Month: September 2018

Amahugurwa yaberaga mu karere ka Rwamagana arebana siporo kuri bose yasojwe hashimirwa abayitabiriye uko bari 17.

Amahugurwa yaberaga mu karere ka Rwamagana arebana siporo kuri bose yasojwe hashimirwa abayitabiriye uko bari 17.

IMIKINO
Kuruyu wa gatanu nibwo amahugurwa ya siporo kuribose  yaberaga mu karere ka Rwamagana  yasojwe aho abasaga 17 bashinzwe siporo n’umuco  bari bitabiriye aya mahugurwa  bakaba barayasoje bafashe ingamba zirimo kumanuka bakajya gukangurira  abaturage bo mu tugari n’imidugudu gukora siporo bahuriyemo aribenshi kuko bibafasha kwiteza imbere. Eugene Nzabanterura  umujyanama muri komite Olempike y’u Rwanda  akaba anashinzwe gukurikirana no gushyira mubikorwa ayamahugurwa arigutangwa muturere tugize igihugu avuga ko abona aya mahugurwa  yatanzwe azagirira akamaro abaturage mu gukora siporo rusange akazatanga n'umusaruro mu kurwanya indwara zitanduura ziterwa no kudakora siporo.   Sharangabo Alexis Umunyabanga uhoraraho muri komite olwmpike mu Rwanda yashimiye abitabiriye amah
ES Kirambo yegukanye igikombe cya Shampiyona muri Handball y’abakobwa

ES Kirambo yegukanye igikombe cya Shampiyona muri Handball y’abakobwa

Amakuru, IMIKINO
Iyi mikino yasojwe kuri uyu wagatandatu ahagombaga guhura amakipe ane ariko haboneka 3 ariyo yahuye Es Kirambo, TTC de ka Salle, Duha Complexes School naho GS Mwendo ntabwo yabashije kuboneka bikaba byahinduye uko imikino yagomba kuba biba ngombwa ko ayo yabonetse ahura yose. Iyi mikino yabereye kuri stade amahoro yose iyi mikino ikaba yatangiye ihuza Es Kirambo yahuye na Duha CS umukino urangira Es Kirambo itsinda 21-15 Duha CS, umukino wakurikiyeho wahuje Duha CS 30-21 TTC de la Salle umukino wa nyuma wahuje Es Kirambo 22-15 TTC de ka Salle ihita yegukana igikombe kuko yari igize amanota 6/6. Umunyamabanga  mukuru wa Handball Ngarambe Jean Paul akaba yatangarije rebero.co.rw ko hasigaye amarushanwa abiri ngo basoze imikino muri Handball yakomeje agira ati “ Mu mikino dusigaje h
Urugendo kuri  siporo kuri bose rukomereje mu ntara y’iburasirazuba mu karere ka Rwamagana kubufatanye na  Komite Olempike y’u Rwanda.

Urugendo kuri siporo kuri bose rukomereje mu ntara y’iburasirazuba mu karere ka Rwamagana kubufatanye na Komite Olempike y’u Rwanda.

IMIKINO
Kuva tariki ya 27-28 Nzeri 2018, Komite Olempike y’u Rwanda ku nkunga ya Solidarite Olempike yakomereje icyiciro cya gatatu cy’amahugurwa kuri siporo kuri bose mu mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Rwamagana. Ku bufatanye n’inzego za leta, Komite Olempike ikomeje guhugura abashinzwe guteza imbere siporo ku rwego rw’uturere hagamijwe gukomeza guteza imbere siporo mu Rwanda hagendewe ku ndangagaciro Olempike, akaba ari igikorwa gisozwa no gukorera hamwe siporo. Madam BASHABE Jennifer ushinzwe abakozi mu karere ka Rwamagana niwe wafunguye ayamahugurwa arikubera mu ntara y’iburasirazuba akaba yahaye ikaze abitabiriye amahugurwa anabasaba kuzashyira mu bikorwa ibyo bazigiramo mu turere twabo nokurushaho kubigira umuco. EUGENE Nzabanterura Umujyanama  muri Komite Olempike
U Rwanda rwatangiye rutsinda mu mikino Chess  Olympiad 2018 ibera Georgia

