Month: July 2020

Kigali : Leta zunze ubumwe z’Amerika zatanze impano y’ibyongera umwuka ku Rwanda mu rwego rwo kurwanya Covid-19

Kigali : Leta zunze ubumwe z’Amerika zatanze impano y’ibyongera umwuka ku Rwanda mu rwego rwo kurwanya Covid-19

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
 Guverinoma ya leta zunze ubumwe z’Amerika ibinyujije mu kigo cy' Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga cya USAID batanze impano 100 zongera umwuka ku Rwanda mu rwego rwo guhangana no  kurwanya Covid-19. Iyo mpano ikaba yatanzwe na Perezida Trump  hamwe n’ibindi bikoresho  by’imiti byo kubafasha mu buvuzi kugira ngo habonrwe igisubizo icyorezo. Izi mashini 100 zatanzwe zizafasha indembe guhumeka zibongerera umwuka zakorewe muri Amerika kandi zikoresha ikoranabuhanga cyane cyane kubanduye Covid-19. Ni imashini izaha u Rwanda imbaraga zo kuvura abarwayi bagezweho na virus, kandi izi mashini zikazafasha abarwayi kubongerera umwuka cyane abafite ibibazo byo guhumeka. Uhagarariye Amerika mu Rwanda Ambasaderi Peter H. Vrooman ari nawe washyikirije u Rwanda izi mashini yagize ati “U
Ubuhinde Tamil Nadu Coronavirus: GumaMurugo yongerewe kugeza tariki 31 Kanama 2020

Ubuhinde Tamil Nadu Coronavirus: GumaMurugo yongerewe kugeza tariki 31 Kanama 2020

Amakuru, MU MAHANGA, UBUZIMA
Tamil Nadu Chennai Coronavirus (Covid-19) GumaMurugo izajya igenzura buri cyumweru uko ihagaze kandi uburyo bw’ikoranabuhanga mu gufungurira imodoka ngo zinjire muri ako Karere zikomeje gufungwa kugeza tariki ya 31 Kanama 2020. Leta ya Tamil Nadu yongereye igihe cya GumaMurugo muri iyo ntara kugeza tariki 31 Kanama 2020. Mu cyemezo cyafashwe Umuyobozi Minisitiri Edappadi K Palaniswami nyuma y’inama yagiranye n’abayobozi b’Uturere,Abahanga mu by’ubuzima bityo GumaMurugo nyayo ikazajya iba buri cyumweru, kandi imodoka zinjira muri uwo mujyi zivuye hanze yawo ntabwo zemewe kwinjira kugeza tariki ya 31 Kanama 2020. Leta kandi ikomeje kumenyesha ko amasaha yo gukora mu gufungura amaduka ndetse n’amasoko ari ukugeza saa moya z’ijoro, naho amasaha y’umukwabu ni uguhera saa tatu z’ijoro.
RDC :General major Franck Mualunda niwe muyobozi mushya ushinzwe abasirikari barinda umukuru w’igihugu

RDC :General major Franck Mualunda niwe muyobozi mushya ushinzwe abasirikari barinda umukuru w’igihugu

Amakuru, MU MAHANGA, UMUTEKANO
General major Mualunda Tumba Franck niwe muyobozi mushya w’inzu y’abasirikari bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu Félix-Antoine Tshisekedi akaba yatangiye iyi mirimo kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Nyakanga 2020, akaba asimburanye kuri uwo mwanya na Lieutenant general Jean-Claude Yav Kabeya. Iyi mirimo mishya akaba yarayihawe tariki ya 17 Nyakanga n’umukuru w’igihugu mu rwego rwo guhindurira imirimo mishya no gushyira mu myanya abayobozi bakuru b’ingabo muri RDC Imihango yo gusimburana ikaba yarayobowe n’umuyobozi mukuru mu biro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi wasigayeho Désiré-Cashmir Eberande Kolongele.dore ko kuri uwo mwanya wariho Vital Kamarhe wakatiwe imyaka 20 muri gereza nkuru ya Kinshasa. Yasabye umuyobozi mushya General major Mualunda Tumba Franck
 Côte d’Ivoire: Ishyaka RHDP riri ku butegetsi riraterana kugira ngo ritange umukandida mushya

 Côte d’Ivoire: Ishyaka RHDP riri ku butegetsi riraterana kugira ngo ritange umukandida mushya

