Month: October 2020

Hinga Weze mu rugamba rwo gukemura ikibazo cy’imbuto y’ibirayi

Hinga Weze mu rugamba rwo gukemura ikibazo cy’imbuto y’ibirayi

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Mu minsi yashize ubwo abantu bo mu majyaruguru basanzwe bahinga ibirayi bagejeje kuri Perezida wa Repubulika Paul Kagame ikibazo cyibura ry’imbuto y’ibirayi,Hinga Weze yateye inkunga abafatanyabikorwa bayo mu karere ka Nyabihu yabahaye ibikoresho bibafasha kujonjora imbuto y’ibirayi byihuse. Hinga Weze yatanze ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 30.079.000 z’amafaranga y’u Rwanda mu turere twa Nyabihu, Rutsiro na Kaongi, ibyo bikoresho hakaba harimo imashini zizafasha abatubuzi b’imbuto y’ibirayi kujonjora ingano y’imbuto bazatanga bikurikije iyo umuhinzi ashaka, ubundi byabagoraga kuko bakoresha abakozi benshi. Mu Karere ka Nyabihu izi mashini hamwe n’ibindi bikoresho bitandukanye byatanzwe bifite agaciro ka miliyoni 15, byahawe abatubuzi b’imbuto y’ibirayi batatu bo
Intumwa ya USA mu Guhuza Abanyafuganistani Yavuguruye Ibiganiro

Intumwa ya USA mu Guhuza Abanyafuganistani Yavuguruye Ibiganiro

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Intumwa ya Reta zunze ubumwe z’Amerika mu biganiro vy’amahoro vyo guhuza abanyafuganistani yasubiye mu twigoro twa kidipolomasiya. Ahamagarira impande zirwanya kugabanya abahitannwa n’intambara no kunyarutsa ibiganiro bigamije kurangiza intambara igira ikwize imyaka 20. Zalmay Khalilzad asubiye muri utwo twigoro mu gihe reta ya Perezida Donald Trump ivuga ko yagabanije ibitigiri vy’abasirikare bayo muri ico gihugu gushika ku basirikare 4 500. Khalilzad yasubiye muri iyi ndwi i Doha, muri Qatar, aho intumwa ziserukira reta ya Afuganistani n’Abatalibani bari mu biganiro kuva kw’itariki 12 z’ukwezi kw’icenda. Nta ntambwe zishimishije barashikako bivanye nuko batarumvikana ingene ivyo biganiro bibwirizwa kugenda. Umuvugizi w’Abatalibani, Mohammad Naeem Wardak, yavuze kuri uyu
Hinga Weze n’abatanyabikorwa bayo mu guhangana n’imihindagurikire y’ikirere

Hinga Weze n’abatanyabikorwa bayo mu guhangana n’imihindagurikire y’ikirere

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Ku nshuro ya 45 yo gutera amashyamba ndetse no gutangiza igihembwe cy’amashyamba 2020-2021 ahari insanganyamatsiko igira iti “Amashyamba ni umusingi w’imibereho myiza y’abaturage n’iterambere rirambye”.Iyi gahunda yo gutera amashyamba ikaba yabaye mu Rwanda hose. Mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyamagabe Hinga Weze ikaba yifatanije n’abaturage mu gikorwa cyo gutera ibiti bivangwa n’imyaka ku buso bwa hegitari 8.5 bw’amaterasi Kabayiza Lambert umuyobozi w’Akarere wungirije Ushinzwe iterambere n’ubukungu yifatanije n’abatuye mu Murenge wa Kibirizi gutera ibiti bivangwa n’imyaka bizatuma haboneka ifumbire mu materasi babiteyeho kandi tukanongeraho urubingo rufata ubutaka. Agira ati “Ibi biti bivangwa n’imyaka bifite akamaro kanini cyane kuri aya materasi kuko har
Ministre Shyaka yiseguye ku bashyizwe mu byiciro by’Ubudehe bitabakwiye

