Bidasubirwaho umukino wo kwishyura hagati y’u Rwanda na Benin, byemejwe ko uzabera mu Rwanda, ariko hazamo impinduka kuri Sitade uzaberaho ndetse ukazaba nta bafana bahari.

Ni amakuru aturuka mu mpuzamashyirahamwe y’umupira wa maguru muri afurika CAF atangaza ko umukino uzahuza U Rwanda na Benin ko uzabera kuri Kigali Pele Stadium.

Ni nyuma yaho n’ubundi CAF yari yatanze amakuru avuga ko umukino wo kwishyura w’u Rwanda na Benin uzongera ukabera muri Benin ibitari byakiriwe neza ku ruhande rw’abakunzi b’umupira wa maguru mu Rwanda.
@REBERO.CO.RW