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 29Nyakanga 2020 Abidjan ishyaka RHDP riraterana hari Perezida wa Côte d'Ivoire Alassane Ouattara, bagiye gushaka umukandida mushya uzatangwa mu mwambaro w’ishyaka mu matora ya Perezida mu kwezi k’Ukwakira gutaha. Kuri benshi Kandidatire ya Alassane Ouattara ntabwo ijijinganywaho, uri ku mwanya wa mbere muri Côte d'Ivoire agomba kwakira icyo ishyaka ryahisemo. Nyuma y’urupfu rwa Minisitiri w’intebe Amadou Gon Coulibaly mu ntangiriro za Nyakanga, Ishyaka rya RHDP ntabwo ryahagaritse gukomeza gusaba umuyobozi Alassane Ouattara kurihagararira, hashize icyumweru ku busabe bw’umuyobozi nshingwabikorwa w’ishyaka Adama Bictogo asabye amatora akazabera Abidjan. Ahagomba kuboneka uhagararira ishyaka ariwe Perezida wari usoje manda ye. Mu cyumweru gikurikira min
Abatanzaniya bose biteguye guherekeza bwa nyuma Benjamin Mkapa

Abatanzaniya bose biteguye guherekeza bwa nyuma Benjamin Mkapa

Amakuru, MU MAHANGA
Umuhanda werekeza muri Village ya Lupasa District ya Masasi mu gace ka Mbwara wanyurwagamo n’imodoka ziherekejwe na Police ya Tanzaniya mu gushyingura uwayoboye Tanzaniya bwa gatatu Perezida Benjamin William Mkapa aho ashyingurwa uyu munsi. Indege ya Gisirikari yari itwaye umurambo wa Perezida Mkapa nyuma yuko abaturage ndetse n’abayobozi batandukanye bamusezeyeho bwa nyuma kuri Stade Uhuru mu mujyi wa Dar es Salaam umurambo werekejwe ku kibuga cy’indege cya gisilikari  aho wahagurutse ku kibuga cya Gisirikari werekeje muri District ya Masasi aho wageze ku kibuga cy’indege cyaho 15:00. Umubiri wu wahoze ayobora Tanzaniya wakiriwe na Minisitiri w’intebe Mr Kassim Majaliwa wahiswe werekezwa aho agomba gushyingurwa mu gace ka Lupaso aherekejwe na police hamwe n’igisirikari aho wahageze
Mali: Umuryango wa Cedeao uratanga inama yo kwirukana abadepite 31 bigaragambije

Mali: Umuryango wa Cedeao uratanga inama yo kwirukana abadepite 31 bigaragambije

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Abakuru b’ibihugu byibumbiye mu muryango wa Cedeao bahuriye hamwe mugushaka ibisubizo byo muri Mali mu nama yabahuje ku ikoranabuhanga kugira ngo bashake ibisubizo birambye ku bibazo biri muri Mali. Umuryango wa Cedeao wo muri ako karere ukaba ushakira ibihano abatavuga rumwe n’ubutegetsi kugira ngo babone uko basohoka muri ibyo bibazo ndetse no kurekera ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakaba babyamaganiye kure bakaba bagiye kurushaho kwiyegeranya bundi bushya. Ubutegetsi bwa batavuga rumwe n’ubuyobozi bakomeje kugirana amakimbirane muri Mali, Abishyize hamwe ba 5 Juin (M5) ndetse n’abahurije hamwe imbaraga y’impinduka bakomeje gusaba ko Perezida Ibrahim Boubacar Keïta yakwegura ku mirimo. Cedeao mu nama yari iyobowe na Perezida ukomoka
Imihango yo gusezera kuri Perezida Mkapa bwa nyuma byarangije gutegurwa neza

Imihango yo gusezera kuri Perezida Mkapa bwa nyuma byarangije gutegurwa neza

Amakuru, MU MAHANGA
Abatanzaniya kuri uyu munsi niwo wo gusezeraho bwa nyuma no guha icyubahiro mu guherekeza uwahoze ari umukuru w’igihugu Beanjamin William Mkapa kuri Uhuru Sitade, ibikenewe byose bikaba byarangije gutegurwa. Mbere yo gutumira abaza kumusezeraho bwa nyuma uwari umuyobozi w’igihugu harabanza amasengesho yo kumusezeraho ayoborwa n’abayobozi ba Catholic . Umuhango w’iminsi itatu usozwa kuri uyu wa kabili mbere yo kwerekeza aho ashyingurwa muri Lupaso District ya Masasi mu gace ka Mbwara aho azashyingurwa kuri uyu wa gatatu. Ejo hashize Minisitiri w’Intebe Kassim Majaliwa hamwe n’abayobozi bakuru bo mu ngabo bakomeje gukurikirana imwiteguro yo kuri Sitade nkuko bitangazwa n’umuvugizi wa Guverinoma Dr Hassan Abbasi aho avuga ko minisitiri w’intebe ariwe uyobora abatanzaniya mu muhango
Abayobozi bakuru bazaha icyubahiro no gusezera kuri Benjamin William Mkapa kuri uyu wa kabiri

