Month: June 2020

Igare ninde hagati ya RayonSports na Gasogi Unitede?

Igare ninde hagati ya RayonSports na Gasogi Unitede?

Amakuru, IMIKINO
Umuvugizi wa Rayon Sports FC, Jean Paul Nkurunziza, yavuze ko Gasogi United itari ku rwego rwo guhanganira umukinnyi na Rayon. Kuri we Gasogi United imeze nk’igare ry’umunyonzi ufata ku ikamyo (Rayon) ikamuzamura ahaterera. Yemeza ko  umukinnyi uwo ariwe wese Rayon yakwifuza yamugura. Nkurunziza Jean Paul avuga ko Rayon Sports yifuje Kwizera Olivier ukinira Gasogi United, iramutwara bityo rero ngo Gasogi United ntishobora guhatanira umukinnyi na Rayon. Ati: “Gasogi United ni igare, Rayon ikaba ikamyo. Ni kwa kundi umunyegare afata inyuma ku ikamyo ngo imufashe ahazamuka. Rayon yifuje gukura umukinnyi muri Gasogi United ntibyasaba n’isegonda. Rayon ntabwo yahanganira umukinnyi na Gasogi United na bo barabizi.” Avuze  ibi mu gihe mu minsi ishize Gasogi yasinyishije umukin
Obadiah Biraro  yagaragaje Miliyari 220,5 zakoreshejwe nabi mu mitangire y’amasoko ya Leta

Obadiah Biraro yagaragaje Miliyari 220,5 zakoreshejwe nabi mu mitangire y’amasoko ya Leta

Amakuru, RWANDA, UBUKUNGU
Umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta agaragaza ko mu myaka 3 ibanziriza uw’ingengo y’imari wa 2019-2020 hari amafaranga asaga miliyari 220,5 yakoreshejwe nabi mu itangwa ry’amasoko ya Leta. Imwe mu mishinga irimo nko kubaka imihanda, ibikorwaremezo by’amazi n’amashanyarazi, kugura ibikoresho bigenewe uburezi, ibyo mu biro n’ibindi biri mu byatanzweho amasoko ya Leta,Bamwe mu baturage bagaragaza ko hari ibikorwaremezo byatangiye kubakwa na barwiyemezamirimo nyuma bakaza gusiga imirimo itarangiye, ibyo aba baturage bari biteze kuri iryo terambere ntibabigeraho. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta y’umwaka wasoje kuwa 30 Kamena 2019 igaragaza ko hari amasezerano yatanzwe mu gupiganira amasoko ya Leta muri yo hagaragaramo icyuho cy’amasezerano yazimye kandi Leta yaratanze ama
Abagera ku 101 nibo baraye bagaragaweho ubwandu bwa Covid-19

Abagera ku 101 nibo baraye bagaragaweho ubwandu bwa Covid-19

Amakuru, RWANDA, UBUZIMA
Ubwandu bwa Covid-19 bwaraye bugaragaye byatumye hibazwa kubwirinzi bukorwa bwibazwaho. Umubare wabantu banduye Covid-19 kuva yagera mu Rwanda ku munsi w’ejo hashize nibwo bwa mbere hagaragaye umubare munini cyane w’ubwandu kuko habonetse abarwayi bagera 101 mu gihugu hose Nyuma ya karere ka Rusizi,Karongi na Rubavu  hagiye haboneka abanduye Covid-19  ku munsi W’ejo hashize muri Kigal niho hagaragaye abanduye benshi dore ko ibipimo byagaragaje ko muri Kigali habonetse abantu bagera kuri 22 naho abandi bagera kuri 72 babonetse mu bagororwa ba Ngoma. Nyuma yo kubona ubwandu buri hejuru mu gihugu hose habayeho inama yihutirwa yo kurebera hamwe uburyo iki cyorezo cyarushaho gukumirwa no kwirindwa kuburyo burambye,Ibi bikaba byatuma hafatwa izindi ngamba ziyongera kuzarizihari.
Umutwakazi Imelde SABUSHIMIKE yashyizwe muri Guverinoma y’Uburundi