Ministre Shyaka yiseguye ku bashyizwe mu byiciro by’Ubudehe bitabakwiye

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Mu kiganiro minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Prof. Shyaka Anastase, yagiriye kuri RadioTv10, kuri uyu wa kane muri Zinduka, ku bijyanye n’ibyiciro by’ubudehe bishya, yavuze ko ibi ari idorerwamo abantu bireberamo ngo bamenye aho bahagaze, yisegura ku makosa yagaragaye mbere yo kuba hari aho abantu babishyirwagamo abaturage batabigizemo uruhare, anizeza ko muri ibi bishya, ari abaturage bazabyishyiramo. Asobanuro icyo ibyiciro by’ubudehe aricyo, Prof. Shyaka yavuze ko ari " Uburyo abanyarwanda bishyiriyeho bwo kugirango bo ubwabo birebe mu ndorerwamo, barebe aho bageze, aho ubuzimabwabo bugeze, aho imibereho yabo igeze, bityo bibafashe gutegura igenamigambi no kugena intambwe yabo y’imihigo mu rugendo rwo kwiteza imbere." Avuga ko ijambo ubedehe mu gisobanuro cyaryo harimo "Ubu
Hinga Weze yatinyuye abagore bo mucyaro baboneraho kwiteza imbere

Hinga Weze yatinyuye abagore bo mucyaro baboneraho kwiteza imbere

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Mu turere 10 Hinga Weze ikoreramo iha amahugurwa abaturage bahatuye kugira ngo babashe kwivana mu bukene, iyo umuryango uhuje mu rwego rw’ubwuzuzane, ubu abagore basigaye batinyuka gukora imirimo yose kuko babonye ko nabo babishobora. Ku munsi mpuzamahanga w’umugore wo mucyaro abagore bagaragaje ko nabo batinyutse basigaye bacuruza inyongeramusaruro kandi bakabasha kubifatanya n’indi mirimo y’umuryango nta kibangamiye ikindi. Uwemeyimana Jean d’Arc utuye mu  Murenge wa Mukarange Gakurazo mu Karere ka Kayonza akaba ari umugore utubura imigozi y’ibijumba yitwa Kagodi ari nako ibyo bijumba byitwa avuga ko iyi migozi amaze kuyitanga henshi mu gihugu  afashijwe na Hinga Weze. Agira ati”Aho ngeze mbikesha Hinga Weze kuko ni umufatanyabikorwa mwiza, iyi migozi y’ib
REG BBC istinze APR BBC umukino warebwe na Perezida wa Repuburika Paul Kagame

REG BBC istinze APR BBC umukino warebwe na Perezida wa Repuburika Paul Kagame

Amakuru, IMIKINO, RWANDA
Ikipe ya REG BBC igeze k'umukino wanyu itsinze APR BBC umukino warebwe  na Perezida wa Repuburika Paul Kagame. Imikino ya shampiyona ya Basketball yarasubukuwe kugirango umwaka w’imikino muri iryo shyirahamwe basoze umwaka wabo w’imikino doreko nabo bari bahagaritswe n’icyorezo cya Covid 19 cyageze mu Rwanda mu intangiriro z’ukwezi kwa Gatatu. Iyi mikino yiyi shampiyona imaze igihe kigera ku byumweru bibiri irigukinwa ikaba yarihutishijwe kugirango hatangire gutegurwa imikino mpuzamahanga igomba kubera hano mu Rwanda muri Basketball. Kuri uyu wa gatanu nibwo hatangiye imikino ya ½ mu bakobwa no mubagabo ahashakishwa amakipe azakina umukino wanyuma muri buri kiciro haba mu bagabo no mu bagore. Umukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame nawe akaba yarebye umukino wa ½ wa
Amerika yemeje umuti wa Remdesivir nk’umuti wa Coronavirus

Amerika yemeje umuti wa Remdesivir nk’umuti wa Coronavirus

Amakuru, MU MAHANGA, UBUZIMA
Abagenzuzi b’imiti muri Amerika bemeje umuti urwanya virusi wa remdesivir nk’ugiye kuvurishwa abarwayi ba Covid-19 bari mu bitaro. Ikigo cya Amerika gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa (FDA) cyavuze ko uyu muti, wahawe izina rishya rya Veklury, ugabanyaho iminsi itanu igihe bifata ngo abarwayi boroherwe, nk’uko byagaragajwe n’amagerageza yawo. Itangazo ikigo FDA cyasohoye rigira riti: "Veklury ni wo muti wa mbere wa COVID-19 ubonye uruhushya rwa FDA". Mu cyumweru gishize, ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryari ryavuze ko umuti wa remdesivir ufite akamaro kari hagati ya gacye na busa ku gukira k’umurwayi. OMS yavuze ko ibyo ibishingira ku bushakashatsi bwayo bwite - ariko uruganda Gilead rwo muri Amerika rukora uwo muti rwamaganye ibyo byavuy
Igitutu cy’abaturage cyatumye RURA yisubiyeho, igabanya ibiciro by’ingendo yari yashyizeho

