abari mu mahungurwa

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Ishyirahamwe ry’umukino njyarugamba wa Kung Fu Wushu mu Rwanda “RKWF” ku bufatanye n’Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, Henan University of Technology binyuze muri “Henan Friendship Overseas Affairs service Co.Ltd”, taliki 06 Nzeri 2023 hatangiye amahugurwa atangwa n’inzobere yaturutse mu Bushinwa, Chen Haijun. Aya mahugurwa “Seminar on Shaolin Martial Arts and Taiji Boxing of Chen Style” biteganyijwe ko azamara iminsi 50 akazasozwa taliki 25 Ukwakira 2023 arimo kubera mu nzu y’imikino ya Tsen Sport Kung-Fu Organization ku Kimihurura mu Rugando. Ku wa Gatanu taliki 15 Nzeri 2023, Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun ari kumwe na mugenzi we, Ambasaderi wa Kenya mu Rwanda, Philip Mundia Githiora basuye aharimo kubera aya mahugurwa bakurikirana uko abitabiriye bashyira mu b...
Koga: Abatoza 25 bitabiriye amahugurwa y’uburyo bwo kurinda umukinnyi impanuka

Koga: Abatoza 25 bitabiriye amahugurwa y’uburyo bwo kurinda umukinnyi impanuka

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Ku bufatanye n’ishyirahamwe y’umukino wo Koga ku Isi “World Aquatics”, Komite Olempike y’u Budage na Komite Olempike y’u Rwanda, ishyirahamwe ry’umukino wo Koga mu Rwanda “RSF” ryateguye amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abatoza no kubahugura ku bijyanye n’uburyo barinda abakinnyi impanuka zo mu mazi “Drowning & Prevention”. Aya mahugurwa azamara iminsi 12, yitabiriwe n’abatoza 25 bahagarariye amakipe 10 agize RSF akaba arimo gutangwa na Sven Spannkrebs, wavuye muri Komite Olempike y’u Budage. Uwiduhaye Jean d’Amour, umutoza w’ikipe ya Rwesero yagaragaje ko mahugurwa azamufasha mu buryo bwo kurinda abakinnyi atoza kuba bagira ikibazo mu mazi ndetse no kubaha ubutabazi bwihuse mu gihe hari abagize ikibazo. Yakomeje avuga ko bizamufasha kandi mu kwigisha no kuzamura...
Kung Fu Wushu : Mu Rwanda hatangiye amahugurwa atangwa n’inzobere yo mu Bushinwa muri uyu mukino

Kung Fu Wushu : Mu Rwanda hatangiye amahugurwa atangwa n’inzobere yo mu Bushinwa muri uyu mukino

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Ishyirahamwe ry’umukino njyarugamba wa Kung Fu Wushu mu Rwanda “RKWF” ku bufaranye n’Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, Henan University of Technology binyuze muri “Henan Friendship Overseas Affairs serevice Co.Ltd” harimo kuba amahugurwa atangwa n’inzobere yaturutse mu Bushinwa, Chen Haijun. Inzobere yaturutse mu Bushinwa, Chen Haijun Aya mahugurwa “Seminar on Shaolin Martial Arts and Taiji Boxing of Chen Style” biteganyijwe ko azamara iminsi 50, yatangiye ku mugaragaro taliki 06 Nzeri akazasozwa taliki 25 Ukwakira 2023. Yitabiriwe n’abakinnyi ndetse n’abatoza bagera kuri 45 baturutse mu makipe atandukanye mu gihugu. Amahugurwa azabera munzu y’imikino ya Tsen Sport Kung-Fu Organization ku Kimihurura mu Rugando buri munsi guhera saa tatu (09h00) kugeza saa sita (12h00) ndetse n...
Gambiya ifite yabonye umwanya wa 2 wa AFCON muri Marrakesh yibasiwe n’umutingito