Umutwakazi Imelde SABUSHIMIKE yashyizwe muri Guverinoma y’Uburundi

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Imelde SABUSHIMIKE wari usanzwe ahagarariye inyungu z’abatwa ndetse akaba n’umwe mu babavuganiraga yahawe umwwanya muri Guverinoma ya Alain Guillome Bunyoni. Imelde niwe washinze umuryango uharanira inyungu z’abatwa mu mwaka wa 2003 witwa UNIPROBA (Unissons nous pour la Promotion des Batwa or Unite for the Promotion of the Batwa ), yagiye abahagararira mu nama z’umuryango w’abibumbye yabereye Geneva, aho yabasabiye uburyo imibereho yabo yahinduka bakabona amashuli yo kwiga ndetse n’imibereho yabo igahinduka. Mu mwaka wa 2015 Imelde yaje kuba umunyamabanga w’umurwi w’igihugu ushinzwe ibiganiro byo guhuza abarundi (CNDI Commission National de Dialogue Interburundais) washyizweho n’uwayoboraga igihugu cy’Uburundi Petero Nkurunziza. Perezida Mushya w’Uburundi General Evariste Nday
Gukaza ingamba ni ngomba kugira ngo Covid-19 itsindwe

Gukaza ingamba ni ngomba kugira ngo Covid-19 itsindwe

Amakuru, UBUZIMA
Ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Ngamije Daniel yasuraga ikirwa cya Nkombo yabasigiyee ubutumwa ko bafite ubushobozi bwo guhashya Covid-19 ku Nkombo, kuko ni ikirwa kandi bahagaritse amato ajyayo ndetse nabo bakicunga ntabwo bakongera kwandura Coronavirusi. Kimwe mu bikomeje guhangayikisha u Rwanda ni ukwiyongera kwabandura Covid-19, bityo akaba ariyo mpamvu ingamaba zikomejwe gukazwa hirya no hino cyane cyane akarere ka Rusizi ukwezi ku kaba kurangiye bari muri #GumaMurugo bityo imibare ikaba igabanuka muri ako Karere. Mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Kamena 2020 nibwo hari utugali two mu karere ka Kicukiro na Nyarugenge twashyizwe muri #GumaMurugo y’iminsi 15 kugira ngo utwo tugali dukurikiranirwe hafi abanduyemo badakomeza kwanduza abandi muri Kigali. Kuri uyu mugoroba wo kuri iki cyu
I Burundi Hatangajwe abagize guverinoma shya 13 muri 16 bakomoka muri CNDD-FDD

I Burundi Hatangajwe abagize guverinoma shya 13 muri 16 bakomoka muri CNDD-FDD

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Ibiro bya Perezida w’u Burundi byatangaje abagize Guverinoma nshya, biganjemo abava mu ishyaka riri ku butegetsi, hafi 30% ni abagore, umwe muri bo yafatiwe ibihano na Amerika n’Ubumwe bw’Uburayi. Guverinoma y’u Burundi yari isanzwe igizwe n’abaminisitiri 23, iyatangajwe mu ijoro ryacyeye igizwe na 16 (ushyizemo na Minisitiri w’Intebe) harimo abagera kuri batatu bari basanzwe muri guverinoma. Kimwe na Minisitiri w’Intebe, undi utavugwaho rumwe waje muri guverinoma ni komiseri wa polisi Gervais Ndirakobuca wamenyekanye mu gukoresha imbaraga mu kurwanya abigaragambya mu 2015. Ibi byatumye leta ya Amerika n’umuryango w’ubumwe bw’uburayi bifatira ibihano Bwana Ndirakobuca, ubu yagizwe Minisitiri wa Minisiteri ebyiri zafatanyijwe; iy’Ubutegetsi n’iy’Umutekano,Abandi bavugwa cya
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 2282, hari n’abashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 2282, hari n’abashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Amakuru, RWANDA
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yazamuye mu ntera abapolisi 2282 abandi 261 bashyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. Mu bazamuwe mu ntera, harimo abapolisi babiri bari bafite ipeti rya Assistant Commissioner of Police bazamuwe ku ipeti rya Commissioner of Police (CP). Abo ni Emmanuel Hatari na Costa Joseph Habyara. Hatari asanzwe ari Umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba mu gihe Costa Joseph Habyara yakoze muri Minisiteri y’Ubutabera nk’Umuyobozi ushinzwe iyubahirizwa ry’amategeko. Abandi umunani bari bafite ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP) bazamuwe ku ntera ya Assistant Commissioner of Police (ACP). Abandi 22 bari ku ipeti rya Senior Superintendent of Police bo bazamuwe ku ipeti rya Chief Superintendent of Police (CSP). Ni mu gihe 39 bari bafite ip
Inzige kuri ubu zigeze i Delhi mu Buhinde

