Abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa whatsApp rwavuyeho ku buryo abakoresha urwo rubuga bari mu bwigunge ntabwo babasha kwakira ubutumwa.

Ikigo cya Meta kibarizwamo whatsApp ntacyo baratangaza usibye ko bemera ko rwagize ikibazo, ariko ababishinzwe barimo kugerageza kwongera kurusubizaho.

Uru rubuga ni rumwe mu rukoreshwa n’abantu benshi ku isi, aho kugeza ubu abari bamaze kubarurwa barenga hafi miliyoni 2, ubu batarimo kurukoresha.
@Rebero.co.rw