Igitutu cy’abaturage cyatumye RURA yisubiyeho, igabanya ibiciro by’ingendo yari yashyizeho

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Nyuma y’uko abaturage na bamwe mu bayobozi bamaganye ibiciro bishya by’ingendo byatangajwe n’urwego rw’igihugu ngenzuramikorere RURA, kuri ubu rwisubiyeho rugabanya ibi biciro rugendeye ku byemezo minisitiri w’intebe yagiranye n’inzego zitandukanye. RURA yatangaje ko ishingiye ku byemezo by’inama Minisitiri w’Intebe yagiranye n’inzego zitandukanye, imenyesha Abaturarwanda bose ko ibiciro by’ingendo rusange byari byashyizweho tariki 14/10/2020 byahagaritswe mu gihe hagisuzumwa uko ubukungu bugenda bwisuganya muri ibi bihe bya COVID-19. Ibi biciro byari byatangajwe iki gihe byamaganwe cyane n’abaturage ndetse na bamwe mu bayobozi kuko bagaragazaga ko bigendereye kuzahura ubukungu bw’abashoye imari mu gutwara abantu hatitawe ku muturage kandi nawe yaragizweho ingaruka na COVID19.
Indwara zitandura naho zihurira n’izindi ndwara

Indwara zitandura naho zihurira n’izindi ndwara

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Indwara zitandura ni indwara udashobora kwanduza undi usibye wowe weyine arizo indwara z’umutima, diyabete, Indwara z’ubuhumekero ndetse n’indwara  za Kanseri. Abarwaye izi ndwara bakaba bibasirwa cyane iyo barwaye Coronavirusi. Abarwaye izi ndwara zitandura bakunze kugira abasirikare bakeya b'umubiri bitewe nuko baba barafashe imiti myinshi ikagabanya ubudahangarwa by'umubiri, akaba ariyo mpamvu iyo bafashwe na Coronavirus aribwo bagira ingaruka cyane nazo zirimo kuremba cyane ku buryo banahitanwa nayo. Dr Cyprien Iradukunda uri mu ihuriro ry'imiryango Nyarwanda irwanya indwara zitandura ubu akaba ari mu kigo Nderabuzima cya Kanyinya ahavurirwa abarwayi ba Covid-19, agaragaza uburyo abenshi bahitanwa n’iyi ndwara baba ari abafite indwara zitandura nubwo hagikorwa ubushakashatsi
Soudan igiye kuvanwa kuri lisite ikorana n’ibyihebe

Soudan igiye kuvanwa kuri lisite ikorana n’ibyihebe

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Ibiganiro birebana no kuvanwa kwa Sudan kuri lisite ya Leta zunze ubumwe z’Amerika ku batera inkunga imitwe yiterabwoba ku mugabane.Ibyatumye ubukungu bw’igihugu busubira hasi kubwa Donald Trump kuri Twitter, Perezida w’Amerika mu ijoro ryo kuri uyu wambere tariki ya 19 Ukwakira agiye gusubira mu masezerano. “Inkuru nziza’ byanditswe na Perezida w’Amerika. Kubwa Donald Trump, Guverinoma nshya ya Sudan yemeye kwishyura miliyoni 335 za madolari ku miryango y’Abanyamerika  yagizweho n’ingaruka zibitero byabiyahuzi byakozwe mu 1998 byibasiye ambasade zacu muri Kenya na Tanzaniya mu gihe ayo madolari yashyikirijwe iyo miryango Amerika izavana Sudan kuri iyo lisite. Ubwo butumwa bwihuse kuko hahise haboneka igisubizo cya Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdallah Hamdok agira