Abayobozi bakuru bazaha icyubahiro no gusezera kuri Benjamin William Mkapa kuri uyu wa kabiri

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Nkuko ibihumbi bya Batanzaniya bakomeje guha icyubahiro uwahoze ayobora Tanzaniya Benjamin Mkapa, ibi bikaba byakomeje no kuri uyu munsi wo kuwa mbere, naho abayobozi bo muri guverinoma bakaba bazahabwa amahirwe yo kumusezeraho ku munsi wejo. Umuvugizi wa Guverinoma Dr Hassan Abbasi yatangaje kuri iki cyumweru ko kuwa kabiri hateganijwe kuzaha icyubahiro abayobozi bo hejuru hamwe n’inshuti za Tanzaniya z’abayobozi. Yagize ati “Uyu muhango uzayoborwa na Perezida John Pombe Magufuli mbere yo kwerekeza umubiri we mu kagali ka Lupasa  muri District ya Masasi mu mudugudu wa Mbwara ahazabera imihango yo kumushyingura kuri uyu wa gatatu”. Yakomeje agira ati “Abatanzaniya barasabwa gukomeza kuza muri Stade ya Uhuru  gukomeza guha icyubahiro uwahoze abayobora kandi wabayoboye neza, imiryan
Ubwicanyi bushya muri Darfour,abantu 60 bapfuye

Ubwicanyi bushya muri Darfour,abantu 60 bapfuye

Amakuru, MU MAHANGA, UMUTEKANO
Abantu barenga 60 bamaze kwicwa abandi 60 barakomereka mu bwicanyi bushya mu cyaro cya Darfour y’iburengerazubankuko bitangazwa na ONU. Agatsiko kabatera katangiye mu cyumweru gishize hagati y’ubwoko bwa barabu n’abahinzi batari abarabu bapfa ubutaka. Nkuko bitangazwa n’umuryango w’Abibumbye (ONU) abantu bitwaje intwaro barenga 500 bateye kuri uyu wa gatandatu mu gice cya Masteri, mu birometero 50 uvuye mu mujyi w’intara ya El Geneina, imibare itangazwa ni abantu 60 bishwe abenshi bakaba bari mu muryango w’abamasayi, inzu n’amasoko byo muri ako gace bikaba byarasenywe ndetse biranatwikwa. Mu minsi myinshi ishize, uguhohoterwa ndetse no kwicwa biturutse ku moko byagiye byiyongera muri ako gace, kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Nyakanga 2020 abaturage 20 barishwe muri Darfour y’amaj
Mali: Abakuru b’ibihugu bitanu ntibageze ku ntego n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Bamako,Cédéao itumiza inama

Mali: Abakuru b’ibihugu bitanu ntibageze ku ntego n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Bamako,Cédéao itumiza inama

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Inkuru dukesha AFP Uruzinduko rw’Abakuru b’ibihugu bitanu byo mu burengerazuba bw’Afurika bayobowe na Perezida w’Umuryango wa Cédéao Mahamadou Issoufou basoje inama kuri uyu wa kane n’injoro 23 Nyakanga 2020. Nubwo bwa nyuma tutizeye kubona ibyava mu batavuga rumwe n’ubutegetsi kubera ko umurongo bafite udahinduka Cédéao irongera gutera inkunga Perezida Ibrahim Boubacar Keïta ( IBK) Uwa mbere wageze Bamako, Perezida ivoirien Alassane Dramane Ouattara ibintu abifata mu ntoki nkibye. Yahise atangira ibiganiro mu cyumba cy’abanyacyubahiro ku kibuga cy’indege na mugenzi we wa mali wari waje kumwakira, mu mujyi yahuye n’abigaragambya bake batavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’ababushyigikiye. Hanyuma, abandi bakuru b’ibihugu bagiye baza bakurikiranye,Perezida wa Niger, uwa Senegal,uw