Inzige kuri ubu zigeze i Delhi mu Buhinde

Amakuru, MU MAHANGA
Abatuye mu bice bimwe by'umurwa mukuru Delhi w'Ubuhinde basabwe kuba maso no gufunga amadirishya n'imiryango by'inzu nyuma yaho inzige ziteye mu karere ko mu nkengero zawo. Abanyamakuru bari yo bavuga ko ari bwo bwa mbere ako karere ka Gurgaon (cyangwa Gurugram) kibasiwe n'igitero cy'inzige,Amashusho yo ku mbuga nkoranyambaga agaragaza udukoko tubarirwa mu bihumbi tuguruka hejuru y'inzu tukagwa ku bisenge. Ubuhinde bwugarijwe n'igitero cy'inzige cya mbere kibi cyane kibayeho mu myaka ibarirwa muri za mirongo ishize,Bivugwa ko izo nzige zaturutse mu karere ko mu ihembe ry'Afurika - izo na zo zikomotse muri Yemen,Ubu zimaze kurya ibihingwa muri leta nyinshi mu zigize Ubuhinde. Ejo ku wa gatandatu, Gopal Rai, Minisitiri w'ibidukikije i Delhi, yasabye abategetsi b'uturere two ...
Munyakazi Sadate yinjiranye ikinyoma muri Rayon Sport none asohokanye ikimwaro

Munyakazi Sadate yinjiranye ikinyoma muri Rayon Sport none asohokanye ikimwaro

Amakuru, IMIKINO
Uyu muyobozi wa Rayon Sport FC yatowe muri Nyakanga 2019 ku buryo nta mwaka yaramaze ayobora iyi kipe ikundwa mu Rwanda, ariko numa yuko asezerewe na Rayon Sport Association ntabwo arabyemera ku buryo akomeje kugorana kurekura.   Mu mwaka wa 2015 yashatse kwiyamamaza yitwaza imishinga afite ariko bamubaza aho azavana izo nkunga maze kubisobanura biramunanira, ntiyacika integer kuko yongeye kubigerageza mu mwaka wa 2017 maze Gacinya na Prosper bongera kumubaza ibyo yabajijwe muri 2015 basanga nubundi ntacyahindutse kuriwe. Mu mwaka wa 2019 yongeye kwitwikira ikinyoma maze Muvunyi Paul na Muhirwa Freddy babiha umugisha, none dore atangiye kubageza kubageza mu nkiko, ikindi akimara kugera ku buyobozi yatangiye icyari kimuzanye aho yafashe abakinnyi atangira kubagurisha muri APR FC ah
Pierre Nkurunziza wari Perezida w’igihugu cy’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro gikomeye

Pierre Nkurunziza wari Perezida w’igihugu cy’u Burundi yashinguwe mu cyubahiro gikomeye

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Abarundi batagira ingano baturutse imihanda yose kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020 byazindukiye kuri Stade Ingoma mu Mujyi wa Gitega mu muhango wo gusezera no gushyingura Nkurunziza Pierre wahoze ayoboye icyo gihugu. Pierre Nkurunziza yitabye Imana tariki 08 Kamena 2020 azize urupfu rutunguranye, nk’uko itangazo Guverinoma y’u Burundi yasohoye icyo gihe ribivuga,Byari biteganyijwe ko azava mu biro bye muri Kanama 2020 agasimburwa na mugenzi we Evariste Ndayishimiye watsinze amatora yabaye tariki 20 Gicurasi 2020,Icyakora Nkurunziza yagombaga guhabwa umwanya w’umuyobozi w’ikirenga aho yari kujya ahabwa akayabo k’amafaranga ndetse n’ibindi yakenera. Pierre Nkurunziza yavutse ku wa 18 Ukuboza 1964, ayobora u Burundi kuva mu 2005 yongera gutorwa mu 2015 muri manda yagombag