U Rwanda rwatangiye rutsinda mu mikino Chess  Olympiad 2018 ibera Georgia

Amakuru, MU MAHANGA
Nyuma yo guhaguruka mu Rwanda kuri iki cyumweru u Rwanda umukino wabo wa mbere bakinnye kuri uyu wa kabiri abakobwa bakaba aribo batangiye bakina na abaturanyi ba Barundi u Rwanda rutsinda 3-1. Tubibutse ko u Rwanda rwajyanye abakobwa batanu (5) ariko bakiri bato dore ko hari n’abitabiriye iyi mikino aribwo bwa mbere ariwe Joseline Uwase cyakora bitwaye neza kuko abakinnye ari Uwase Joseline na Layola Murara Umuhoza bombi bafite imyaka 15, uwari waruhutse utakinnye akaba ari Christella Uwamahoro uyu munsi bakaba bari bukine na Mexico. Mu Rwego rw’abagabo hagiye abagabo batandatu hamwe na Captain wabo mu batangiye gukina harimo Urwintwali Ian w’imyaka 16 akina na Seymore Smith Urwintwali aba umunyarwanda wa mbere utsinze . Hakurikiyeho Maxence Murara atsinda Jerry Aska naho Fid
Ku mupaka wa Uganda haravugwa icyorezo cya Ebola

Ku mupaka wa Uganda haravugwa icyorezo cya Ebola

Amakuru, UBUZIMA
Itsinda ritanga imfashanyo rya Save the children riravugako ritewe impungenge n’abantu babiri bagaragayeho ibimenyetso bya Ebola hafi y’umupaka wa Uganda. Ebola ni indwara imaze guhita na Abataribake muri RDC Ibi byabaye ahagana ku birometero 200 uvuye mu gace kagaragayemo icyorezo gishya mu burasirazuba bwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu muryango uravuga ko uri kugerageza gushyiraho uburyo bw’ubutabazi no gufasha muri Uganda no gutoza amatsinda y’abanyabuzima mu midugudu. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita Ku buzima(OMS) ritangaza ko Uganda ishobora kuba igiye kwibasirwa na Ebola. Iyi ndwara imaze iminsi ivugwa mu gihugu cy’abaturanyi cya Congo yanahitanye ubuzima bw’abatari bake n’ubwo OMS yari yatangaje ko nta ebola ikirangwa muri ikigihugu nyamara nyuma ik
Abagore b’abanyapolitike bajyana abana babo ku kazi ibitamenyerewe muri Afurika (Amafoto)

Abagore b’abanyapolitike bajyana abana babo ku kazi ibitamenyerewe muri Afurika (Amafoto)

Amakuru, MU MAHANGA, POLITIQUE
Abagore benshi bo ku isi cyane cyane abafite akazi bakora basigira abana babo abakozi bo mu rugo bakabitaho mu gihe bagiye ku kazi cyangwa se bakanabasiga mu ngo bibwirako ari  byo bigezweho nyamara bamwe mu banyapolitike bakomeye b’abagore bo babajyana no mu nama akomeye. Uyu ni Minisitiri w’Intebe wa New Zealand Jacinda Arden akaba ariwe muyobozi wa mbere w’umugore ku isi wajyanye umwana we Neve Te Aroha w’amezi atatu   mu nteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye(UN) I New York. Mu Bwongereza uwitwa Jo Swinson nawe ni umwe mu bayobozi bakomeye wajyanye umwana we mu biganiro mpaka(debates). Yavuze ko yizerako bigaragaza intambwe ikomeye mu nteko ishinga amategeko igezweho. Uyu ni senateri Larissa Waters w’umunya Australia arimo konsa umukokbwa we Alia Joy mu matora muri
Nyamasheke: Umuceri wabuze isoko ni kimwe mu bibazo by’ingutu bibangamiye abaturage

Nyamasheke: Umuceri wabuze isoko ni kimwe mu bibazo by’ingutu bibangamiye abaturage

Amakuru, UBUKUNGU
Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke bakorera ubuhinzi bwabo mu gishanga cya Kirimbi  baravuga ko bahinze umuceri ukaba uheze mu bubiko babuze isoko, mu gihe minisititi w’ubuhinzi n’inganda Munyeshyaka Vincent avuga ako iki kibazo kigiye gukemurwa vuba Uyu ni umuceri w’abahinzi ugiye guhombera mu bubiko Abo bahinzi bibumbiye muri koperative Duhuzimbaraga, bavuga ko uwo mushoramari yari yarabijeje kugura umusaruro wabo wose akanawutunganya ariko aho umusaruro wereye baramubura. Umusaruro bari basanzwe beza ngo wagurwaga n’abashoramari baturutse muri Bugarama na Muhanga kandi bakabagurira neza. Nyuma haje umushoramari muri ako karere ahubaka uruganda anabizeza kubabera umuguzi mukuru. Gusa ibyishimo bari batangiranye ntibyamaze kabiri kuko ku isarura riheruka yananiwe kugura na t
Igisubizo Zari yahaye Diamond ku magambo yanditse amwifuriza isabukuru nziza cyatangaje imbaga