Gambiya ifite yabonye umwanya wa 2 wa AFCON muri Marrakesh yibasiwe n’umutingito

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Ku cyumweru tariki ya 10 Nzeri, Gambiya yabonye umwanya wa kabiri wa AFCON nyuma yo kunganya na Kongo muri Grand Stade ya Marrakesh. Iki gikorwa cyabaye nubwo umutingito ukabije wibasiye imiryango itabarika ya Maroc bari mu cyunamo. Ku wa gatanu tariki 8 Nzeri umutingito wahitanye abantu barenga 2100. Abasimbuye Yankuba Minteh na Muhammed Badamosi batsinze ibitego bibiri mu gihe Congo yari yatsinze ibitego 2. Impinduramatwara yatsindiye Gambiya ingingo yonyine yari ikeneye kugira ngo itere imbere mu marushanwa ya kabiri y’igikombe cya Afurika. Gambiya yarangije amajonjora yo gushaka itike ya AFCON iri ku mwanya wa kabiri ku itsinda G riyobowe na Mali. Umukino wabereye muri Grand Stade ya Marrakesh kubera ko Gambiya idafite stade yujuje ubuziranenge mpuzamahanga murugo. Ku ...
Ikipe y’igihugu ya Uganda muri Cricket yegukanye igikombe cy’irushanwa EAST AFRICA T20 TROPHY 2023

Ikipe y’igihugu ya Uganda muri Cricket yegukanye igikombe cy’irushanwa EAST AFRICA T20 TROPHY 2023

Amakuru, IMIKINO
Ni irushanwa ryatangiye tariki ya 19 Kanama risozwa kuya 31 Kanama 2023,Ni irushanwa ryitabiriwe n'ibihugu 3 aribyo: Tanzania,Uganda ndetse nu Rwanda. Mu mukino wa nyuma wahuje ikipe ya Tanzania n'iyu Rwanda, Tanzania yatsinze u Rwanda kucyinyuranyo cy'amanota 49 Muri uyu mukino Tanzaniya niyo yatangiye ishyiraho amanota (Batting),maze bashyiraho amanota 179 muri overs 20,u Rwanda rwari rwatangiye rutera udupira arinako rubuza Tanzaniya gushyiraho amanota menshi,rukaba rwasohoye abakinnyi 6 ba Tanzania (6 Wikets) U Rwanda rwatangiye igice cya kabiri rusabwa amanota 180 ngo rutsinde uyu mukino,Gusa ntibyigeze biborohera kuko muri ovars 15 n'udupira 4 abasore ba Tanzania bari bamaze gusohora abakinnyi bose bu Rwanda (Allout wickets). U Rwanda rukaba rwarirumaze gushyiraho amanota ...
Abanyamakuru ba Sport ntabwo bayivuga no kuyandika gusa baranayikora ngo bahombye muganga

Abanyamakuru ba Sport ntabwo bayivuga no kuyandika gusa baranayikora ngo bahombye muganga

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Kanama 2023, abanyamakuru b’imikino mu Rwanda bakinnye umukino wa gicuti na Diaspora Nyarwanda ya Queensland (baba muri Australia). Abanyamakuru ba Sport biganjemo urubyiruko bakora Sport mu rwego rwo kugira ngo bagire ubuzima bwiza, kuko nkabakora ku maradiyo yewe ndetse n’abandika bamara igihe kinini bicaye imbere ya mudasobwa ndetse na za Mikoro bakoresha, bityo rero uyu uba ari umwanya wo kurwanya izo ndwara bahombya muganga. Ni umukino bakinnye nyuma yo kuva mu gihugu cy’Uburundi aho bahuye n’ikipe y’abanyamakuru bakora Sport mu gihugu cy’Uburundi umukino warangiye banganya ubusa ku busa. Ikipe ya Queensland igizwe n'abasore bibera muri Australia bari mu biruhuko mu Rwanda Queensland ikaba yarabasabye umukino kubera ko bari bamaze k...
Andi mahirwe mu guteza umupira w’amaguru imbere mu Rwanda

