
Roman Abromovich aremeza ko ikipe ya Chelsea iri ku isoko
Umuherwe w’Umurusiya ufite ikipe ya Chelsea, Roman Abromovich, kuri uyu wa gatatu yemeje ko afite akayihayiho ko kugurisha ikipe ye, kubera ibibazo biri hagati y’Igihugu cye na Ukraine.
Uyu mugabo w’umucuruzi w’imyaka 55 aravuga ko yamaze gufata icyemezo nubwo yarafitiye umutima inyungu ze mu ikipe,akomeza avuga ko kubera ibibazo birimo kuba ubu, yafashe icyemezo cyo kugurisha ikipe , kubera ko yatekereje cyane ku nyungu z’ikipe,abafana,abakozi bayo ndetse nabayitera inkunga.
Umuherwe ufite ubwenegihugu bubiri Uburusiya- Isirayeli akaba nyiri kipe ya Chelsea kuva muri 2003, ayo yafashe iyo kipe akayindura ikinira mu gihugu cy’Ubwongereza, ikinira no ku mugabane w’Uburayi, yafashije iyo kipe y’Ubururu yari imaze kwegukana ibikombe 19.
Mu bishashi by’Abromovich mu burengerazuba