Igisubizo Zari yahaye Diamond ku magambo yanditse amwifuriza isabukuru nziza cyatangaje imbaga

Amakuru, IMYIDAGADURO
Kuwa 23, Nzeri nibwo Zari yijihije isabukuru ye y’amavuko y’imyaka 38, Diamond wari umugabo we bafitanye n’abana yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram amwifuriza isabukuru nziza ndetse agaragaza ko anamwubaha, yashubijwe na Zari ijambo rimwe ryakomeje kwibazwaho na benshi Amwe mu magambo Diamond yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram yuzuyemo ukwicisha bugufi Zarina Hassan uzwi na benshi nka Zari the Boss lady yijihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 23, Nzeri. Mu bafashe iya mbere mu kumwifuriza isabukuru nziza harimo umuhanzi Diamond Platnumz bafitanye abana babiri, Latifah Dangote wavutse mu 2015 na Prince Nillan wavutse mu 2016. Mu butumwa burebure yanditse, Diamond yashimiye uyu mugore kuba yaramubyariye abana babiri beza, ndetse amuhamiriza ko ibyaba byose azahora amwubaha
Dore bumwe mu bwoko bw’imbuto n’imboga wagakwiye kwibandaho kugira ngo ugire ubuzima bwiza (Igice 1)

Dore bumwe mu bwoko bw’imbuto n’imboga wagakwiye kwibandaho kugira ngo ugire ubuzima bwiza (Igice 1)

Amakuru, UBUZIMA
Abantu benshi bakomeje guhura n’indwara zitandukanye  bamwe zigenda zihitana ubuzima bwabo, nyamara hari bimwe mu bimera harimo imbuto n’imboga ikiremwa muntu cyagakwiye kwibandandaho bityo umubiri ukagira ubwirinzi buri ku rwego rwo hejuru. Ubuzima bwa muntu bukeneye bimwe mu byatuma umubiri ukora neza, bityo rero Rebero.co.rw yabakukusanyirije bumwe mu bwoko bw’imbuto n’imboga umuntu yagakwiye kwibandaho(igice cya 1) kugira ngo agire ubuzima buzira umuze. Umuneke Ubushakashatsi bwagaragaje ko umuneke ufitiye akamaro umubiri w’umuntu, ni kimwe mu rubuto rurinda umutima. Umuntu ukunze kurya imineke nta ndwara y’umutima akunze kurwara kubera ko imineke irinda indwara y’umutima Umuneke ugirira akamaro abarwaye indwara z’umutima, iz’amara, izo mu ngingo harimo nka goutte
Amahugurwa yatangwaga na zimwe mu mpuguke muri Karate yashojwe hazamurwa abatsinze ibizamini hanatangwa bimwe mu bihembo bitandukanye.

Amahugurwa yatangwaga na zimwe mu mpuguke muri Karate yashojwe hazamurwa abatsinze ibizamini hanatangwa bimwe mu bihembo bitandukanye.

Amakuru, IMIKINO
Ubwitabire bw'abanyarwanda mu gihe gisaga iminsi 5 yamahugurwa ya yobowe na Toshihiro Mori uturuka mu buyapani ufite Dani 8 mu kiciro cya Shotokanmuri karate.   Aya mahugurwa ku mukino wa karate akaba yaritabiriwe nabamwe mubakunnyi batandukanye baturutse mu bihugu bituranye n’u u Rwanda nkigihugu cya Kenya cyari cyohereje bamwe mu bakinnyi bakina karate.   Kubera ubuhanga uyu mugabo Toshihiro Mori amaze kugira mu mukino wa karate nyuma yo gutangaza aya mahugurwa abantu bakaba baritabiriye ku bwinshi aho aya mahugurwa yaberaga munzu mberabyombi ya Lycee de Kigali. Nkuko twabitangarijwe na Rurangayire Guy umwe mubateguye aya mahugurwa yagize ati”Mubyukuri ntago byoroshye kugirango ubone Toshihiro Mori(8th dan), Kamino Masaru (7th dan) na Dr. Harano Kazuyoshi (