Andi mahirwe mu guteza umupira w’amaguru imbere mu Rwanda

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
U Rwanda na Bayern Munich bimaze gushyira umukono ku bufatanye buzakomeza kugeza mu 2028! Ubu bufatanye bukurikira ubufatanye bw’u Rwanda na Arsenal, ndetse na PSG yo mu Bufaransa kandi busezeranya kuzana inyungu nyinshi kubutaka bwiza bw'imisozi igihumbi! Mbere na mbere, ubwo bufatanye nta gushidikanya ko buzazamura u Rwanda ku isi hose no kumenyekana. Bayern Munich, imwe mu makipe akomeye y'umupira w'amaguru ku isi, izerekana imiterere itangaje y'u Rwanda, umuco utangaje, n'iterambere ridasanzwe mu gihe cy'imikino, ndetse no ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Ariko ntibigarukira aho! U Rwanda kandi ruzagera ku bumenyi bunini bwa Bayern Munich mu iterambere rya siporo, ibikorwa remezo, na gahunda zo guhugura urubyiruko. Ubu bufatanye buzatanga inzira yo gushinga amashuri y’um...
Gorillas yanganyije na Rayon Sport ku munsi wa kabiri wa Shampiyona

Gorillas yanganyije na Rayon Sport ku munsi wa kabiri wa Shampiyona

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru aho ikipe ya Gorillas yakiriye ikipe ya Rayon Sport amakipe asa nkaho yamabara kimwe, ikindi aya makipe akaba asigaye akunze guhangana nubwo abenshi bumvaga ko Gorillas yaje ari iyo guha Rayon sport amanota kuko abakunzi ba Rayon Sport nibo bakunzi ba Gorillas. Muri Shampiyona yarangiye umwaka ushize ikipe ya Gorillas niyo yabujije Rayon Sport gukomeza gukurikira igikombe cya Shampiyona kuko yayitsinze ibitego 3-1, maze amarere yo gukomeza kwiruka inyuma y’igikombe arangirira ahongaho. Umuyobozi wa Gorillas Bwana Youssuf Mudaheranwa nawe ashimangira ko kuba yarabaye muri Rayon sport nk’umukunzi wayo, bitamubuza kuyitsinda kuko ubu afite indi kipe ntabwo akibarizwa muri Murera, kandi yumva ko baba bahanganiye igikombe ntabwo yinjiye muri Busine...
Algeria ibonye isomo ku Rwanda muri Volleyball mu gikombe cy’Afurika Abagore

Algeria ibonye isomo ku Rwanda muri Volleyball mu gikombe cy’Afurika Abagore

Amakuru, IMIKINO, MU MAHANGA
Mu mukino waraye ukinwe mu gushaka itike y’igikombe cy’afurika muri ½ mu bakobwa imikino irimo kubera muri Kameruni, u Rwanda rwaraye rusezereye igihugu cya Algeria mu mukino wabahuje muri ¼, bityo u Rwanda rutsinda amaseti 3-2 ya Algeria. Umukino ugitangira Algeria yahise itsinda amaseti 2 u Rwanda ntayo rurabona ariko ibyakurikiyeho Algeria yabuze umupira ndetse u Rwanda rutozwa na Paulo de Taroso ababwira ko ntacyabaye batangiye koko nabo baramwumva birangira izakurikiyeho zitsindwa n’u Rwanda. Munezero Valentine niwe wabaye umukinnyi mwiza kuri uyu mukino ndetse ahabwa n’ishimwe ryuko yakinnye neza, ibi bikaba bibaha kuzakina na Misiri nayo yasezereye Uganda iyitsinze amaseti 3-0. Amakipe yakomeje muri ½ ni u Rwanda ruzahura na Misiri, Kenya yatinze Nigeria 3-0 ikaba ...